Menya nibi

Menya nibi igice cya cyenda: nubwo waba ufite ubwenge nka salomo, ukaramya Imana nka Dawidi cyangwa Aburahamu mu kwizera cyangwa Yosuwa mu ntambara gusa nudakoresha iri banga nk’uyumusore bizarangira usenywe nka samusoni.

0Shares

Umunyamerika kazi akaba n’umukinnyi wa filimi wabayeho mu myaka yo hambere (Katharine Hepburn) yavuze Ijambo rijyanye n’imyitwarire agira ati” iyo umuntu adafite imyitwarire myiza burya ntanubuzima aba afite” Ibi ngiye kuvuga nawe ushobora kuba ufite ubuhamya bwabyo. Nabonye abantu benshi…

 1,046 total views,  2 views today

0Shares

UBUTUMWA BW’INTUMWA IGICE CYA GATATU: Yafashe neza abasore bamugannye akira ibyago.

0Shares

Ninde utaziko gufatwa neza binezeza ubikorewe? Ninde utishimirako yafatwa neza? (Care) umuntu muzima agizwe nibice bitatu bikuru muri we. 1. UMUBIRI (Body), 2. SOUL (Ubugingo) 3. UMWUKA (Spirit). twese turemye mu buryo dufite igice dusangiye aricyo gitera ibyishimo cyangwa umubabaro…

 852 total views

0Shares

Ubutumwa bw’Intumwa igice cya kabiri: abantu babyigishije uko bitari ariko yazize kwiyiringira.

0Shares

Birashoboka ko mbere wigishijwe yuko umuntu avuka ari malayika, umuziranenge imbere y’Imana. ndatekereza kandi yuko wanabwiweko iyo umuntu abatijwe mu mazi menshi cyangwa kugahanga aramutse apfuye akiva mu mazi ko yahita ajya mu ijuru. Hari naho basabira uwapfuye ngo Imana…

 1,360 total views

0Shares

Menya nibi igice cya munani: Binyura mu byo yaremye

0Shares

Ntabwo ushobora kubaho neza ngo wuzuze ubusahake bw’Imana muri iy’isi utabifashijwemo na mwuka wera, abantu ndetse nibyo Imana yaremye. Ese utekeza ute iyo umuntu avugako yihagije we ubwe ko adakeneye ubundi bufasha bw’abantu? Uyu munsi ndashakako tuganira ku ngingo ijyanye…

 1,156 total views

0Shares

Ubutumwa bw’Intumwa Igice cya mbere: Bizeyeko bafite igihe, abahugura ababwirako batinze.

0Shares

Ese hari igihe wigeze guhabwa cyangwa kugira inshingano runaka? Icyo gihe hari uburyo wiyumvise kandi wumva uhinduye uburyo bwo kubaho. (ndatekerezako ariko byagenze). Hari igihe umuntu atekererezako ntanshingano runaka afite igihe ntaho bamutoreye guhagararira abandi cyangwa atahawe amabwiriza n’umukoresha we….

 1,812 total views

0Shares

Menya nibi igice cya karindwi: Yabimenye nyuma yicuza impamvu yabikoze.  

0Shares

Umuhanga mubijyanye nogutanga imbwirwa ruhame akaba n’umunyapolutike w’umunyamelika “leslie calivin” uzwi nka les brown (usome lezi burawuni) yagize ati” ugomba kongera ubumenyi mugutanga no kwakira amakuru kuko iyo ubumbuye umumwa uba ubwiye isi uwuriwe” Si igitangaza ko umuntu ashobora kwicuza…

 1,874 total views

0Shares

Menya nibi igice cya gatandatu: Yahinduye icyerekezo cy’ibyo yarebaga, atangira kurengerwa n’amazi.

0Shares

Mu magambo Yesu yavuze ari kumwe n’abigishwa be mbere yuko asubira mu ijuru yagize ati” kunkurikira ntabwo byoroshye bisaba kunyura mu irembo rifunganye” (Matayo 7:13), Bisaba gusiga ibiri inyuma ugasingira ibiri imbere (Abafilipi 3:13). Petero yari umwe mu bigishwa be…

 1,158 total views

0Shares

Ikibazo Imana ifitanye n’abigisha igice cya cyenda: yamubwiyeko amaze imyaka ine yiga ibyanditswe byera, amusubiza ko amaze imyaka mirongo ine abigenderamo.

0Shares

Umuvuduko w’urumuri ni metero miliyoni eshatu mu isegonda rimwe (speed of light, 3*106m/sec). Umuntu ushobora kugendera kuri uyu muvuduko yabona isi ihagaze/itariho, uwabasha kugendera ku muvuduko urenze uyu yabasha gusubira inyuma mu mateka yahahise akamenya ibyabaye, aya ni amagambo yavuzwe…

 1,318 total views

0Shares

Menya nibi igice cya Gatanu: YAMUHAYE UMUNOTA UMWE W’IKIGANIRO, YISANGA YAMBAYE UBUSA !

0Shares

Birashoboka ko hari mu masaha ya mugitondo, igihe yagiranaga ikiganiro n’uwamushutse. Biragaragarako kandi uwashutswe yari azi neza kandi afite amakuru ahagije yari kumutera kugumana umwambaro atarinze kwambara ubusa. Mu gihe maze mu isi nitegereje neza uburyo abantu cg itsinda ryabo…

 1,768 total views

0Shares

MENYA NIBI IGICE CYA KANE: ntabwo yaremewe kurimbuka, Ibyo yahawe nibyo byamuteye gukiranirwa acirwaho iteka.

0Shares

Nigake ushobora gusanga umuntu atekereza impamvu yavutse ari inzobe, igikara, arimunini, muto, mugufi cyangwa muremure. Akenshi abitekerezaho nkiyo bagenzi be babiganiriyeho ariko iyo hashize akanya ntiyongera kubitekereza. Nubwo ntacyo byagufasha cyane kubyibazaho ariko bishobora gutuma wibaza ku umuremyi wawe, bikagutera…

 1,248 total views

0Shares