Menya nibi

Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero Igice cya kane: Nubwo bamugaya ariko nabo bifitemo uwo mwuka/bameze nkawe (Tobiya).

0Shares

Mu buzima bwa bamwe mu bizera, barigukuza ibyo kugenzura icyo abandi babakorera kuruta kugenzura ibyo bo bakorera abandi. Nyamara ubuzima bw’urubanza ntibuzashingira kubyo abandi badukorera ahubwo buzashingira kubyo tubakorera. Aramubwira ati “Namwe abigishamategeko muzabona ishyano, kuko mwikoreza abantu imitwaro idaterurwa,…

 1,304 total views

0Shares

Ninde ugiye gusimbura GASHUGI YVES ku mwanya wa Prezida wa CEP UR HUYE?

0Shares

Kuri uyu wa Gatandatu hararara hamenyekana Perezida wa CEP UR HUYE,akaba agiye gusimbura Gashugi Yves wari Umaze Igihe cy’Imyaka ibiri ayobora Umuryango w’abanyeshuri b’abapantekote  bakorera umurimo w’Imana mu kaminuza y’U Rwanda,Ishami rya Huye. CEP UR HUYE igira amatora buri mwaka…

 1,657 total views

0Shares

Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero Igice cya Gatatu : Nubwo bose barize amarira amwe ariko humviswe Umwe.

0Shares

“Ni bwo bazantakambira nkabihorera, bazanshakana umwete ntibazambona kuko banze kumenya, kandi ntibahisemo kubaha Uwiteka.” ( Imigani 1:26-27).“Nuko barataka ariko ntihagira ubasubiza, bitewe n’ubwibone bw’abanyabyaha.”(Yobu35:12). Mu Ijambo ry’Imana dukunze kumva amagambo atwemeza ko nidutaka tuzasubizwa. Ariko burya Imana iyo yitegereza ireba…

 1,490 total views

0Shares

Korali Vumiliya mu myiteguro y’igiterane cyo kuri iki cyumweru.

0Shares

Korali Vumiliya ikorera umurimo w’Imana muri kaminuza y’u Rwanda,ishami rya Huye iritegura igiterane cy’ivugabutumwa gifite intego iboneka muri bibiliya mu gitabo Pawulo yandikiye itorero ry’efeso igice cya mbere,umurongo wa cumi na gatatu(Abafeso 1:13) igira iti”UBUGINGO BUFITE UMWUKA WERA”. Korali Vumiliya…

 1,888 total views

0Shares

Menya Amahame 10 wagenderaho kugira ngo usenge neza ( Ten principles of prayers).

0Shares

Mu iteraniro ryera ryo ku wa 9 Gicurasi 2021 umwigisha w’ijambo ry’Imana akaba n’umuyobozi wa CEP UR Huye campus GASHUGI Yves yagarutse ku mahame 10 wajyenderaho kugira ngo usenge neza ndetse n’imirongo ya Bibiliya iyashyigicyira n’ingero zitandukanye kuri aya mahame.Uko…

 4,316 total views,  2 views today

0Shares

Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero igice cya kabiri: Nubwo yari yarabyize yanze kubyigisha atarabikora (Ezira).

0Shares

“Icyo gihe nari kumwe na yo ndi umukozi w’umuhanga, Kandi nari umunezero wayo iminsi yose, Ngahora nezerewe imbere yayo, (Imigani8:30)”. Uyu yari Yesu Kristu mu gitabo cy’ Imigani, yahamirijwe ko yari umukozi w’umuhanga. Niwe Jambo kandi yahozeho, yaremye ibiriho byose….

 2,669 total views,  1 views today

0Shares

Korali Vumiliya isohoye Indirimbo yitwa”I Getsemani”

0Shares

Korali Vumiliya ibarizwa mu Muryango w’Abanyeshuri b’Abapantekote muri Kaminuza y’u Rwanda ,Ishami rya Huye, CEPUR-HUYE ,imaze gushyira hanze indirimbo nshya yitwa I Getsemani ikubiyemo gushima Imana kubw’urukundo yadukunze ikemera gutanga umwana wayo w’ikinenge. Indirimbo”I Getsemani” ikaba ari indirimbo ya karindwi kuri album…

 1,692 total views

0Shares

Ubuyobozi n’abasanzwe bagize CEP UR Huye campus bishimiye kwakira ku mugaragaro Abanyeshuri bo mu mwaka wa mbere no kubasobanurira Imikorere ya CEP

0Shares

Mu materaniro yo kuri uyu wa 27 Kamena 2021 nibwo hakiriwe ku mugaragaro abanyeshuri bo mu wa mbere muri CEP ndetse banasobanurirwa imikorere ya CEP. Yatangijwe n’isengesho ryasenzwe na  NSHUTIYIWABO Marie Rose visi- Presidante wa CEP UR Huye campus nyuma…

 1,310 total views

0Shares

El-Elyon worship team ikorera umurimo w’Imana muri CEP UR Huye campus yakoze igitaramo cyo guhimbaza Imana.

0Shares

El-Elyon worship team yakoze igitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana cyabaye kuri iki cyumweru tariki 20 Kamena 2021muri stade ya Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye cyizihizwa na El-Elyon worship team n’amakorari akorera umurimo w’Imana muri CEP UR Huye campus….

 1,412 total views

0Shares

Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha Igice cya gatanu: babigishije ko Imana iba ahantu kuruta mu bantu. Ese koko Imana iba mu butayu?

0Shares

Mu iremwa, Imana igira igitekerezo cyo kurema umuntu yashimye ko imurema mu ishusho yayo. Yashakaga kubana n’umuntu, igasabana nawe. Icyaha kiza gutandukanya ubwo busabane ariko kuko Imana yari yaragambiriye guhuza umuntu nayo, ishakira abari mu isi inzira yogucungurwa ngo yongere…

 2,144 total views

0Shares