MENYA NIBI GICE CYA GATATU: NI WOWE UKWIRIYE GUHITAMO NEZA
Ku munsi wa gatandatu Imana irema, yaremye umuntu ndetse yabonye ko ari byiza (Itangiriro 1:26). Mu by’ukuri Imana yaremye umuntu mu buryo butangaje (Zaburi 139:14) ku rwego yamushyizemo imwe mu mimerere nk’Iyayo(Imana)! Ibi byateye Imana guha umuntu ubutware bwose bwo…
1,192 total views
MENYA NIBI IGICE CYA 2: KUNESHA BISABA KURWANA
Umwe mu bigeze kuba umusirikare yaravuze ati: “ntibishoboka ko uba umusirikare mwiza mu gihe udafite kwihangana”. Iri jambo “kwihangana kugeza ku butsinzi”, naryumvise neza igihe narimfite ikizamini cy’ishuri muri kaminuza kandi kinsaba kugitsinda byanga byakunda. Kuko numvaga ko gutsindwa iryo…
1,146 total views