Yararambagijwe umunsi w’ubukwe ugeze arabengwa atahira kuba yararambagijwe gusa: umukwe ati: “sinashyingiranwa n’umugeni w’umutindi”
nshuti mukundwa wandikiwe iyinkuru ngo ikubere imfashanyigisho, Umukwe yarambagije umugeni nuko umugeni yitwara uko yishakiye yibwira ati narasabwe rwose ntiyetegura ubwo bukwe ngo ashake ikanzu yera, igihe kugeze ngo ashyingirwe, umukwe aramugenzura asanga ni umutindi, utarigeze yirimbisha, asanga uko yamukunze…
1,082 total views, 2 views today
MENYA NIBI (igice cya mbere) : Yari umutunzi, ashaka kugerayo ariko ntiyari azi inzira!
Mu myaka yashije nigeze gutekereza ku bantu ba batunzi (abakire), muri icyo gihe rero nibwiragako abatunzi batajya bagira icyo bakena cyangwa ngo bagire icyo bifuza cyane ko nabonaga babayeho mu buzima bwiza. Hashize igihe naje kwegera umubyeyi ukuze, mubaza iby’icyo…
1,140 total views, 2 views today