Year: 2019

Ibaruwa: kuri wowe Ukundwa……

0Shares

Yesu ashimwe, Impamvu nkwise Ukundwa ni uko Imana yagukunze cyane, ku buryo n’ aho isi yari kuba irimo umuntu umwe gusa (wowe wenyine), yari gutanga impano y’ igiciro cyinshi kuruta izindi, ariyo; Umwana wayo w’ ikinege Yesu Kristo. Imana igukunda…

 1,250 total views

0Shares

Ibibazo byabaye ku itorero ryo muri edeni igice cya gatatu: Icyo bari bafite

0Shares

Twibukiranye, Mu gice cya kabiri twabonye ko ibitekerezo byacu iyo byanduye, Imana ibona ko turi babi; kuko ubwiza bw’ umuntu si ibikorwa by’ umubiri we(imirimo ye), ahubwo ni ibikorwa by’ umwuka we (ibitekerezo bye). twabonye ko umuti ari ukwemera Yesu…

 1,208 total views

0Shares

ibibazo byabaye ku itorero ryo muri edeni, igice cya kabiri

0Shares

Bakiriye amakuru mabi Amakuru mabi atera gukora nabi….. Mu gice cya mbere twabonye ko impamvu ituma umuntu ahitamo gukora igikorwa iruta igikorwa yakoze ubwacyo! Niyo mpamvu Imana igenzura imitima (ibitekerezo), bityo n’ ubwo abantu twibwira ko icyaha ari igikorwa, Imana…

 1,368 total views

0Shares

IBIBAZO BYABAYE KU ITORERO RYO MURI EDENI, IGICE CYA MBERE: Bakoze icyaha

0Shares

Ese biterwa n’ iki? Kugendera mu mwijima hari umucyo, Kwicwa n’ inyota kandi hari amazi, Kubabazwa kandi hari umunezero, Gupfa kandi hari ubuzima…. Biterwa n’ icyaha 1 Yohana 3:4 “Umuntu wese ukora icyaha, aba agomye, kandi icyaha ni cyo bugome.”…

 1,384 total views

0Shares

“Ibanga ryo kwishimirwa n’Imana, kwicisha bugufi”Mediateur NIYONIZERA

0Shares

Amateraniro ya Cep ku wagatanu 27 nzeri 2019 Umwigisha w’Ijambo ry’Imana: NIYONIZERA MEDIATEUR Intego y’ijambo: “kwicisha bugufi” Imigani 15:33”Kūbaha Uwiteka ni ko kwigisha ubwenge, Kandi kwicisha bugufi kubanziriza icyubahiro.” Luke 14:7” Nuko acira abararitswe umugani, abonye uko bashaka intebe z’icyubahiro…

 2,238 total views

0Shares

” Mwitinya Imana yacu izavuna ukuboko kwa kabiri kwa farawo nako gusigaye” Ayinkamiye Esperance

0Shares

Kuri iki cyumweru tariki ya 22/09/2019 mu materaniro ya CEP-UR HUYE, umwigisha yari Ayinkamiye Esperance yatangiye ashima Imana ko yamuhaye kurama kandi ikaba yaramuhaye umuryango ikamwubakira urugo  kandi  urugo rwiza yatanze ubuhamya bwo ukuntu umukozi ukora muri kaminuza yaje kumuhanurira…

 1,242 total views

0Shares

“Twe kuba abakristu gito muri iki gihe dusohoyemo”Ndindiriyimana Abel

0Shares

Umwigisha kuri uyu wa gatanu mu materaniro tariki ya 20/09/2019 yari Ndindiriyimana  Abel,  yatangiye ashima Imana ko yabanye nawe. Anavuga impamvu twateranye  ko ari igikorwa gikomeye cyabereye I karuvari yakomeje asoma Yohana 3:16 ,abefeso 2:8  iyi nimwe mu mirongo igaragara…

 1,560 total views

0Shares

TUMENYE BIBILIYA IGICE CYA KARINDWI: Umwami n’ abantu be Inkoni ya Aroni irabya III

0Shares

Ibyiringiro by’ inkoni yumye….. Ni iki cyatuma inkoni yumagaye izana uburabyo? Ni iki cyatuma ubutayu buvamo imigezi? Ni iki cyatuma uwari upfuye azuka? Ni iki cyatuma unyotewe ashira inyota iteka ryose? “.….Umuntu nagira inyota aze aho ndi anywe. Unyizera imigezi…

 1,122 total views

0Shares

Mbese ni iki cyatumye uhamgarwa? zirikana guhamagarwa kwawe Ev. Alphonse MUNEZA

0Shares

Amateraniro ya CEP ku cyumweru ku wea 15 nzeri 2019 Intego y’Ijambo ry’Imana” Dukomeze kuzirikana guhamagarwa kwacu” Umwigisha: Alphonse MUNEZA 2petero 2:6” kandi ubwo yaciriye ho iteka imidugudu y’i Sodomu n’iGomora iyitwitse ikayigira ivu, ikayishyiraho kuba akabarore k’abazagenda batubaha Imana,…

 1,943 total views,  2 views today

0Shares

Hari ibyo umukirisitu yari akwiye kurwanira, byirebere hano muri iki kigisho Theonest BAJENENEZA

0Shares

Amateraniro ya CEP ku wagatanu ku wa 13 nzeri 2019 Umwigisha w’ijambo ry’Imana: Theonest BAJENEZA Intego y’ijambo ry’Imana” Kurwanira iby’agakiza” Yuda 1:3-4” Bakundwa, ubwo nagiraga umwete wo kubandikira iby’agakiza dusangiye niyumvisemo ko mpaswe no kubahugura, kugira ngo mushishikarire kurwanira ibyo…

 1,792 total views

0Shares