Umugwaneza Cynthia

Kurikirana new melody choir namwe mu mafoto yabo muri iki gitarane cyahinduye imitima ya benshi kuri uyumunsi wa karindwi w’igiterane cy’ivugabutumwa

0Shares

Mu gitondo cyo kuri uyumunsi wo ku cyumweru arinawo munsi wanyuma w’igiterane cy’ivugabutumwa, aho turi kumwe na New melody hamwe n’amakorali akorera umurimo w’Imana muri cep ur huye, n’umwigisha Pastor KARAYENGA Jean Jacques. Dushimiye Imana ikomeje kubana natwe no kutwereka…

 978 total views

0Shares

ubuturo bw’abera banesheje umunsi wa nyuma w’igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na CEP-UR HUYE kuwa 12 Nzeli 2021

0Shares

Turi kumwe na Pastor KARAYENGA Jean Jacques, twigiye hamwe ijambo rivuga ngo ubuturo bw’abera banesheje. Dusome Ibyahishuwe 21:1-7. Uko turemwe twifuza kumenya iby’ahazaza hacu, rero tugire n’amatsiko y’ubuzima tuzabamo nyuma y’ubu buzima turimo, iyo twirengagiza gutekereza kubuzima tuzabamo nyuma yubu…

 856 total views

0Shares

Imyifatire iranga urubyiruko rushaka ububyutse ni umunsi wa gatanu w’igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na CEP-UR HUYE ku mugoroba hamwe na Pastor Hortense Mazimpaka

0Shares

K’umunsi wa gatandatu w’iki giterane cy’ivugabutumwa kiri guhembura imitima ya benshi bagiye baturuka impande zitandukanye, kuruyu munsi twagiriwe umugisha wo kubana n’ababyeyi bacu aribo Pastor Desire HABYARIMANA hamwe na Pastor Hortence Mazimpaka, basubije byinshi mu bibazo abenshi bibazaga bigiye bitandukanye,…

 1,828 total views

0Shares

Kurikira uko umunsi wa kane w’igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na CEP-UR HUYE uko cyagenze uyu munsi

0Shares

Kurikira uko umunsi wa kane w’igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na cep ur Huye campus wajyenze kuri uyu wa Gatatu tariki 8 Nzeri 2021 Muru iki giterane cy’ivugabutumwa gifite intego iri muri Ezekiyeri 37:5 aho cyibanda ku mabaraga z’ubyutse mu murimo w’Imana…

 1,059 total views

0Shares

Kurikirana umunsi wa kabiri w’igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na CEP-UR HUYE CAMPUS

0Shares

K’umunsi wa kabiri mugikorwa ngarukamwaka  kizwi nka Annual Evangelical Campaign gitegurwa na CEP UR Huye iyuyu mwaka ifite intego iboneka muri Ezekiel 37:5 n’umutwe uvuga ngo “Imbaraga z’ububyutse” Ku isaha ya saa moya zuzuye El-Elyon worship Team yari yatangiye guhimbaza…

 1,370 total views

0Shares

Niki gituma dukenera ububyutse?

0Shares

Kuruyu munsi wa kane w’icyumweru kibanziriza igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe n’abanyeshuri babapantekote bakorera umurimo w’Imana muri kaminuza yu RWANDA ishami rya huye, Turi kurushaho kugenda dusobanukirwa byinshi muriki cyumweru kibanziriza igiterane nyamukuru wakibaza ngo kumunsi nyirizina bizaba bimeze gute? Ese nawe…

 1,894 total views

0Shares

” Dore ngiye kubashyiramo umwuka ngo mubeho ” Igiterane cy’ivuga butumwa cyateguwe na cep ur Huye campus

0Shares

Wamunsi twari dutegereranyije amatsiko menshi wageze. Wakwibaza ngo ni uwuhe? Ni igiterane cy’ivuga butumwa cyateguwe n’umuryango w’abanyeshuri b’ abapantekote bakorera umurimo w’Imana muri kaminuza y’ u Rwanda ishami rya Huye (CEP UR HUYE EVANGELICAL CAMPAIGN). Intego nyamukuru izaranga iki giterane…

 1,706 total views

0Shares

Kurikirana uko umunsi wa kabiri w’icyumweru kibanziriza igiterane cy’ivuga butumwa uko wagenze

0Shares

Kuruyu munsi wa kabiri w’icyumweru kibanziriza igiterane cy’ivuga butumwa cyateguwe n’abanyeshuri b’abapantekote bakorera umurimo w’Imana muri kaminuza yu Rwanda ishami rya Huye, Uyumunsi witabiriwe n’abanyeshuri batari bake baje kuramya Imana ndetse no kuyihimbaza mu buryo bwose. Twatangiye twumva ijambo ry’Iman…

 946 total views

0Shares

Ese waba uzi icyo usabwa gukora? kugirango icyusaba Imana cyose ugihabwe.

0Shares

Imirimo Uwiteka yakoze irakomeye, Irondorwa n’abayishimira bose.  Abanyeshuri bakorera umurimo w’Imana muri CEP UR HUYE Campus kuruyu munsi waranzwe no kuramya ndetse no guhimbaza Imana cyane. El-Elyon worship team bahimbaza Imana bagira bati YESU yahozeho kandi azahoraho iteka ryose, turabagabo…

 1,078 total views

0Shares

Menya ibintu byagufasha kunesha ibishuko

0Shares

Umwigisha UKUNDWANIWABO Eric yatangije indirimbo ya 107 mu ndirimbo z’agakiza igira iti” Twemezwa n’iki ko tuzagera mwijuru? N’umwuka w’ihoraho. Hano twakibaza ikibazo kigira kiti ubundi twemezwa ko tuzagera mu ijuru ariko igisubizo n’iki ni Umwuka w’ihoraho, Ijambo ry’Imana ryahawe umutwe…

 1,120 total views

0Shares