Ibi bintu birashimishije, irebere nawe icyo umushumba mukuru Pastor Ndayizeye Isaie yaganirije abari mu gitaramo cyo gusengera abayobozi bashya ba CEP-UR HUYE CAMPUS
Nimwiyuhagire mwiboneze, mukureho ibyaha byo mu murimo yanyu bive imbere yanjye, mureke gukora nabi (Yesaya 1:16), kuri uyumunsi twagiriwe umugisha wo kubana n’umushumba mukuru ariwe Pastor Ndayizeye Isaie muri uyumuhango wo gusengera abayobozi, sibyo gusa ni nawe wari umwigisha w’Ijambo…
934 total views, 2 views today
Uzi gukunda cyangwa ukunda uburyo biryoha gusa ? dore aho urukundo wakunzwe ruherereye
Sinkibita abagaragu kuko umugaragu atazi ibyo shebuja akora, ahubwo mbise incuti kuko ibyo numvisse kuri Data byose mbibamenyesheje. Ni cyo gituma mpfukamira Data wa twese uwo imiryango yose yo mu ijuru n’iyo mu isi yitirirwa, ngo abane nk’uko ubutunzi bw’ubwiza…
964 total views
Menya impamvu abantu benshi baharanira guhigura imihigo bahize, ese waba waruzi impamvu yabyo?
Wabimenye soma wumve inkuru nziza! Gira umwete usome, wumve uburyo Imana ishoboye kandi ikunda umuntu yaremye kandi ishaka ko uyamamaza. Mubyo dukora byose nibyiza ko dufata umwanya tugasoma by’umwihariko tugasoma ibihembura ubugingo ibidusubizamo imbaraga, bidukumbuza ijuru duharanira kuragwa iryo kamba…
974 total views
Menya bimwe mu bintu bifasha umuntu kuba imbata yo gukiranuka aho kuba imbata y’icyaha
Maze mubatuwe ku byaha, muhinduka imbata zo gukiranuka (Abaroma 6:18), aha wakibaza uti ese umuntu aba imbata yo gukiranuka ate? Cyangwa se imbata n’iki? Ntibikabeho! Mbese twebwe abapfuye ku byaha, twakomeza kuramira muri byo dute? Iyo umuntu Ari imbata mu…
1,080 total views
Ese nawe waba uzibanga rihishwe muri Bibiliya? menya byinshi utaruzi
Amateraniro yo kuri iki cyumweru tariki ya 17 Ukwakira 2021 akaba yayobowe na Manzi Christian ,yabereye muri Auditorium ya Kaminuza. Muri aya materaniro haririmbye Korali Ibanga ikaba ari Ihuriro ry’amakorari yose abarinzwa muri CEPURHUYE, iyi Korali yaririmbye indirimbo nziza yahembuye…
1,276 total views
Chorale Elayo ya CEP UR Huye yagiriye uruzinduko mu giterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na AJEMEL
Chorale Elayo ikorera umurimo w’Imana muri CEP UR Huye yitabiriye igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na AJEMEL (Association Des Jeunes Etudiante Methodist Libre) gifite intego igira iti: “Dushime Imana mu mitima yacu“, Ikaba iboneka mu Gutegeka kwa kabiri 7:7. Iki giterane kikaba…
1,376 total views, 2 views today
Amateraniro yo ku cyumweru kuwa 03/10/2021
Kuri uyu munsi turi kumwe n’umuvugabutumwa Claude uturuka mu Matyazo, dusangiye ijambo ry’Imana rihembura ndetse rikomeza imitima dusanga mu (Kuva 4:2-5.) “Uwiteka aramubaza ati “icyo ufiye mu ntoki ni iki?” Aramusubiza ati “Ni inkoni.” Aramubwira ati “Yijugunye hasi.” Ayijugunya hasi…
1,214 total views
Pastor Mushishi Elisa mu giterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na AJEMEL UR HUYE CAMPUS
Pastor Mushishi mu buhamya bwe yasangije abatari bake mu bitabiriye iki giterane agira ati “ahasaga 1997 nabaye aha mu gihe cy’abakonari abo ntibagenderaga mu gakiza nkuko byagaragariraga mu mirimo n’imyitwarire yabo”. Icyatumye uwiteka adukunda si uko twari beza ahubwo rwari…
830 total views
Alliance Choir namwe mu mafoto yabo mu gitaramo cy’ivugabutumwa cyateguwe na AJEMEL UR HUYE CAMPUS
Icyateye uwiteka kubakunda akabatoranya,si uko mwarutaga ayandi mahanga yose ubwinshi,ndetse mwari bake hanyuma y’ayandi yose(Gutageka kwa kabiri 7;7), iyi ni intego y’iki giterane cyateguwe na AJEMEL ( Association Des Jeuness Etudiante Methodist Libre) cyahuje amakorali atandukanye akorera umurimo w’Imana muri…
806 total views
Menya bimwe mu bintu biranga umuntu wera imbuto zigumaho
Mugende nk’uko bikwiriye ab’umwami wacu, mu munezeze muri byose, mwere imbuto z’imirimo myiza yose kandi mwunguke kumenya Imana(Abakorosayi1:10), wakibaza ngo uku kwera kuvugwa nibwoko ki, gusobanuye iki? Kwera imbuto ni ukubaho imibereho yerekana ko hari impinduka yaje mu buzima bwawe…
1,610 total views