Month: February 2019

Byose bifataniriza hamwe kutuzanira ibyiza

8Shares

Ijambo ry’Imana: Kuwa 24 Gashyantare 2019 Umwigisha:  Muneza Alphonse Theme: kubo yahamagaye byose bifataniriza hamwe kutuzanira ibyiza Abaroma8:28 Imigani25:2 Itangiriro50:18 Ese koko byaba ibyiza byaba n’ibibi byafatanyirije hamwe kukuzanira ibyiza? Iyo wahamagawe n’Imana byose bifataniriza hamwe kukuzanira ibyiza Kugirango iri…

 37,244 total views,  34 views today

8Shares

Gusengera mu butayu bimaze iki ku mukristo?

0Shares

Abakristo benshi bajya bafata umwanya bakajya gusengera ahantu hatandukanye hatari murusengero bisanzwe. Hari abajya gusengera aho bakunze kwita mu butayu ariho mu mashyamba, mu mazi mu buvumo n’ahandi henshi hatandukanye. Ariko hari n’abandi bantu basenga ariko ibyo kujya mu butayu…

 2,576 total views,  2 views today

0Shares

Abayobozi bashya ba CEP UR HUYE basengewe Amafoto

0Shares

Ni kuri iki cyumweru tariki ya 10 Gashyantare 2019 muri Main auditorium ya kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye habaye umuhango wo gusengera abayobozi bashyashya ba CEP UR HUYE bagiye gukora umurimo w’Imana mu mwaka w’amashuri 2019-2020. Amatora yabaye tariki …

 1,430 total views,  2 views today

0Shares

Umukristo si umurinzi ni ingabo : Gashugi Yves

1Shares

Amasengesho y’umwihariko yo kuri uyu wa gatanu tariki 8 Gashyantare yakozwe n’abanyeshuri b’abanyamuryango ba CEP UR HUYE ni amasengesho cyangwa se nibature yatangiye saa kumi za mugitondo aho yarifite intego yo gusengera igihugu,gusengera itorero ry’ ADEPR ari naryo CEP UR ibarizwamo ndetse no gusengera ibizami  abanyeshuri  bari kwitegura. Ni ubwa mbere muri uyu mwaka, bene ayamasengesho yatangijwe saakumi z’igitondo akorwa kandi afite imbaraga. Kugera kuri sitade (stade)…

 1,092 total views,  2 views today

1Shares
Uncategorized

Abo turibo

0Shares

 1,173 total views

 1,173 total views

0Shares

Ubuhamya: Mama Lionel, yategereje imyaka 11 umugabo wari waramukoye, ntiyinuba ,

13Shares

Nitwa NYIRABAGENZI Alice, mvuka I butare mu ntara y’amajyepfo, nakijijwe mu mwaka w’1992, nkurira mu gakiza gutyo, mu mwaka w’1995 narambagijwe n’umusore tumara imyaka itanu dukundana, ankwa mu mwaka w’2000, ubukwe busohora mu mwaka w’2006 NYIRABAGENZI Alice ( Mama Lionel)…

 1,400 total views

13Shares

RUKIRI II: Akira ishimwe live concert yateguwe na korari rehoboth

0Shares

Korari Rehoboth isanzwe ikorera umurimo w’Imana, mu itorero rya ADEPR Rukiri II, muri Paruwasi ya Rukiri I, ho mu itorero ry’Akarere rya Gasabo, imaze imyaka isaga makumyabiri(20), ikora uyu murimo, birumvikana ko iwufitemo uburambe. Iyi korali yamenyekanye ku ndirimbo zakunzwe…

 1,760 total views

0Shares

Ibintu 3 umukirisito akwiye guhora yibuka bikamurinda kwitotombera Imana mu gihe ageze mu bigeragezo

0Shares

Aho isi igeze nta muntu ushobora guhakana avuge ko hariho ibihe birushya. Ni byo isi iruhije abayituye, bahangayikishijwe n’indwara, gupfusha, ubukene, inzara, amapfa, kwangwa, kuvugwa,…. Imihangayiko cyangwa ibibazo by’abantu biba bitandukanye, ibyawe ntibyasa n’iby’undi. Mu rwandiko rwa Yakobo atwibutsa ko…

 1,316 total views

0Shares

Dore amasengesho yafasha umukirisito guhangana n’ibihe by’ubukungu butifashe neza

0Shares

Mu gihe isi iri mu muvuduko udasanzwe w’iterambere ry’ubukungu, amafaranga ni ingenzi kandi kuyabura bishobora no kongerera umuntu umuhangayiko. Niwumva ibibazo by’amafaranga biganje ibitekerezo byawe, ujye usubizwamo imbaraga, humura! Yesu si imvano y’agakiza kacu gusa, ni n’umugenga, umurinzi ndetse umufasha…

 1,026 total views

0Shares
Uncategorized

Hello world!

0Shares

Welcome to WordPress. This is your first post. Edit or delete it, then start writing!  3,064 total views

 3,064 total views

0Shares