Nsubize amaso inyuma: Vision 2020 mu mwuka igeze hehe? (I)
Umwaka mushya muhire! Abantu benshi bifurizanya umwaka mushya kandi urimo amahirwe; ariko se muri 2020 ni ko bizagenda? Umwaka wa 2020 ni umwaka wari utegerejwe kubera intumbero ya 2020 igihugu cy’ u Rwanda cyari gifite. Abantu babiri bashobora kubyukira isaha…
1,311 total views
Hari Amadini menshi avuga ijambo ry’Imana ariko ugasanga abantu badakora ibyo Imana ishaka Menya Impamvu.
umwigisha w’ijambo ry’Imana ni Rev past MUTAGAZWA Viateur kuri uyu yatangiye avuga ko utagomba kwigana kuba undi muntu ahubwo gerageza wigane Yesu kristo yagarutse ku bintu yigishije ku wa Gatanu avuga ko umuntu agomba kugira inumbero,agomba gupanga ibintu bye kuko…
954 total views
Kurikira Amatora ya CEP(Live)
Nkuko bisanzwe abakristu bo muri CEP UR HUYE buri mwaka bitorera Abayobozi bazabayobora.Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 01/02/2020 ubu amatora aratangiye,akaba ari kubera muri Audi levesque. Batangiye berekana komisiyo ishinzwe amatora muri uyu mwaka,ikaba ari nayo yicaye igahitamo abakandida…
1,008 total views, 2 views today
Menya byinshi ku matora abura amasaha make muri CEP -UR HUYE.
Nkuko bisanzwe bigenda mu gihugu cyacu hari amategeko agenderwaho kugira umuntu abe umukandida mu matora harimo kuba ari umunyarwanda,kuba atarafunzwe igihe kirenga amezi atandatu, Ninako no mu muryango w’Abanyeshuri b’abapantekonte ukorera umurimo w’Imana muri kaminuza ishami rya Huye hateganyijwe amatora…
902 total views
Igiterane cyahembuye imitima y’abantu, umuyobozi wa korari Yelusaremu impungenge yari afite
Presidente ati “abanyesuri ni abantu bagoye, twibwiraga ko bigorana kubwiriza muri kaminuza, ariko impungenge zashize, umwuka w’Imana akorera hose, abanyeshuri barakijijwe” Igiterane cy’ivugabutumwa cya teguwe n’umuryango w’abanyeshuri b’abapantecote bo muri kaminuza y’Urwanda ishami rya Huye (CEP UR Huye Campus), cyirashoje….
1,146 total views, 2 views today
Urabeho Mr BLACK M
Ubuzima bugira ubuhamya…….. KOBE BRYANT; wiyise Black Mamba bitewe n’ ubushobozi yiyumvagamo bwo kuba mudahusha mu mikinire ye, nk’ uko iyi nzoka na yo ibigenza; yari afite ubuzima burimo byinshi (nirinze kuvuga byose): yatsindiye imyanya y’ icyubahiro myinshi, ndetse n’…
1,060 total views
kurikira uko dusoza Igiterane cy’ivugabutumwa
uyu ni umunsi wa cyenda wacyo aho turi kumwe na korari Yerusalem na Rev.Pst KARAYENGA Jean Jacques Twatangiye duhimbaza dufashijwemo na El-elyon worship team Hakurikiraho Korari Ibanga tugeze mu mwanya wo Kwakirana ndetse tunahana ikaze mu nzu y’Imana kandi ni…
1,210 total views, 4 views today
kurikirana umunsi wa cyenda w’igiterane cy’ivugabutumwa live. ntucikwe n’uko ibihe byiza biri kugenda bikurikirana
Amateraniro atangiye saa 8:45 dufashwa na korari EL-ELYON worship team. Umuyobozi wa gahunda ni NIYIGENA Edissa, twatangiranye nindirimbo yo mugitabo mugushimisha 189 Hakurikiyeho korari Vumiriya n’indirimbo nziza igira iti’ Yesu araguhamagara ngwino” Hakurikiyeho korari ENHAKOLE mundirimbo nziza igira iti” Kuko…
1,330 total views, 4 views today
Igiterane cy’ivugabutumwa Umunsi wa munani kuri Sitade ya kaminuza gikurikirane
igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na CEP UR-HUYE,Kuri uyu wa gatandatu turi ku munsi wa munani wacyo kikaba gitangiye saa munani zuzuye,aho twatangiye dufashwa na El-elyon worship Team. umuyobozi wa gahunda ni NIZEYIMANA Jean Marie Vianney akaba ari umunyeshuri muri kaminuza Chorale…
1,926 total views, 2 views today
Kurikirana live amateraniro y’umugoroba. igiterane ku munsi wa cyo wa karindwi intego y’umunsi “kuyoborwa n’umwuka ubuzima bw’umukirisitu”
dutangiye amateraniro ni indirimbo ya 70 mu gakiza “Imana irakurinda iminsi yose munzira ucamo” turi kumwe na korari itabaza yaturutse kuri ADEPR paruwasi ya taba ndetse n’amakorari akorera umurimo muri CEP ariyo Elayo, Vumiliya, Alliance, Enihakole Ndetse na EL_Elyon worship…
1,426 total views