Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha igice cya cumi na rimwe: bibagiwe/batinze gutoza aba ahazaza none Isi yarabatwaye. niba bishyura Abacuranzi tubyitege mu minsi iza naba Perezida baraza kwishyurwa.
Bibagiwe/Batinze gutoza aba ahazaza “Hari umwe mu bakomeye muri iki gihugu ukora mu nzego z’umutekano kuganira nawe imonota 10 uhakura ibitekerezo wakandikamo igitabo. Ikibazo ni uko itorero ritamubyaje umusaruro ariko ubuyobozi (political leaders) bukimubona bwahise bumutwara.” Aya magambo nayabwiwe mu…
1,184 total views, 2 views today
Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha igice cya cumi: bitiranije inyama zo murusengero nizo mungo zabo, nicyo cyatumye Imana ibarimbura.
Mumwaka wa 2015 ubwo nigaga mu mwaka wa kane wa mashuri y’isumbuye, uwari uhagarariye isomero ry’ishuri (Academic Librarian) yaranganirije ambwirako ubwo babaga mu gihugu cya kongo (DRC) yahoze ari Zaire hari itsinda ry’abasore babiri basengeraga umurimo w’Imana mu ihuriro ryaba…
1,250 total views, 2 views today
MENYA NIBI IGICE CYA KANE: ntabwo yaremewe kurimbuka, Ibyo yahawe nibyo byamuteye gukiranirwa acirwaho iteka.
Nigake ushobora gusanga umuntu atekereza impamvu yavutse ari inzobe, igikara, arimunini, muto, mugufi cyangwa muremure. Akenshi abitekerezaho nkiyo bagenzi be babiganiriyeho ariko iyo hashize akanya ntiyongera kubitekereza. Nubwo ntacyo byagufasha cyane kubyibazaho ariko bishobora gutuma wibaza ku umuremyi wawe, bikagutera…
888 total views, 4 views today
Urwandiko rwandikiwe ab’itorero igice cya cumi: benshi barabisomye(ma) ariko ntibabitekerezaho, burya nta ntwaro yakoresheje ahubwo yakoresheje amagambo (Goliyati).
Hari abantu bavuga nabi ukagirango nibyo baremewe gukora kandi bitwa ko bakijijwe (aya magambo nayakuye kurukuta nkoranya mbaga rwa watsapu rw’umushumba wahamagariwe gutoza no kwigisha ku muryango “Pasitoro Desire Habyalimana). Abahanga mubijyanye n’imitekerereze (Psychologist) bavuga yuko kuvuga nabi bikomoka kukuba…
1,354 total views
MENYA NIBI (igice cya mbere) : Yari umutunzi, ashaka kugerayo ariko ntiyari azi inzira!
Mu myaka yashije nigeze gutekereza ku bantu ba batunzi (abakire), muri icyo gihe rero nibwiragako abatunzi batajya bagira icyo bakena cyangwa ngo bagire icyo bifuza cyane ko nabonaga babayeho mu buzima bwiza. Hashize igihe naje kwegera umubyeyi ukuze, mubaza iby’icyo…
992 total views, 2 views today
Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha Igice cya munani: Bihutiye kubabatiza bibagirwa/batinda kubigisha nicyo cyatumye badakura.
Mbese ibyo usoma ibyo urabyumva (Ibyakozwe n’Intumwa 8:30B). Aya ni amagambo yavuzwe n’umugabo witwa Filipo ayabaza inkone y’umugabekazi Kandake w’abanyetiyopiya kuko yari yarasobanukiwe ko ishingiro ryo kumenya atari ugufata mu mutwe ibyo dusoma ahubwo ishingiro ryo kumenya ari ukumva no…
1,156 total views
Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero igice cya cyenda: Bamwe ni kumanywa abandi ni nijoro, barabashatse baburirwa irengero, abandi bari kuboroga mu marira menshi, polisi mpuzamahanga irahamagaranye, nyuma babonye icyabiteye
Umunsi umwe nigeze kwibaza mu mutima nti: kubera iki abahanuzi, abaririmbyi iyo bahanura cyangwa bari kuririmba bavuga bati: umunsi umwe tuzirirwa mu isi ariko ntituyiraremo ubundi bakavuga ko tuzarara mu isi ariko ntituyirirwemo? Ese kubera iki batavuga kimwe muribyo? Naje…
1,236 total views
Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha Igice cya karindwi: banze gusabana nabo bayobora ngo baba bisuzuguza/je.
Mumyaka itanu ishize nigaga mu ishuri ry’igishaga ubuyobozi no guhindurira abantu kuba abigishwa ba Yesu, ubwo twigaga isomo ry’ubuyobozi twabajijwe n’umwarimu uko umuyobozi agaragara bamwe muritwe ndibuka ko basubije ko ari umuntu munini ugaragiwe n’abarinzi bafite intwaro mu ntoki zabo,…
3,869 total views, 2 views today
Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero Igice cya munani: yababajije ikibazo cy’ubumenyi (Satani), ababwirako bazasa n’Imana bibagirwa ko baremwe mu ishusho yayo (Adamu na Eva).
Satani si umuswa nkuko bamwe bashobora kuba babyibwira, ahubwo ni umuhanga mu bice bitandukanye by’ubuzima, ariko turagaruka ku gice cy’iyobokamana. Satani ni umuhanga wazobereye mukubaza ibibazo-suzuma bumenyi ryerekeye iyobokamana agamije kujora (criticism) amahame n’amategeko y’umuremyi ngo acogoze abizera binyuze mu…
1,862 total views, 2 views today
Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero Igice cya Karindwi: Nubu baracyabijyaho impaka ibirenge bye bireba imbere ariko amaso ye arareba inyuma (Mukaroti).
Mu mutima w’umuntu niho hacurirwa imigambi myiza cyangwa mibi kandi icyihuzuye amaherezo, nicyo kimutera imbaraga zo gusohoza iyo migambi. Hahirwa umuntu ugufitemo imbaraga, Hahirwa abafite mu mitima inzira zijya i Siyoni (Zaburi 84:6). Kuzuza umutima ibiwuhesha imbaraga ndetse n’ubundi butunzi…
1,456 total views, 4 views today