Ibaruwa: kuri wowe Ukundwa……
Yesu ashimwe, Impamvu nkwise Ukundwa ni uko Imana yagukunze cyane, ku buryo n’ aho isi yari kuba irimo umuntu umwe gusa (wowe wenyine), yari gutanga impano y’ igiciro cyinshi kuruta izindi, ariyo; Umwana wayo w’ ikinege Yesu Kristo. Imana igukunda…
1,250 total views
Ibibazo byabaye ku itorero ryo muri edeni igice cya gatatu: Icyo bari bafite
Twibukiranye, Mu gice cya kabiri twabonye ko ibitekerezo byacu iyo byanduye, Imana ibona ko turi babi; kuko ubwiza bw’ umuntu si ibikorwa by’ umubiri we(imirimo ye), ahubwo ni ibikorwa by’ umwuka we (ibitekerezo bye). twabonye ko umuti ari ukwemera Yesu…
1,208 total views
ibibazo byabaye ku itorero ryo muri edeni, igice cya kabiri
Bakiriye amakuru mabi Amakuru mabi atera gukora nabi….. Mu gice cya mbere twabonye ko impamvu ituma umuntu ahitamo gukora igikorwa iruta igikorwa yakoze ubwacyo! Niyo mpamvu Imana igenzura imitima (ibitekerezo), bityo n’ ubwo abantu twibwira ko icyaha ari igikorwa, Imana…
1,368 total views
IBIBAZO BYABAYE KU ITORERO RYO MURI EDENI, IGICE CYA MBERE: Bakoze icyaha
Ese biterwa n’ iki? Kugendera mu mwijima hari umucyo, Kwicwa n’ inyota kandi hari amazi, Kubabazwa kandi hari umunezero, Gupfa kandi hari ubuzima…. Biterwa n’ icyaha 1 Yohana 3:4 “Umuntu wese ukora icyaha, aba agomye, kandi icyaha ni cyo bugome.”…
1,384 total views
“Ibanga ryo kwishimirwa n’Imana, kwicisha bugufi”Mediateur NIYONIZERA
Amateraniro ya Cep ku wagatanu 27 nzeri 2019 Umwigisha w’Ijambo ry’Imana: NIYONIZERA MEDIATEUR Intego y’ijambo: “kwicisha bugufi” Imigani 15:33”Kūbaha Uwiteka ni ko kwigisha ubwenge, Kandi kwicisha bugufi kubanziriza icyubahiro.” Luke 14:7” Nuko acira abararitswe umugani, abonye uko bashaka intebe z’icyubahiro…
2,238 total views
” Mwitinya Imana yacu izavuna ukuboko kwa kabiri kwa farawo nako gusigaye” Ayinkamiye Esperance
Kuri iki cyumweru tariki ya 22/09/2019 mu materaniro ya CEP-UR HUYE, umwigisha yari Ayinkamiye Esperance yatangiye ashima Imana ko yamuhaye kurama kandi ikaba yaramuhaye umuryango ikamwubakira urugo kandi urugo rwiza yatanze ubuhamya bwo ukuntu umukozi ukora muri kaminuza yaje kumuhanurira…
1,242 total views
“Twe kuba abakristu gito muri iki gihe dusohoyemo”Ndindiriyimana Abel
Umwigisha kuri uyu wa gatanu mu materaniro tariki ya 20/09/2019 yari Ndindiriyimana Abel, yatangiye ashima Imana ko yabanye nawe. Anavuga impamvu twateranye ko ari igikorwa gikomeye cyabereye I karuvari yakomeje asoma Yohana 3:16 ,abefeso 2:8 iyi nimwe mu mirongo igaragara…
1,560 total views
TUMENYE BIBILIYA IGICE CYA KARINDWI: Umwami n’ abantu be Inkoni ya Aroni irabya III
Ibyiringiro by’ inkoni yumye….. Ni iki cyatuma inkoni yumagaye izana uburabyo? Ni iki cyatuma ubutayu buvamo imigezi? Ni iki cyatuma uwari upfuye azuka? Ni iki cyatuma unyotewe ashira inyota iteka ryose? “.….Umuntu nagira inyota aze aho ndi anywe. Unyizera imigezi…
1,122 total views
Mbese ni iki cyatumye uhamgarwa? zirikana guhamagarwa kwawe Ev. Alphonse MUNEZA
Amateraniro ya CEP ku cyumweru ku wea 15 nzeri 2019 Intego y’Ijambo ry’Imana” Dukomeze kuzirikana guhamagarwa kwacu” Umwigisha: Alphonse MUNEZA 2petero 2:6” kandi ubwo yaciriye ho iteka imidugudu y’i Sodomu n’iGomora iyitwitse ikayigira ivu, ikayishyiraho kuba akabarore k’abazagenda batubaha Imana,…
1,943 total views, 2 views today
Hari ibyo umukirisitu yari akwiye kurwanira, byirebere hano muri iki kigisho Theonest BAJENENEZA
Amateraniro ya CEP ku wagatanu ku wa 13 nzeri 2019 Umwigisha w’ijambo ry’Imana: Theonest BAJENEZA Intego y’ijambo ry’Imana” Kurwanira iby’agakiza” Yuda 1:3-4” Bakundwa, ubwo nagiraga umwete wo kubandikira iby’agakiza dusangiye niyumvisemo ko mpaswe no kubahugura, kugira ngo mushishikarire kurwanira ibyo…
1,792 total views