Pastor Niyonshuti Theogene yaduhaye ubuhamya bw’uburyo yari inzahare y’urumogi anatubwira uburyo abantu ari abarakare
Pastor Niyonshuti Theogene ukorera umurimo w’Imana mw’itorero rya ADEPR mu karere ka Nyarugenge muri Paruwasi ya Kimisagara k’umudugudu wa Katabaro ,uzwiho ubuhamya bw’uburyo yahoze ari umunywi ukomeye w’ibiyobyabwenge ari naho hakomoka imvugo yuko yari inzahare yazahutse . Uyu mukozi w’Imana…
1,992 total views, 4 views today
Mukankuranga Jacqueline wari indaya, no kunywa urumogi arashima Imana
Mu buhamya uyu mugore avuga ko yakoze uburaya kuva afite imyaka mike cyane,akajya anywa n’urumogi abitewe n’uko yabonaga abandi bakobwa babikora nawe abijyamo ariko nyuma yo kuba mu buzima bugoye kandi agasanga nta mahoro yo mu byaha ubu yamaze gukizwa…
1,724 total views
Chorale Enihakore yasinye amasezerano y’imbanzirizamushinga yo gusohora Amashusho
Ku tariki 20 Werurwe nibwo ubuyobozi bwa Chorale Enihakore bwasinyanye amezerano y’imikoranire n’inzu itunganya umuziki Bless World Music iyobowe na Twahirwa David k’umushinga wa Chorale Enihakore ifite yo kumurika amashusho [Video]. Ni album igizwe n’indirimbo 10 zizakorerwa amashusho nk’uko impande…
1,104 total views
Abayobozi bashya ba CEP UR HUYE basengewe Amafoto
Ni kuri iki cyumweru tariki ya 10 Gashyantare 2019 muri Main auditorium ya kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye habaye umuhango wo gusengera abayobozi bashyashya ba CEP UR HUYE bagiye gukora umurimo w’Imana mu mwaka w’amashuri 2019-2020. Amatora yabaye tariki …
1,456 total views
Ubuhamya: Mama Lionel, yategereje imyaka 11 umugabo wari waramukoye, ntiyinuba ,
Nitwa NYIRABAGENZI Alice, mvuka I butare mu ntara y’amajyepfo, nakijijwe mu mwaka w’1992, nkurira mu gakiza gutyo, mu mwaka w’1995 narambagijwe n’umusore tumara imyaka itanu dukundana, ankwa mu mwaka w’2000, ubukwe busohora mu mwaka w’2006 NYIRABAGENZI Alice ( Mama Lionel)…
1,430 total views, 2 views today
RUKIRI II: Akira ishimwe live concert yateguwe na korari rehoboth
Korari Rehoboth isanzwe ikorera umurimo w’Imana, mu itorero rya ADEPR Rukiri II, muri Paruwasi ya Rukiri I, ho mu itorero ry’Akarere rya Gasabo, imaze imyaka isaga makumyabiri(20), ikora uyu murimo, birumvikana ko iwufitemo uburambe. Iyi korali yamenyekanye ku ndirimbo zakunzwe…
1,786 total views
Ibintu 3 umukirisito akwiye guhora yibuka bikamurinda kwitotombera Imana mu gihe ageze mu bigeragezo
Aho isi igeze nta muntu ushobora guhakana avuge ko hariho ibihe birushya. Ni byo isi iruhije abayituye, bahangayikishijwe n’indwara, gupfusha, ubukene, inzara, amapfa, kwangwa, kuvugwa,…. Imihangayiko cyangwa ibibazo by’abantu biba bitandukanye, ibyawe ntibyasa n’iby’undi. Mu rwandiko rwa Yakobo atwibutsa ko…
1,350 total views
Dore amasengesho yafasha umukirisito guhangana n’ibihe by’ubukungu butifashe neza
Mu gihe isi iri mu muvuduko udasanzwe w’iterambere ry’ubukungu, amafaranga ni ingenzi kandi kuyabura bishobora no kongerera umuntu umuhangayiko. Niwumva ibibazo by’amafaranga biganje ibitekerezo byawe, ujye usubizwamo imbaraga, humura! Yesu si imvano y’agakiza kacu gusa, ni n’umugenga, umurinzi ndetse umufasha…
1,046 total views
Hello world!
Welcome to WordPress. This is your first post. Edit or delete it, then start writing! 3,105 total views, 4 views today
3,105 total views, 4 views today