Burya nawe washobora ibiguteye ubwoba -Ev Nizeyimana samuel
Nkuko Dawidi yibutse iminsi ye yakera akaramburira uwiteka amaboko akamushima Niko natwe uyu munsi twaje imbere y lmana kugirango tumushime. Umwigisha wuyumunsi Ev Nizeyimana Samuel atuganirije ijambo ryiza riri mu gitabo cy’ Abacamanza 6:11-14 havuga ngo 11Nuko marayika w’Uwiteka araza…
1,316 total views
Ibyago biva mukutubaha Imana
Shimwa Mana kowongeye kuduha kunezererwa munzu yawe kuruyu munsi wa agaciro , Eli-eliyon worship team yabuze uko ibivuga igiria iti: “niwowe MANA niwowe byose bihanze amaso kandi niwowe twese twegamiyeho watubereye ibyiringiro, imirimo yakoreye I karuvali niyo ndirimbo yuzuye mu…
1,226 total views, 2 views today
Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha Igice cya gatanu: babigishije ko Imana iba ahantu kuruta mu bantu. Ese koko Imana iba mu butayu?
Mu iremwa, Imana igira igitekerezo cyo kurema umuntu yashimye ko imurema mu ishusho yayo. Yashakaga kubana n’umuntu, igasabana nawe. Icyaha kiza gutandukanya ubwo busabane ariko kuko Imana yari yaragambiriye guhuza umuntu nayo, ishakira abari mu isi inzira yogucungurwa ngo yongere…
2,144 total views
Benshi babyibajijeho: Ntawabitekerezaga ko byabaho-Bill Gates na Melinda Gates
Urukundo rw’abashakanye akenshi muguhura kwabo bagira intego zo kuzagira urugo rw’cyitegererezo: kuzashakira hamwe amaronko, kubona abana bakinira mu mbuga ndetse n’umunezero mwinshi watuma bafatirwaho urugero muri rubanda. Gusa akenshi urwo ruba ari urugo ruri mu bitekerezo. Bake bashobora gufata ingamba…
964 total views, 2 views today
Ese urugamba rw’umu kristo rukwiriye kumera rute muri iyi minsi?
Igihe cyose umuntu ari mu isi aba afashe igihe muntambara, cyane intambara ziza kumuntu watangiye urugendo rwa gikristo kuko aba yabaye umwanzi wa satani bityo bigatuma amuhiga kuko mu mugambi we ntawe yifuriza ijuru. Iyo ijambo ry’Imana ribivugaho: dusome igitabo…
1,060 total views, 2 views today
Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha igice cya kane: babyibeshyeho ububyutse si ukugira abantu benshi mumakoraniro (insengero)
Mu mwaka wa 2015 nigeze nyura kuri benedata baganira, numva bavuga bati: “muri uyu mujyi hari ahantu hasigaye hari ububyutse bwinshi cyane.” Umwe avuga urugero ati: “uzi urusengero rwo kwa runaka ukuntu rurimo ububyutse! ,rusigaye rwuzuye abantu benshi. Avugana umubabaro…
928 total views
Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha igice cya gatatu: Icyatumye yiyahura nuko banze kumutega amatwi.
Uramutse uhuye n’ikibazo cyangwa ukagwa mucyaha runaka, ukirukankira gushaka uwakwakira ngo yumve icyo kibazo cyangwa icyo cyaha ariko wamugeraho ntagutege amatwi. Wakwiyumva ute? (Fata akanya gato ubaze umutima maze usubize). Ntekereza ko umutima wawe wagira agahinda kenshi ndetse rimwe na…
2,390 total views
Ese niki twakwigira ku gitabo cya Esteri ndetse na Esiteri ubwe?
Esiteri yari umukobwa ufite ubwiza butangaje! Byinshi wamenya ku gitabo cya Esiteri kandi bikagufasha mu bihe byose. Inkuru ya Esiteri uyisanga muri kimwe mu bitabo bigize isezerano rya kera kitwa ESITERI. Abantu bose basomye cyangwa bakumva inkuru ya Esiteri barayikunda…
2,774 total views
Ikibazo Imana ifitanye n’abigisha Igice cya kabiri: Nubwo yari umuhanga yemeye kongera kwigishwa.
Mbese uhuye n’umuntu runaka akakwemeza ko ari nta kintu uzi, wakwiyumva ute? (mbere yo gukomeza inkuru banza utekereze unisubize mu mutima). Akenshi wamureba nabi ndetse hari ubwo wakibwira mu mutima yuko agusuzuguye. Abahanga muby’imitekerereze ndetse n’ubumenyamuntu mumuco (Psychologist and Anthropologist),…
1,292 total views
Inkuru yatangaje benshi ariko ntibakuramo isomo: inkende bivugwa ko yiyahuye.
Ese iyo wumvise ijambo inyamaswa mu matwi yawe wumva umeze gute? Haruhita yumva ari ikintu kinini cyane kandi giteye ubwoba cyibera mw’ishyamba kirya utundi tunyabuzima dutoya cyangwa cyikarya ubwatsi ndetse nundi ashobora kuyitekereza ukundi. Inyamaswa n’ibinyabuzima bifite imico itandukanye ndetse…
1,224 total views