Year: 2020

Ese uzi igitumye abantu baba abakene mu buryo bw’umwuka? menya byinshi utaruzi

0Shares

Kuriki cyumweru twagiriwe Ubuntu bwo gusangizwa ijambo ry’Imana na mwene data GAHAMANYI Jean Baptiste yatangiye ashima Imana ko yamwongeye ikindi gihe cyo kuboneka mwiteraniro hamwe n’abacepie/nne yakomeje atubwira ubuhamya bwe akiga mu mashuri y’isumbuye agira ati “Imana yangiriye neza nimuka…

 1,050 total views

0Shares

Kurikirana Amateraniro yo kucyemweru tariki 27/12/2020 Cep Ur Huye

0Shares

Iteraniro rya tangiye saa mbili nigice, turamya no guhimbaza Imana dufashijwe na Eli elyon woshipteam . Umuyobozi witeraniro ni Francine iteraniro yatangije dushima imana ko yabanye natwe ikaturinda nindirimbo ebyiri zo mugitabo 111 gushimisha (yesu ndagukunda)  ndetse ni 102 mugakiza…

 1,350 total views,  2 views today

0Shares

CEP-UR HUYE yijihije umunsi mukuru wa Noheli kuruyu wa gatanu

0Shares

Aba cepien/nne bo muri kaminuza y’ u Rwanda twishimiye ko umwami Yesu yongeye kuvukira mu mitima yacu, ese ninde wasa nawe YESU mu isi cyangwa mu ijuru? Amavi yose apfukame mwami ushyirwe hejuru. Aho abakristo bose baribishimiye uyumunsi babihamisha kuririmbira…

 1,268 total views,  2 views today

0Shares

Ese dukwiriye kwita ku muhamagaro wacu? menya byinshi utaruzi

0Shares

Mwene data ukwiriye kuba icyo waremewe kuba cyo. Mbese Ni ukuvuga ngo ukwiriye kuba mu mwanya Imana ishaka ko ubamo, kuko muri iyi minsi hakenewe abantu bari mu mwanya wabo. Aha wakibaza uti”ese ndimumwanya nkwiriye kubamo”. Abantu benshi muri iki…

 1,320 total views

0Shares

Si ubwoko, si inkomoko bigira icyo bimara mu buzima bw’ umuntu. Ese ikigira umumaro Niki?

0Shares

Yuda Mwene Yakobo, yari umutoni kandi ku Mana, Kandi koko reka atone yari afite isumbwe kurenza benese.  Abayuda bari bafite icyo barusha abandi muburyo bwose. Icya mbere Nuko babikijwe ibyavuzwe n’ Imana, Ubwo Yuda turamushakiraho ibyasezeranijwe cyangwa ibizaza tutazi ikindi…

 2,675 total views

0Shares

Amafoto : Abanyeshuri barangije kaminuza basengeraga muri CEP-UR-HUYE basezeye

0Shares

Kuri iki cyumweru, Umuryango ukorera Umurimo w’Imana muri kaminuza y’U Rwanda ishami rya Huye uzwi ku izina rya CEP-UR-HUYE washimiye abashoje amasomo yabo muri kaminuza muri uyu mwaka wa 2020. CEP-UR -HUYE yashimye ukuntu bitanze bagakora Umurimo w’Imana ahantu hatandukanye…

 2,098 total views

0Shares

“Kwizera kurimo intego” Ev.NDAYISENGA Maurice

0Shares

Abaheburayo 11:17 Yakobo 2:14 Umwigisha  NDAYISENGA Maurice ukorera umurimo w’Imana kuri ADEPR KU MUKENKE ,yatangiye avuga ko  abantu bibeshya ko kwizera ari ibintu bigaragara ariko ibigaragara bishobora kubihamya, Urugero Umuntu ashobora kwambika abambaye ubusa cyangwa akitanga, Benedata ibi ntahantu bihuriye…

 1,054 total views

0Shares

Nyuma y’Amezi umunani CEP UR HUYE yongeye guterana atari mu buryo bw’ikoranabuhanga,uko amateraniro yagenze.

0Shares

Nyuma y’amezi umunani kubera icyorezo cya koronavirus amashuri yarahagaritswe arimo na za kaminuza ninacyo cyatumye guterana bidakomeza nkuko byari bisanzwe muri CEP UR HUYE. Nyuma y’ayo mezi yose guterana bidakunda muri CEP ,uyu munsi tariki ya 8/11/2020 kaminuza y’u Rwanda…

 1,078 total views,  2 views today

0Shares

Ese niki wakora ngo ubane n’Imana neza?

0Shares

Bakundwa mu Mwami Yesu Hari ibihe biza bigakomerera abantu bikananiza imbaraga zose twiringira pe:zirimo ubwenge,inararibonye(experience),kuba tuzwi(kuba aba sitari),uburanga n’ubwiza,imiryango yacu ikomeye,amashuri twize n’ibindi Aha nta rindi rembo ryo gutabarwa riba risigaye uretse ko Buriwese atakira Imana ye. twafatira kurugero tubona…

 1,858 total views

0Shares

Niki gituma umuntu adakora ibyaha ariko undi akabikora? Menya byinshi

0Shares

Kuko Imana yakunze abari mu isi cyane, byatumye itanga Umwana wayo w’ikinege kugira ngo umwizera wese atarimbuka, ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho (Yohana 3:16) Imana yaradukunze cyane ndetsenubu bituma itanga umwana wayo kugira ngo adupfire kumusaraba kugira ngo tubabarirwe ibyaha byacu…

 1,344 total views

0Shares