Year: 2021

Urwandiko rwandikiwe Ab’itorero igice cya gatanu: Urabeho

0Shares

Nabababereye ikitegererezo muri byose, yuko ariko namwe mukwiriye gukora imirimo ngo mubone uko mufasha abadakomeye, no kwibuka amagambo Umwami Yesu yavuze ati’Gutanga guhesha umugisha kuruta guhabwa’. Cyane cyane bababajwe n’ijambo yababwiye yababwiye yuko batazongera kumubona. Nuko baramuherekeza bamugeza ku nkuge…

 1,950 total views

0Shares

Dore igituma umuntu ava mu bujiji!

0Shares

“…Niyo wakwiga ukaminuza, ukagwiza ubumenyi bwose bushoboka, ntabwo wakwitwa umunyabwenge.” Umwigisha yifashishije imirongo iboneka mu Gitabo cya mbere cya Samweli igice cya 25, yasangije abitabiriye iteraniro ryo ku cyumweru kuwa 19 Ukuboza 2021, muri CEP UR HUYE Campus iby’aya magambo….

 1,992 total views,  2 views today

0Shares

Ibyabahinduye babihinduje abandi: Ibyo Imana ikoresheje Korali Elayo muri Kigali

0Shares

Korali Elayo mu rugendo rw’Ivugabutumwa I Kigali Muri Kaminuza Y’u Rwanda, Ishami rya Remera kuri uyu munsi tariki ya 12 ukuboza 2021 nibwo habaye Umuhango wo gusengera abayobozi bashya bazayobora Umuryango w’Abanyeshuri b’Abapantekote bakorera Umurimo W’Imana muri iyi Kaminuza mju…

 2,328 total views

0Shares

ese waba uzi igihe uzamara hano ku isi? ese igihe ukiriho ukwiriye gukora gute? gira amatsiko wumve icyo ukwiriye gukora.

0Shares

dutangiye tubwirwa ko gukorera IMANA ntagihombo kirimo kuko iyo upfuye imirimo yawe iba irangiye, ariko igihe tukiriho dukore, twe gupfusha ubusa ubuntu twagiriwe/twahawe.  Umutware w’imfura wari ugiye kwima ingoma mu gihugu cya kure, hanyuma asigira abagaragu be mina icumi ngo…

 1,438 total views

0Shares

Korali Elayo CEP UR HUYE ihuye n’Umushumba mukuru inshuro eshatu mu mezi atatu,ibi bivuze iki?

0Shares

Korali elayo ni imwe muri korali enye zikorera Umurimo w’Imana muri kaminuza y’U Rwanda muri CEP UR HUYE.Kuri iki cyumweru tariki ya 12 ukuboza 2021 bitaganyijwe ko izaba iri mu mujyi wa Kigali ikaba ariho izahurira n’Umushumba mukuru w’Itorero rya…

 2,574 total views

0Shares

Ibi bintu birashimishije, irebere nawe icyo umushumba mukuru Pastor Ndayizeye Isaie yaganirije abari mu gitaramo cyo gusengera abayobozi bashya ba CEP-UR HUYE CAMPUS

0Shares

Nimwiyuhagire mwiboneze, mukureho ibyaha byo mu murimo yanyu bive imbere yanjye, mureke gukora nabi (Yesaya 1:16), kuri uyumunsi twagiriwe umugisha wo kubana n’umushumba mukuru ariwe Pastor Ndayizeye Isaie muri uyumuhango wo gusengera abayobozi, sibyo gusa ni nawe wari umwigisha w’Ijambo…

 1,332 total views

0Shares

Korali Elayo iri kwitegura kujya I Kigali mu ivugabutumwa.

0Shares

Korali Elayo imwe muri korali zikorera umurimo w’Imana muri Kaminuza y’U Rwanda,Ishami rya Huye kandi ibarizwa muri CEP UR HUYE,iri gutegura urugendo rw’ivugabutumwa mu mujyi mukuru w’i gihugu cy’u Rwanda ,KIGALI. Umuryango w’abanyeshuri b’abapantekote bakorera umurimo w’Imana muri kaminuza y’u…

 2,306 total views

0Shares

Imana ikeneye umuntu ntikeneye abantu, umuntu imushakaho iki? soma umenye icyo Imana imushakaho!

0Shares

“Umuntu niyibwira ko ari ikintu kandi ari nta cyo ari cyo, aba yibeshye. Ibyiza ni uko yakwisuzuma mu murimo we ubwe, kuko ari bwo azabona icyo yirata ku bwe, atari ku bwa mugenzi we, kuko umuntu wese aziyikorerera uwe mutwaro.”…

 1,022 total views,  1 views today

0Shares

Uzi gukunda cyangwa ukunda uburyo biryoha gusa ? dore aho urukundo wakunzwe ruherereye

0Shares

Sinkibita abagaragu kuko umugaragu atazi ibyo shebuja akora, ahubwo mbise incuti kuko ibyo numvisse kuri Data byose mbibamenyesheje. Ni cyo gituma mpfukamira Data wa twese uwo imiryango yose yo mu ijuru n’iyo mu isi yitirirwa, ngo abane nk’uko ubutunzi bw’ubwiza…

 1,624 total views,  2 views today

0Shares

Umuvugizi wa ADEPR nyuma y’amezi abiri avuye muri kaminuza y’u Rwanda,Ishami rya Huye agiye kuhagaruka ni iki kimuzanye?

0Shares

Ku itariki 28/11/2021,Muri kaminuza y’U Rwanda,Ishami rya Huye hategerejwe ko Umuvugizi wa ADEPR,Pst.NDAYIZEYE Isaie Azaza ubwo azaba yitabiriye Umuhango wo gusengera abayobozi bashya b’Umuryango w’abanyeshuri b’abapantekote bakorera Umurimo w’Imana muri kaminuza y’u Rwanda,Ishami rya Huye(CEP-UR HUYE). Hari kuwa Gatandatu itariki…

 2,328 total views

0Shares