Ubutumwa bw’Intumwa igice cya kabiri: abantu babyigishije uko bitari ariko yazize kwiyiringira.
Birashoboka ko mbere wigishijwe yuko umuntu avuka ari malayika, umuziranenge imbere y’Imana. ndatekereza kandi yuko wanabwiweko iyo umuntu abatijwe mu mazi menshi cyangwa kugahanga aramutse apfuye akiva mu mazi ko yahita ajya mu ijuru. Hari naho basabira uwapfuye ngo Imana…
698 total views
Batubereye akabarore igice cya kabiri:Inzara yatumye barya umwana umwe, bageze ku wa kabiri nyina aba ibamba.
Ni inde utaziko inzara iryana? Inzara yatumye Esawu agurisha ubutware! Inzara yatumye Eliya acogora, yisabira Imana gupfa! (1Abami 19:1-18). yewe abanyarwanda bo banavuga ko yatumye umugabo arya imbwa ayita ikimasa! ntakigeragezo kitaryana, ariko nanone ntamvura idahita kandi ntangorane zitagira iherezo….
472 total views, 1 views today