Year: 2019

Ntawakwicuza ko yakijijwe akiri muto. Theogene RIZINDE

0Shares

Amateraniro ya CEP ku wa 27ukuboza 2019 Umwigisha: Theogene RIZINDE Intego y’ijambo ry’Imana: “Kugira umwete”. Abaheburayo12:14 “Mugire umwete wo kubana n’abantu bose amahoro n’uwo kwezwa, kuko utejejwe atazareba Umwami Imana”. Hari ibintu abantu dukwiriye gushima Imana, tudakwiriye kureba ngo tuvuge…

 1,454 total views

0Shares

Noheli nyayo, umukirisitu ahora azirikana ko Yesu yavutse kuducungura. J Damascene MANIRIHO

0Shares

Amateraniro ya CEP ku wa 25 ukoboza 2019. Umwigisha: Jean Damascene MANIRIHO Intego y’ijambo: Kirisitu Umucyo W’isi Umukiristu wese wukuri agendana Noheli mu mutima we. Noheli uyu munsi wa 25 z’ukwacumi nabiri ntabwo ariho Kiristu yavutse. Babibaze bashingiye ku ngoma…

 1,566 total views,  2 views today

0Shares

Ibibazo byabaye ku itorero ryo muri edeni igice cya gatandatu: Ibanga rinesha

0Shares

“Inzoka…..ibaza uwo mugore iti ni ukuri koko Imana yaravuze iti ntimuzarye ku giti cyose cyo muri iyi ngobyi?” Itangiriro:3:1. Toka Satani Ese iri jambo wigeze kurivuga? Cyangwa wararyumvise? Reka nsubize nti “Yego!” Kuko benshi mu batuye igihugu mbamo, iri jambo…

 777 total views

0Shares

Ikibazo cy’ ukuri: Ese ibyo urabyumva?

0Shares

Umuntu wabaye umunyeshuri n’ aho byaba igihe gitoya, yagiye abazwa ikibazo kivuga ngo “ese urabyumva?” Iki kibazo abarimu bakibaza kuko bazi ko ishingiro ry’ ubuhanga ari ukumva mbere yo gufata! Abantu benshi bafashe ibintu ku MANA ariko ntibazi icyo bisobanuye!…

 1,894 total views

0Shares

“ Ubundi Umukristo agomba gutukwa kubera impamvu imwe gusa” INGABIRE Clarisse

0Shares

Umwigisha kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29/11/2019 yari INGABIRE Clarisse akaba umukristu ushima Imana kandi akaba umunyeshuri muri kaminuza aho yiga mu gihugu cy’ubudage(German),yiga ibijyanye no kubaka(Civil engineering),yatangiye asobanura gusenga icyo aricyo,yavuze ko ari ukuganira n’Imana,kuganira n’igihe uba avugana…

 1,322 total views

0Shares

Bakiriwe mu muryango w’abanyeshuri baba pantekote(CEP-UR HUYE) muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye.

0Shares

Kuri iki cyumweru tariki ya 24/11/2019,mu nama yahuje abakristu bose ( General assembly)  hakiriwemo abanyeshuri bashya bari basanzwe basengera muri ADEPR ,nabifuza kuzaba abapantekote banabagezaho gahunda uyu muryango ugenderaho. Iyi nama yahuje abakristu bose yabereye muri imwe  mu nyubako za…

 1,064 total views

0Shares

Tumenye bibiliya igice cya Munani: Inkoni ya Aroni irabya igice cya Kane

0Shares

“Bukeye bwaho Mose yinjira mu ihema ry’ Ibihamya, asanga inkoni ya Aroni yatangiwe inzu ya Lewi irabije, ipfunditse uburabyo,…..Mose asohora izo nkoni zose….umuntu wese yenda inkoni ye” (Kubara:17:23-24). Inkoni zanze kwakira ubuzima Ihema ry’ ibonaniro ni ihema ryari ryarubatswe kandi…

 3,401 total views

0Shares

Ibibazo byabaye ku itorero ryo muri edeni igice cya gatanu: Inzoka

0Shares

“Inzoka yarushaga uburiganya inyamaswa zo mu ishyamba zose, Uwiteka Imana yaremye. Ibaza uwo mugore iti ni ukuri koko Imana yaravuze iti ntimuzarye ku giti cyose cyo muri iyi ngobyi?” Itangiriro:3:1. Ese ubonye inzoka nzima; amaso ku maso wakora iki? Ushobora…

 1,746 total views

0Shares

aho amarembo ntiyagushyanye? eve. Karekezi Pacifique

0Shares

AMATERANIRO YA CEP Umwigisha: Karekezi pacifique Intego y’ijambo ry’Imana” amarembo y’I Yelusalemu” Ibyahishuwe22:14“Hahirwa abamesera ibishura byabo kugira ngo b4emererwe kwegera cya giti cy’ubugingo, kandi banyure mu marembo binjire muri rwa rurembo.” Nehemiya1:1-3” Amagambo ya Nehemiya mwene Hakaliya. Mu kwezi kwitwa…

 2,167 total views

0Shares

Ibibazo byabaye ku itorero ryo muri edeni igice cya kane: Ni iki cyahindutse?

0Shares

Ese wari wahagera? Ese warahabaye? Reka mpakubwire……… Ni ahantu hari amapapayi, amavoka, imyembe, amapera, amatunda, imizabibu, incyeri, indimu, ibinyomoro, haba ibiti bibiri byo bifite amazina atangaje kandi bitagaragara ahandi hantu aho ari ho hose mu isi (kimwe cyitwa; igiti cy’…

 1,356 total views

0Shares