Hari tariki 12/05 2019 ubwo muri main auditorium ya Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye, haberaga igitaramo cyatangiye saa munani kigeza saa kumi z’umugoroba Worship team ya CEP yahawe izina rishyashya EL ELYON WORSHIP TEAM God must high bisobanura ngo Imana isumba Byose ijambo riboneka muri Bibiliya Itangiriro 14:22
Hari hatumiwe New Melody itsinda riramya ndestse rikanahimbaza hari kandi nanone umuramyi Papy Clever ukunzwe cyane muri iyi minsi mundirimbo zo kuramya no guhimbaza akanagira umwihariko wo mundirimbo zo mugitabo(Cantique)
aya ni amwe mufoto yafashwe muri icyo gitaramo

Imana ishimwe Abasore bo muri Worship team Abakristo Abel Ndindiriyimana Sagara Isaac Abacuranzi Avuza ingoma mukanyurwa nyuma yo gukarishya ubumenyi mukuvuza ingoma muri South Africa Biragoye guhisha amarangamutima Niyihe Mana ihwanye n’Uwiteka Imana yacu……………..indirimbo yahembuye benshi committe executif ya CEP UR Huye Jessica Sibomana Umwe mubashyitsi akaba n’umukobwa wumwe mubigeze kuba umuvugizi wa ADEPR kurwego rw’igihugu abaririmbyi ba New melody Gashugi Yves President wa CEP UR HUYE Ruth umuririmbyi wa New Melody Esperance Umuramyi Papy Clever Hallelujah Imana niyo gushimwa AbaPost nabo bari baje Igitarmo cyitabiriwe ningeri zitandukanye Ibyishimo imwe mumbuto z’umwuka wera Imana ishimwe Chorale Elayo baririmba Ikidendezi New Melody Mwarimu Samuel akaba n’umunyeshuri muri Accounting Francois Nshimiyumukiza wayoboye umuryango w’abasomyi ba bibiliya Papy Clever Nzaramba Jean Paul mwarimu kumudugudu wa Nyarugenge Solange comptable wa CEP UR Huye Nshuti Bosco

Amafoto: Kimana Liana Kili shoot
2,006 total views, 6 views today
Ni byiza rwose, amafoto ameze neza.
Ariko Caption mwagiye mushyiraho zakongera zikagenzurwa, nk’aho mwafataga ifoto y’umuntu mukamwita undi utariwe na mba,
Ikiza niba utazi umuntu uwo ariwe neza wabyihorera.
Murakoze