BIMENYIMANA Ephraim

menya impamvu abantu bakunda gushima Imana! ese abashima Imana ubigiraho iki?

0Shares

Pastor Frank avuze ukuntu Imana yamurindiye mu buhungiro aherako ashima Imana ahamya ko ntacyatuma adashima, kandi ngo ntacyatuma areke Imana, nkuko intego iri muri zaburi ya 126:3 Uwiteka yadukoreye ibikomeye, Natwe turishimye. Niyo mpamvu tugiye kubanza kureba hamwe muhantu hava ibyishimo, habaho…

 2,472 total views,  2 views today

0Shares

Korali Enihakore yongeye gutumirwa mu ivugabutumwa yakoreye mu gitaramo cyateguwe na AJEMEL muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya huye

0Shares

Atangije iteraniro indirimbo yo mugitabo ya 204 dore ibendera rya Yesu riramanitswe, nguyu araje ahuruye atyo ngo atabare Abe, ngo ati yemwe ndaje nimukomere, ko ndi hamwe namwe ninde wabashobora?  Korali bonne nouvelle batubwirije mu ndirimbo nziza bati: “Yesu niwe…

 1,182 total views

0Shares

ese waba uzi igihe uzamara hano ku isi? ese igihe ukiriho ukwiriye gukora gute? gira amatsiko wumve icyo ukwiriye gukora.

0Shares

dutangiye tubwirwa ko gukorera IMANA ntagihombo kirimo kuko iyo upfuye imirimo yawe iba irangiye, ariko igihe tukiriho dukore, twe gupfusha ubusa ubuntu twagiriwe/twahawe.  Umutware w’imfura wari ugiye kwima ingoma mu gihugu cya kure, hanyuma asigira abagaragu be mina icumi ngo…

 1,408 total views

0Shares

Imana ikeneye umuntu ntikeneye abantu, umuntu imushakaho iki? soma umenye icyo Imana imushakaho!

0Shares

“Umuntu niyibwira ko ari ikintu kandi ari nta cyo ari cyo, aba yibeshye. Ibyiza ni uko yakwisuzuma mu murimo we ubwe, kuko ari bwo azabona icyo yirata ku bwe, atari ku bwa mugenzi we, kuko umuntu wese aziyikorerera uwe mutwaro.”…

 979 total views

0Shares

Uburyo twagira ubuzima bunesha icyaha umunsi wa gatandatu w’igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na CEP-UR HUYE kuwa 11 Nzeli 2021

0Shares

Pastor KARAYENGA Jean Jacques ari nawe mwigisha wo kuri uyu mugoroba wa gatandatu, yatuganirije ijambo ry’Imana  ryiza ryakose ku mutima waburi umwe wese, Ese nawe witeguye kugira byinshi ukura muri irijambo? yatangiye atuganiriza ijambo ry’Imana mu Ibyahishuwe3:5“Unesha ni we uzambikwa…

 1,904 total views

0Shares

Kurikirana new melody choir namwe mu mafoto yabo muri iki gitarane cyahinduye imitima ya benshi kuri uyumunsi wa gatandatu w’igiterane cy’ivugabutumwa

0Shares

Kuri uyu munsi wa gatandatu ubanziriza uwanyuma w’igiterane cy’ivugabutumwa twari kumwe na New Melody Choir na Pst. KARAYENGA Jean Jacques. twatangiye igiterane cyacu dushima ndetse duhimbaza Imana ko yaturinze kandi imbabazi zayo zihoraho iteka ryose. twatangiranye na El- Elyoni Worship…

 1,162 total views

0Shares

Ukutumvira ubuzima bwigomeka ku Mana igice cya kabiri, Kuruyu munsi wa gatatu w’igiterane cy’ivugabutumwa na KARANGAYIRE Clement, cyateguwe na CEP UR HUYE Campus

0Shares

Hari ibyo wibazaga ukumva utarasobanukirwa neza kwigomeka ku Mana icyaricyo, ariko uyu niwo mwanya ngo dufatanye gusobanukirwa. Umuntu wigometse ku Mana akura urupfu ku cyaha, Imana irashaka ko usobanukirwa ukuri ukamenya ahujya, niba ushaka kugendana ni Imana ukayubaha ugomba gutandukanya…

 978 total views

0Shares

Ukutumvira ubuzima bwigomeka ku Mana igice cya mbere, Kuruyu munsi wa gatatu w’igiterane cy’ivugabutumwa na KARANGAYIRE Clement, cyateguwe na CEP UR HUYE Campus

0Shares

Iki giterane gifite intego igira iti: imbaraga z’ububyutse. biboneka muri Ezekieli37:5 Uku ni ko Umwami Uwiteka abwira aya magufwa ngo: Dore ngiye kubashyiramo umwuka ngo mubeho, itangiriro 3:24 Nuko yirukana uwo muntu, kandi mu ruhande rw’iyo ngobyi yo muri Edeni…

 1,158 total views,  2 views today

0Shares

Guca bugufi ni intwaro ikomeye yo gutabarwa n’Imana, niwumva ibi ntiwihagarareho!

0Shares

Shyira ubuzima bwawe muri yesu: Ev. Edissa MUKANSONERA, atuganirije ijambo rikora kumutima, 2Abami 6:5-7   Umwe muri bo agitema igiti, intorezo irakuka igwa mu mazi, arataka ati “Mbonye ishyano databuja, kuko yari intirano.”6. Uwo muntu w’Imana aramubaza ati “Iguye he?” Arahamwereka….

 4,034 total views

0Shares

Ese urugamba rw’umu kristo rukwiriye kumera rute muri iyi minsi?

0Shares

Igihe cyose umuntu ari mu isi aba afashe igihe muntambara, cyane intambara ziza kumuntu watangiye urugendo rwa gikristo kuko aba yabaye umwanzi wa satani bityo bigatuma amuhiga kuko mu mugambi we ntawe yifuriza ijuru. Iyo ijambo ry’Imana ribivugaho: dusome igitabo…

 1,044 total views

0Shares