Year: 2022

Menya nibi igice cya gatandatu: Yahinduye icyerekezo cy’ibyo yarebaga, atangira kurengerwa n’amazi.

0Shares

Mu magambo Yesu yavuze ari kumwe n’abigishwa be mbere yuko asubira mu ijuru yagize ati” kunkurikira ntabwo byoroshye bisaba kunyura mu irembo rifunganye” (Matayo 7:13), Bisaba gusiga ibiri inyuma ugasingira ibiri imbere (Abafilipi 3:13). Petero yari umwe mu bigishwa be…

 1,156 total views,  6 views today

0Shares

Ikibazo Imana ifitanye n’abigisha igice cya cyenda: yamubwiyeko amaze imyaka ine yiga ibyanditswe byera, amusubiza ko amaze imyaka mirongo ine abigenderamo.

0Shares

Umuvuduko w’urumuri ni metero miliyoni eshatu mu isegonda rimwe (speed of light, 3*106m/sec). Umuntu ushobora kugendera kuri uyu muvuduko yabona isi ihagaze/itariho, uwabasha kugendera ku muvuduko urenze uyu yabasha gusubira inyuma mu mateka yahahise akamenya ibyabaye, aya ni amagambo yavuzwe…

 1,310 total views,  2 views today

0Shares

Waba uzi impamvu y’urugendo rwa Korali Muhima muri CEP UR HUYE?

0Shares

Korali Enihakore mu myiteguro myishi yo kwakira korali Muhima izabasura kuri iki cyumweru 27 ugushyingo 2022, Turi mucyumweru cyahariwe Korali ENIHAKORE (special week) muri CEP UR HUYE aho bari kwigisha bana kangurira ab’Itorero uburyo imbaraga z’abera ziri kurushaho kumenagurwa nk’uko…

 888 total views,  4 views today

0Shares

Menya umuntu usimbuye Eric UKUNDWANIWABO kumwanya wa president wa CEP UR HUYE

0Shares

Kuri uyu wa Gatandatu 19 ugushyingo hamenyekanye Perezida wa CEP UR HUYE, akaba agiye gusimbura Eric UKUNDWANIWABO wari Umaze Igihe cy’umwaka n’amezi abiri ayoboye Umuryango w’abanyeshuri b’abapantekote  bakorera umurimo w’Imana mu kaminuza y’u Rwanda Ishami rya Huye. CEP UR HUYE…

 1,682 total views,  6 views today

0Shares

Menya nibi igice cya Gatanu: YAMUHAYE UMUNOTA UMWE W’IKIGANIRO, YISANGA YAMBAYE UBUSA !

0Shares

Birashoboka ko hari mu masaha ya mugitondo, igihe yagiranaga ikiganiro n’uwamushutse. Biragaragarako kandi uwashutswe yari azi neza kandi afite amakuru ahagije yari kumutera kugumana umwambaro atarinze kwambara ubusa. Mu gihe maze mu isi nitegereje neza uburyo abantu cg itsinda ryabo…

 1,764 total views,  2 views today

0Shares

reba igiterane gikomeye cyiswe “garuka ushime” cyateguwe na Cep Ur Huye/cyahembuye imitima ya benshi!!

0Shares

Kuri iki cyumweru kuwa 30.10.2022 CEP UR HUYE ikoze igiterane gikomeye yise garuka ushime kikaba cyaratumiwemo abaposte bose (abanyeshyuri bose barangije basengeraga muri uyu murya ngo) ndetse n’abandi bo mu yandi matorero (UR huye gospels associations) akorera umurimo w’Imana muri…

 974 total views,  2 views today

0Shares

kuki tugomba kwambara umwami Yesu kristo nk’umwambaro wacu wa buri munsi? wowe wambaye nde?

0Shares

  Ahubwo mwambare umwami yesu kristo, ese iyo urebye ubona wambaye uwuhe mwambaro? Ibyahishuwe 3:18 atugira Inama ngo tuze tumugureho imyambaro ihisha isoni z’ubwambure bwacu, pawulo yaravuze ngo nyamara singe uriho ahubwo ni kristo uriho muri njye. Ukurimo niwe utuma…

 854 total views,  2 views today

0Shares

Menya impamvu 5 (eshanu) zituma abantu bakomeza kwicwa n’inzara kandi batunze ibyo kurya byinshi.

0Shares

Nikibazo gikomeyecyane gusonza ukicwa n’inzara kandi ibiryo bihari ubireba, Abisirayeli banze kurya bicwa n’inzara kandi bareba ibyo kurya. nk’uko byari byahanuwe n’umuhanuzi Amosi, wari umwe mu bashumba b’i Tekowa, y’ibyo yabonye byerekeye ku Bisirayeli, ku ngoma ya Uziya umwami w’u…

 804 total views,  4 views today

0Shares

MENYA NIBI IGICE CYA KANE: ntabwo yaremewe kurimbuka, Ibyo yahawe nibyo byamuteye gukiranirwa acirwaho iteka.

0Shares

Nigake ushobora gusanga umuntu atekereza impamvu yavutse ari inzobe, igikara, arimunini, muto, mugufi cyangwa muremure. Akenshi abitekerezaho nkiyo bagenzi be babiganiriyeho ariko iyo hashize akanya ntiyongera kubitekereza. Nubwo ntacyo byagufasha cyane kubyibazaho ariko bishobora gutuma wibaza ku umuremyi wawe, bikagutera…

 1,238 total views,  4 views today

0Shares

Jesus said “repent for the kingdom of heaven is at hand” So how to repent?

0Shares

Sunday CEP UR HUYE fellowships on 23 October 2022 were blessed to be with Pastor Anthony Nicolas and his big team from America. In general, service started at 8:00 am by singing a song called “Nahawe Ubugingo”, from the book of…

 956 total views,  2 views today

0Shares