Ndindiriyimana Abel Prince

Korari Vumiliya mu myiteguro y’igeterane cy’ivugabutumwa no gushyira ahagaragara zimwe mu ndirimbo zayo nshya.

0Shares

Ni kuri iki Cyumweru tariki ya 31. Werurwe, ubwo Korari Vumulia ikorera umurimo w’Imana muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye izaba iri mu gitaramo cy’Ivugabutumwa ndetse ikazashyira hanze na zimwe mu ndirimbo z’amajwi nka Natanayeli n’izindi, zikaba zibanziriza umuzingo…

 1,156 total views

0Shares

“Dukwiye kugira ubwenge bw’Imana” Gahamanyi Jean Baptiste

5Shares

Kuri iki cyumweru tariki ya 24/03/2019 muri CEP UR Huye mu materaniro hari  umwigisha witwa  Gahamanyi Jean Baptiste, umukristu wo ku mudugudu  Gahogo-Ruvumera muri Muhanga yigishishe ijambo ry’Imana rifite intego ivuga ngo KUGIRA UBWENGE yifashishije Ijambo riboneka muri bibiliya  Imigani…

 2,392 total views,  2 views today

5Shares

Ijoro ridasanzwe ryiswe Iryo kuraza Imana muri CEP UR Huye

1Shares

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Werurwe 2019, muri cep ur huye hari umugoroba udasanzwe wahimbwe“ ijoro ryo kuraza Imana” bitewe n’uko bari buzuye byinshi bashakaga kwibutsa Imana. Uyu mugoroba ufite intego yo gushima Imana ku mirimo n’ibitangaza yakoreye…

 1,032 total views

1Shares

Gutabarwa kuzanwa no kwishimirwa n’Uwiteka. Pasitori IYAKABUMBYE Etienne Stephano

0Shares

CEP UR HUYE CAMPUS                                                              3/03/2019 Amateraniro yo kucyumweru                                                          Pastori: IYAKABUMBYE Etienne Stephano INTEGO Y’IJAMBO: gutabarwa kuzanwa no kwishimirwa n’uwiteka ZABURI 44:4 Incamake y’amateka ye: nuvise ijwi ry’imana bwambere,muri 1968 mfite imyaka irindwi. Nkajya mbwiriza abandi bana ko Yesu agira…

 2,022 total views

0Shares

Byose bifataniriza hamwe kutuzanira ibyiza

8Shares

Ijambo ry’Imana: Kuwa 24 Gashyantare 2019 Umwigisha:  Muneza Alphonse Theme: kubo yahamagaye byose bifataniriza hamwe kutuzanira ibyiza Abaroma8:28 Imigani25:2 Itangiriro50:18 Ese koko byaba ibyiza byaba n’ibibi byafatanyirije hamwe kukuzanira ibyiza? Iyo wahamagawe n’Imana byose bifataniriza hamwe kukuzanira ibyiza Kugirango iri…

 38,030 total views,  16 views today

8Shares

Gusengera mu butayu bimaze iki ku mukristo?

0Shares

Abakristo benshi bajya bafata umwanya bakajya gusengera ahantu hatandukanye hatari murusengero bisanzwe. Hari abajya gusengera aho bakunze kwita mu butayu ariho mu mashyamba, mu mazi mu buvumo n’ahandi henshi hatandukanye. Ariko hari n’abandi bantu basenga ariko ibyo kujya mu butayu…

 2,686 total views,  2 views today

0Shares

Umukristo si umurinzi ni ingabo : Gashugi Yves

1Shares

Amasengesho y’umwihariko yo kuri uyu wa gatanu tariki 8 Gashyantare yakozwe n’abanyeshuri b’abanyamuryango ba CEP UR HUYE ni amasengesho cyangwa se nibature yatangiye saa kumi za mugitondo aho yarifite intego yo gusengera igihugu,gusengera itorero ry’ ADEPR ari naryo CEP UR ibarizwamo ndetse no gusengera ibizami  abanyeshuri  bari kwitegura. Ni ubwa mbere muri uyu mwaka, bene ayamasengesho yatangijwe saakumi z’igitondo akorwa kandi afite imbaraga. Kugera kuri sitade (stade)…

 1,110 total views

1Shares