Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha igice cya kane: babyibeshyeho ububyutse si ukugira abantu benshi mumakoraniro (insengero)
Mu mwaka wa 2015 nigeze nyura kuri benedata baganira, numva bavuga bati: “muri uyu mujyi hari ahantu hasigaye hari ububyutse bwinshi cyane.” Umwe avuga urugero ati: “uzi urusengero rwo kwa runaka ukuntu rurimo ububyutse! ,rusigaye rwuzuye abantu benshi. Avugana umubabaro…
838 total views
Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha igice cya gatatu: Icyatumye yiyahura nuko banze kumutega amatwi.
Uramutse uhuye n’ikibazo cyangwa ukagwa mucyaha runaka, ukirukankira gushaka uwakwakira ngo yumve icyo kibazo cyangwa icyo cyaha ariko wamugeraho ntagutege amatwi. Wakwiyumva ute? (Fata akanya gato ubaze umutima maze usubize). Ntekereza ko umutima wawe wagira agahinda kenshi ndetse rimwe na…
2,017 total views, 7 views today
Ese niki twakwigira ku gitabo cya Esteri ndetse na Esiteri ubwe?
Esiteri yari umukobwa ufite ubwiza butangaje! Byinshi wamenya ku gitabo cya Esiteri kandi bikagufasha mu bihe byose. Inkuru ya Esiteri uyisanga muri kimwe mu bitabo bigize isezerano rya kera kitwa ESITERI. Abantu bose basomye cyangwa bakumva inkuru ya Esiteri barayikunda…
2,397 total views, 3 views today
Ikibazo Imana ifitanye n’abigisha Igice cya kabiri: Nubwo yari umuhanga yemeye kongera kwigishwa.
Mbese uhuye n’umuntu runaka akakwemeza ko ari nta kintu uzi, wakwiyumva ute? (mbere yo gukomeza inkuru banza utekereze unisubize mu mutima). Akenshi wamureba nabi ndetse hari ubwo wakibwira mu mutima yuko agusuzuguye. Abahanga muby’imitekerereze ndetse n’ubumenyamuntu mumuco (Psychologist and Anthropologist),…
1,144 total views