Impamvu zituma twizera Umwami Yesu Kristo.
Mu materaniro ya CEP ari kuba hifashishijwe imbuga nkoranyambaga,Umwigisha muri iki cyumweru ni Maombi Theogene akaba ari Umukristo usengera ku mudugudu wa Nyarugenge, muri nibature kugeza kuri uyu wa gatatu Umwigisha ari kutuganiriza ku magambo meza afite intego igira iti”Impamvu…
1,874 total views
“Imbaraga zirinda gakondo” Ev.MAOMBI Theogene
Ev.Maombi Theogene yatangiye agira ati “Ahabu abwira naboti ati: “Mpa uruzabibu ryawe,kugira ngo ndugire igitambo cy’imboga kuko ari hafi y’urugo rwanjye, ntagihe urundi ruzabibu ruzaruruta ubwiza,Cyangwa washaka naguha ibiguzi byarwo ku ifuza”. (1 abami 21:1-3) Abo Bose bapfuye bacyizera batarahabwa…
1,022 total views
Ubutunzi Nyakuri Ukwiriye gushaka
Matayo 6:19-21 “Ntimukībikire ubutunzi mu isi, aho inyenzi n’ingese ziburya, kandi abajura bacukura bakabwiba. Ahubwo mwibikire ubutunzi mu ijuru, aho inyenzi n’ingese zitaburya, n’abajura ntibacukure ngo babwibe, kuko aho ubutunzi bwawe buri ari ho n’umutima wawe uzaba” Ubuzima bwa none…
1,312 total views
Menya Ibintu Yesu yakoreye ku musaraba
Hoseya 6:2 “Azaduhembura tumaze kabiri, ku munsi wa gatatu azaduhagurutsa, kandi tuzabaho turi imbere ye”, hano hoseya yagaragaje iminsi itatu yesu yamaze mugituro umunsi wa mbere ntago awuvugamo avugako ku munsi wa kabiri tuzahemburwa uwagatatu akaduhagurutsa yesu yagombaga kumara iminsi…
1,870 total views
“Kutirengagiza kwita ku gakiza gakomeye twahawe” KANYANA Ernestine
Mu materaniro yabereye muri imwe muri komisiyo gikorera umurimo w’Imana muri CEP yitwa IDC(Information display Commission) ,Umwigisha KANYANA Ernestine yatuganirije ku magambo meza agira ati” Benedata,mureke twite ku gakiza twahawe” Twatangiye dusome Abaheburayo 2:1-4 [1]Ni cyo gituma dukwiriye kurushaho kugira…
1,354 total views