Igiterane cyahembuye imitima y’abantu, umuyobozi wa korari Yelusaremu impungenge yari afite
Presidente ati “abanyesuri ni abantu bagoye, twibwiraga ko bigorana kubwiriza muri kaminuza, ariko impungenge zashize, umwuka w’Imana akorera hose, abanyeshuri barakijijwe” Igiterane cy’ivugabutumwa cya teguwe n’umuryango w’abanyeshuri b’abapantecote bo muri kaminuza y’Urwanda ishami rya Huye (CEP UR Huye Campus), cyirashoje….
980 total views
Urabeho Mr BLACK M
Ubuzima bugira ubuhamya…….. KOBE BRYANT; wiyise Black Mamba bitewe n’ ubushobozi yiyumvagamo bwo kuba mudahusha mu mikinire ye, nk’ uko iyi nzoka na yo ibigenza; yari afite ubuzima burimo byinshi (nirinze kuvuga byose): yatsindiye imyanya y’ icyubahiro myinshi, ndetse n’…
952 total views
kurikira uko dusoza Igiterane cy’ivugabutumwa
uyu ni umunsi wa cyenda wacyo aho turi kumwe na korari Yerusalem na Rev.Pst KARAYENGA Jean Jacques Twatangiye duhimbaza dufashijwemo na El-elyon worship team Hakurikiraho Korari Ibanga tugeze mu mwanya wo Kwakirana ndetse tunahana ikaze mu nzu y’Imana kandi ni…
1,050 total views
Ikibazo gihari nuko abategereje Yesu batiteguye nyamara Isi yo iriteguye. kurikirana umunsi wo gusoza igiterane cy’ivugabutumwa ” icyaremwe gishya, ubuzima nyakuri 2abak.5:17″ Rev. Past. Jean Jacques KARAYENGA
Intego y’ijambo ry”Imana: “kuba maso itabaza ry’ubugingo” Luka 12:35-40 “Muhore mukenyeye kandi amatabaza yanyu yake, 36 mumere nk’abantu bategereza shebuja ahoagarukira ava mu bukwe, kugira ngo ubwo azaza nakomanga bamukingurire vuba. 37Hahirwa abagaragu shebuja azaza agasanga bari maso. Ndababwira ukuri…
1,354 total views
kurikirana umunsi wa cyenda w’igiterane cy’ivugabutumwa live. ntucikwe n’uko ibihe byiza biri kugenda bikurikirana
Amateraniro atangiye saa 8:45 dufashwa na korari EL-ELYON worship team. Umuyobozi wa gahunda ni NIYIGENA Edissa, twatangiranye nindirimbo yo mugitabo mugushimisha 189 Hakurikiyeho korari Vumiriya n’indirimbo nziza igira iti’ Yesu araguhamagara ngwino” Hakurikiyeho korari ENHAKOLE mundirimbo nziza igira iti” Kuko…
1,104 total views
Igiterane cy’ivugabutumwa Umunsi wa munani kuri Sitade ya kaminuza gikurikirane
igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na CEP UR-HUYE,Kuri uyu wa gatandatu turi ku munsi wa munani wacyo kikaba gitangiye saa munani zuzuye,aho twatangiye dufashwa na El-elyon worship Team. umuyobozi wa gahunda ni NIZEYIMANA Jean Marie Vianney akaba ari umunyeshuri muri kaminuza Chorale…
1,730 total views
Kurikirana live amateraniro y’umugoroba. igiterane ku munsi wa cyo wa karindwi intego y’umunsi “kuyoborwa n’umwuka ubuzima bw’umukirisitu”
dutangiye amateraniro ni indirimbo ya 70 mu gakiza “Imana irakurinda iminsi yose munzira ucamo” turi kumwe na korari itabaza yaturutse kuri ADEPR paruwasi ya taba ndetse n’amakorari akorera umurimo muri CEP ariyo Elayo, Vumiliya, Alliance, Enihakole Ndetse na EL_Elyon worship…
1,174 total views
Izina ryose wakwitwa, idini yose wasengeramo, ugikora imirimo ya kamere, ntuzaragwa ubwami bw’Imana. ntucikwe n’umunsi wa karindwi w’igiterane cy’ivugabutumwa Ev. Justin HAKIZIMANA
Umunsi wa 7 w’igiterane cy’ivuga butumwa Intego y’igiterane “icyaremwe gishya ubuzima nyakuri”2abak. 5:17 Intego y’ijambo ry’Imana:“kuyoborwa n’umwuka ubuzima bw’umukirisitu.”Abagalatiya 5:16 Mukuyoborwa n’umwuka habamo kumvira Imana. Dawidi yari afite umutima unezeza Imana mu buto bwe kandi wakoraga nkuko Imana ishaka. Kandi…
1,784 total views
Ibifatika byose Yesu yaje abisanga ino aha, ahubwo yazanye ikitahaba aricyo Bugingo buhoraho. komeza gurikirana umunsi wa 6 w’igiterane cy’ivuga butumwa Ev. Jean Paul NZARAMBA
Yohana 7:38 “38 “Unyizera, imigezi y’amazi y’ubugingo izatemba iva mu nda ye, nk’uko ibyanditswe bivuga.” Kuba wararangije amashuri ukaba wicaye mu biro, ntabwo aribwo buzima bushya, ubuzima bushya ni ukuba muri Kirisitu yesu, uko ni ugufata ubundi buzima ariko sibwo…
1,060 total views
Nta karitsiye, nta gihugu, nta dini, waturamo ngo biguhe ubushobozi bwo kunesha icyaha. umunsi wa 6 w’igiterane cy’ivuga butumwa Ev. Jean Paul NZARAMBA
Intego y’ijambo ry’Imana: “isoko y’ubugingo” 2Abakorinto 5:17 “17Umuntu wese iyo ari muri Kristo aba ari icyaremwe gishya, ibya kera biba bishize. Dore byose biba bihindutse bishya”. Yohana 7:38 “Unyizera, imigezi y’amazi y’ubugingo izatemba iva mu nda ye, nk’uko ibyanditswe bivuga.”…
934 total views