amatangazo

yaranzwe n’imirimo myinshi itangaje !!.Ese nanubu aracyakora??

0Shares

Hari uwaje akiza abarwayi ,agahumura impumyi, agaturisha inyanja, ndetse yaranzwe n’imirimo myinshi itangaje gusa!!.Ese nanubu aracyakora?? Aramusubiza ati “Data arakora kugeza n’ubu,nanjye ndakora (yohana 5:17). DUSHIMUMUREMYI Charles, niwe mwigisha wijambo ry’Imana muri CEP UR HUYE,ukuboza 2023 Imana ibasha gukora ibiruta…

 600 total views

0Shares

Umunsi udasanzwe uba rimwe mu mwaka !!!

0Shares

Umunsi udasanzwe uba rimwe mu mwaka, n‘umunsi aba kristo bose ku isi yose bizihiza, uwo munsi wiswe NOHERI bisobanuwe umwami yesu yatuvukiye. Umwami yesu yahanuwe kera n’abahanuzi batandukanye ubwo berekwaga agakiza kabisi bose ko bazahabwa umwana w’umuhungu kandi uwo mwana…

 562 total views

0Shares

NEW CEP EXECUTIVE COMMITTEE FOR 2023/2024 MANDATE

0Shares

PRESIDENT: RUKUNDO Aimable 135 votes VICE PRESIDEENT 1: NSHIMIYIMANA Moses 103 votes VICE PRESIDENT 2: NIYONGIRA Nicole 75 votes SECRETARY: MUNEZERO Blandice 101 votes ACCOUNTANT: IRANESHA Azubah 85 votes 1st ADVISOR: INEZA Esther 94 votes 2nd ADVISOR:  TWIZEYIMANA Eric 60…

 1,680 total views

0Shares

ABAKANDIDA B’ AMATORA YA CEP 2023/2024

0Shares

Komite ishinzwe gutegura no kugenzura amatora muri CEP UR Huye ihagarariwe na KWIHANGANA Steven yasobanuriye aba cepien ibigendwaho mumatora. Ibi ni bimwe mubigenderwaho hatorwa abakandida: Amatora akorwa mu ibanga Hagomba kubahirizwa ihame ry’ uburinganire (gender balance) Utorerwa gucunga umutungo wa…

 828 total views,  2 views today

0Shares

Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha igice cya cumi na rimwe: bibagiwe/batinze gutoza aba ahazaza none Isi yarabatwaye. niba bishyura Abacuranzi tubyitege mu minsi iza naba Perezida baraza kwishyurwa.

0Shares

Bibagiwe/Batinze gutoza aba ahazaza “Hari umwe mu bakomeye muri iki gihugu ukora mu nzego z’umutekano kuganira nawe imonota 10 uhakura ibitekerezo wakandikamo igitabo. Ikibazo ni uko itorero ritamubyaje umusaruro ariko ubuyobozi (political leaders) bukimubona bwahise bumutwara.”  Aya magambo nayabwiwe mu…

 1,358 total views

0Shares

Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha igice cya cumi: bitiranije inyama zo murusengero nizo mungo zabo, nicyo cyatumye Imana ibarimbura.

0Shares

Mumwaka wa 2015 ubwo nigaga mu mwaka wa kane wa mashuri y’isumbuye, uwari uhagarariye isomero ry’ishuri (Academic Librarian) yaranganirije ambwirako ubwo babaga mu gihugu cya kongo (DRC) yahoze ari Zaire hari itsinda ry’abasore babiri basengeraga umurimo w’Imana mu ihuriro ryaba…

 1,410 total views

0Shares

MENYA NIBI IGICE CYA KANE: ntabwo yaremewe kurimbuka, Ibyo yahawe nibyo byamuteye gukiranirwa acirwaho iteka.

0Shares

Nigake ushobora gusanga umuntu atekereza impamvu yavutse ari inzobe, igikara, arimunini, muto, mugufi cyangwa muremure. Akenshi abitekerezaho nkiyo bagenzi be babiganiriyeho ariko iyo hashize akanya ntiyongera kubitekereza. Nubwo ntacyo byagufasha cyane kubyibazaho ariko bishobora gutuma wibaza ku umuremyi wawe, bikagutera…

 1,238 total views

0Shares

Urwandiko rwandikiwe ab’itorero igice cya cumi: benshi barabisomye(ma) ariko ntibabitekerezaho, burya nta ntwaro yakoresheje ahubwo yakoresheje amagambo (Goliyati).

0Shares

Hari abantu bavuga nabi ukagirango nibyo baremewe gukora kandi bitwa ko bakijijwe (aya magambo nayakuye kurukuta nkoranya mbaga rwa watsapu rw’umushumba wahamagariwe gutoza no kwigisha ku muryango “Pasitoro Desire Habyalimana). Abahanga mubijyanye n’imitekerereze (Psychologist) bavuga yuko kuvuga nabi bikomoka kukuba…

 1,688 total views,  6 views today

0Shares

MENYA NIBI (igice cya mbere) : Yari umutunzi, ashaka kugerayo ariko ntiyari azi inzira!

0Shares

Mu myaka yashije nigeze gutekereza ku bantu ba batunzi (abakire), muri icyo gihe rero nibwiragako abatunzi batajya bagira icyo bakena cyangwa ngo bagire icyo bifuza cyane ko nabonaga babayeho mu buzima bwiza. Hashize igihe naje kwegera umubyeyi ukuze, mubaza iby’icyo…

 1,134 total views

0Shares

Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha Igice cya munani: Bihutiye kubabatiza bibagirwa/batinda kubigisha nicyo cyatumye badakura.

0Shares

Mbese ibyo usoma ibyo urabyumva (Ibyakozwe n’Intumwa 8:30B). Aya ni amagambo yavuzwe n’umugabo witwa Filipo ayabaza inkone y’umugabekazi Kandake w’abanyetiyopiya kuko yari yarasobanukiwe ko ishingiro ryo kumenya atari ugufata mu mutwe ibyo dusoma ahubwo ishingiro ryo kumenya ari ukumva no…

 1,300 total views,  2 views today

0Shares