Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero Igice cya munani: yababajije ikibazo cy’ubumenyi (Satani), ababwirako bazasa n’Imana bibagirwa ko baremwe mu ishusho yayo (Adamu na Eva).
Satani si umuswa nkuko bamwe bashobora kuba babyibwira, ahubwo ni umuhanga mu bice bitandukanye by’ubuzima, ariko turagaruka ku gice cy’iyobokamana. Satani ni umuhanga wazobereye mukubaza ibibazo-suzuma bumenyi ryerekeye iyobokamana agamije kujora (criticism) amahame n’amategeko y’umuremyi ngo acogoze abizera binyuze mu…
2,106 total views, 2 views today
Menya inzira ijya aho Imana iri, aho iba, n´uburyo wakoresha uyishaka|| atubwiye amagambo akomeye avuga impamvu tugomba gushaka Imana.
Mu cyumweru cyambere cy´umwaka w´amashuri 2021-2022 Ev. MBARUBUKEYE J. Claude atubwiye amagambo akomeye n´impamvu buri wese yakoresha kugirango abone Imana. turaburirwa ngo “Nimushake uwiteka bigishoboka ko abonwa, nimumwambaze akiri bugufi” (yesaya 55:6) nkunda abankunda kandi abanshakana umwete bazambona. hari uburyo…
2,266 total views
Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero Igice cya Karindwi: Nubu baracyabijyaho impaka ibirenge bye bireba imbere ariko amaso ye arareba inyuma (Mukaroti).
Mu mutima w’umuntu niho hacurirwa imigambi myiza cyangwa mibi kandi icyihuzuye amaherezo, nicyo kimutera imbaraga zo gusohoza iyo migambi. Hahirwa umuntu ugufitemo imbaraga, Hahirwa abafite mu mitima inzira zijya i Siyoni (Zaburi 84:6). Kuzuza umutima ibiwuhesha imbaraga ndetse n’ubundi butunzi…
1,742 total views