Korari Vumiliya mu myiteguro y’igeterane cy’ivugabutumwa no gushyira ahagaragara zimwe mu ndirimbo zayo nshya.
Ni kuri iki Cyumweru tariki ya 31. Werurwe, ubwo Korari Vumulia ikorera umurimo w’Imana muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye izaba iri mu gitaramo cy’Ivugabutumwa ndetse ikazashyira hanze na zimwe mu ndirimbo z’amajwi nka Natanayeli n’izindi, zikaba zibanziriza umuzingo…
1,156 total views
“Dukwiye kugira ubwenge bw’Imana” Gahamanyi Jean Baptiste
Kuri iki cyumweru tariki ya 24/03/2019 muri CEP UR Huye mu materaniro hari umwigisha witwa Gahamanyi Jean Baptiste, umukristu wo ku mudugudu Gahogo-Ruvumera muri Muhanga yigishishe ijambo ry’Imana rifite intego ivuga ngo KUGIRA UBWENGE yifashishije Ijambo riboneka muri bibiliya Imigani…
2,392 total views, 2 views today
Ijoro ridasanzwe ryiswe Iryo kuraza Imana muri CEP UR Huye
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Werurwe 2019, muri cep ur huye hari umugoroba udasanzwe wahimbwe“ ijoro ryo kuraza Imana” bitewe n’uko bari buzuye byinshi bashakaga kwibutsa Imana. Uyu mugoroba ufite intego yo gushima Imana ku mirimo n’ibitangaza yakoreye…
1,032 total views
Gutabarwa kuzanwa no kwishimirwa n’Uwiteka. Pasitori IYAKABUMBYE Etienne Stephano
CEP UR HUYE CAMPUS 3/03/2019 Amateraniro yo kucyumweru Pastori: IYAKABUMBYE Etienne Stephano INTEGO Y’IJAMBO: gutabarwa kuzanwa no kwishimirwa n’uwiteka ZABURI 44:4 Incamake y’amateka ye: nuvise ijwi ry’imana bwambere,muri 1968 mfite imyaka irindwi. Nkajya mbwiriza abandi bana ko Yesu agira…
2,022 total views
Byose bifataniriza hamwe kutuzanira ibyiza
Ijambo ry’Imana: Kuwa 24 Gashyantare 2019 Umwigisha: Muneza Alphonse Theme: kubo yahamagaye byose bifataniriza hamwe kutuzanira ibyiza Abaroma8:28 Imigani25:2 Itangiriro50:18 Ese koko byaba ibyiza byaba n’ibibi byafatanyirije hamwe kukuzanira ibyiza? Iyo wahamagawe n’Imana byose bifataniriza hamwe kukuzanira ibyiza Kugirango iri…
38,030 total views, 16 views today
Gusengera mu butayu bimaze iki ku mukristo?
Abakristo benshi bajya bafata umwanya bakajya gusengera ahantu hatandukanye hatari murusengero bisanzwe. Hari abajya gusengera aho bakunze kwita mu butayu ariho mu mashyamba, mu mazi mu buvumo n’ahandi henshi hatandukanye. Ariko hari n’abandi bantu basenga ariko ibyo kujya mu butayu…
2,686 total views, 2 views today
Umukristo si umurinzi ni ingabo : Gashugi Yves
Amasengesho y’umwihariko yo kuri uyu wa gatanu tariki 8 Gashyantare yakozwe n’abanyeshuri b’abanyamuryango ba CEP UR HUYE ni amasengesho cyangwa se nibature yatangiye saa kumi za mugitondo aho yarifite intego yo gusengera igihugu,gusengera itorero ry’ ADEPR ari naryo CEP UR ibarizwamo ndetse no gusengera ibizami abanyeshuri bari kwitegura. Ni ubwa mbere muri uyu mwaka, bene ayamasengesho yatangijwe saakumi z’igitondo akorwa kandi afite imbaraga. Kugera kuri sitade (stade)…
1,110 total views