Ese niki wakora ngo ubane n’Imana neza?
Bakundwa mu Mwami Yesu Hari ibihe biza bigakomerera abantu bikananiza imbaraga zose twiringira pe:zirimo ubwenge,inararibonye(experience),kuba tuzwi(kuba aba sitari),uburanga n’ubwiza,imiryango yacu ikomeye,amashuri twize n’ibindi Aha nta rindi rembo ryo gutabarwa riba risigaye uretse ko Buriwese atakira Imana ye. twafatira kurugero tubona…
1,802 total views
Niki gituma umuntu adakora ibyaha ariko undi akabikora? Menya byinshi
Kuko Imana yakunze abari mu isi cyane, byatumye itanga Umwana wayo w’ikinege kugira ngo umwizera wese atarimbuka, ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho (Yohana 3:16) Imana yaradukunze cyane ndetsenubu bituma itanga umwana wayo kugira ngo adupfire kumusaraba kugira ngo tubabarirwe ibyaha byacu…
1,294 total views