Tubigize dute, abagera ikirenge mu cya Yuda Isikarioti bakomeje kwiyongera mu Rwanda
Maze Yuda wamugambaniye abonye ko urubanza rutsinze Yesu, aricuza asubiza abatambyi bakuru n’abakuru bya bice by’ifeza mirongo itatu ati “Nakoze icyaha, kuko nagambaniye amaraso atariho urubanza.” Ariko bo baramusubiza bati “Biramaze! Ni ibyawe.” Ifeza azijugunya mu rusengero arasohoka, aragenda arimanika…
2,353 total views, 1 views today
Nta butunzi, nta bwenge nta butware bwabasha kubatura umuntu ku bubata bw’icyaha keretse itegeko ry’umwuka. Francine Duhuzimana
Yesu aramfata, akankomeza, kukw’ankunda bihebuje arankomeza. urukundo rwange ruke ntirwamufata , kukw’ankunda bihebuje: Yesu Niwe umfata. kantic 359 2abakorinto 7:10 “Agahinda ko mu buryo bw’Imana gatera kwihana kuticuzwa, na ko kukazana agakiza, ariko agahinda ko mu buryo bw’isi gatera urupfu”….
1,160 total views
Ukuri ku nzoga, Bibiliya ibivugaho iki?
Benshi mubakristo usanga batanywa inzoga ariko wamubaza impamvu rimwe na rimwe kubisobanura bikamubera ihurizo rikomeye,imbere yabatizera cyangwa abo badahuje kwemera. Reka twibaze ibi bibazo: Ese koko INZOGA n’icyaha? Bibiliya ibivugaho iki? Twifashishije bibiliya yera reka tubashe gusubiza biriya bibazo twibajije…
3,601 total views
kurikira Amateraniro(live) tariki ya 23/02/2020
Umuyobozi wa Gahunda ni UKUNDWANIWABO Eric Dutangiye turirimba indirimbo ya 60 mu gushimisha n’indirimbo ya 48 mu gakiza,aho zigira ziti” nejejwe n’Imana mu mutima wanjye, N’umuriro w’Ijuru Urimo. Nsigaye ngendera mu mucyo w’ukuri.Yesu Mukiza niwe mucyo. Dugeze mu mwanya wo…
842 total views
Ev. KUBWIMANA MAZIMPAKA Joseph atuganirije ku mpamvu 6 yesu yisinziriza mu gihe cy’imiraba yacu.
Twifashishije imirongo yo muri Bibiliya ikurikira: MARIKO 4:35 Yesu Aturisha umuraba mu Nyanja. Yesu yabwiye abigishwa ngo bajye hakurya nuko bageze imuhengeri bahura n’umuraba mwinshi barataka bagira ubwoba nyuma baramukangura aturisha uwo muraba. Matayo 14:22-25, Yesu agendesha amaguru hejuru y’Inyanja….
2,063 total views
Kurikirana Amateraniro yo kuwa gatanu tariki 14 Gashyantare 2020 muri CEP
Amateraniro yatangiye woshipteam idufsha kuramya no guhimbaza Imana indirimbo zahembuye imitima y’abenshi Umuyobozi wagahunda yitwa RUKUNDO Achille. Twatangiranye n’indirimbo ya 99 mugakiza ivuga “Nshatse kugukurikira buri munsi mwami Yesu” Isomo twakura muri iyi ndirimbo ni uko ntahandi twajya ndetse ntayindi…
1,697 total views
Hari ugukiranuka kudaturuka ku Mana, n’ukuri kudaturuka ku Mana. Ariko hari n’ukuva ku Mana, sobanukirwa. MUKIZA Yvan
Abefeso 6:10 “Ibisigaye mukomerere mu Mwami no mu mbaraga z’ubushobozi bwe bwinshi. 11Mwambareintwaro zose z’Imana, kugira ngo mubashe guhagarara mudatsinzwe n’uburiganya bwa Satani. 12Kuko tudakīrana n’abafite amaraso n’umubiri, ahubwo dukīrana n’abatware n’abafite ubushobozi n’abategeka iyi si y’umwijima, n’imyuka mibi y’ahantu…
2,081 total views
Korali Elayo yahuriye na pastor Antoinne Rutayisire mu giterane cyahembuye imitima ya benshi.
Korali Elayo yatumiwe mu giterane cyateguwe na Elyon ministries cyabereye muri Salle ya Kaminuza izwi nka Main Auditorium. INTEGO Y’IGITERANE: ZABURI 119:9, UMUSORE AZEZA INZIRA YE ATE? Korali Elayo ni imwe mu makorali akorera umurimo w’Imana mu muryango w’abanyeshuri b’abapantikoti…
1,146 total views
“Imana ifitanye urubanza n’abantu batumvira Ijambo ryayo” TUYIZERE Marcel
Umwigisha w’Ijambo ry’Imana ni TUYIZERE Marcel akaba umunyeshuri muri kaminuza,akaba ari Prezida wa CEP UR-REMERA,yatangiye ashima yamuhamagaye gukora umurimo wawo kandi ikaba yarabanye nawe muri uwo murimo yamuhaye gukora,yakomeze asoma muri Yesaya 1:2 yongeraho ijambo ry’Imana riboneka mu rwandiko rwa…
1,666 total views
Nsubize amaso inyuma: Vision 2020 mu mwuka igeze hehe? (I)
Umwaka mushya muhire! Abantu benshi bifurizanya umwaka mushya kandi urimo amahirwe; ariko se muri 2020 ni ko bizagenda? Umwaka wa 2020 ni umwaka wari utegerejwe kubera intumbero ya 2020 igihugu cy’ u Rwanda cyari gifite. Abantu babiri bashobora kubyukira isaha…
1,311 total views