cepurhuye.org

Ibi bintu birashimishije, irebere nawe icyo umushumba mukuru Pastor Ndayizeye Isaie yaganirije abari mu gitaramo cyo gusengera abayobozi bashya ba CEP-UR HUYE CAMPUS

0Shares

Nimwiyuhagire mwiboneze, mukureho ibyaha byo mu murimo yanyu bive imbere yanjye, mureke gukora nabi (Yesaya 1:16), kuri uyumunsi twagiriwe umugisha wo kubana n’umushumba mukuru ariwe Pastor Ndayizeye Isaie muri uyumuhango wo gusengera abayobozi, sibyo gusa ni nawe wari umwigisha w’Ijambo…

 1,308 total views

0Shares

Uzi gukunda cyangwa ukunda uburyo biryoha gusa ? dore aho urukundo wakunzwe ruherereye

0Shares

Sinkibita abagaragu kuko umugaragu atazi ibyo shebuja akora, ahubwo mbise incuti kuko ibyo numvisse kuri Data byose mbibamenyesheje. Ni cyo gituma mpfukamira Data wa twese uwo imiryango yose yo mu ijuru n’iyo mu isi yitirirwa, ngo abane nk’uko ubutunzi bw’ubwiza…

 1,580 total views

0Shares

Menya impamvu abantu benshi baharanira guhigura imihigo bahize, ese waba waruzi impamvu yabyo?

0Shares

Wabimenye soma wumve inkuru nziza! Gira umwete usome, wumve uburyo Imana ishoboye kandi ikunda umuntu yaremye kandi ishaka ko uyamamaza. Mubyo dukora byose nibyiza ko dufata umwanya tugasoma by’umwihariko tugasoma ibihembura ubugingo ibidusubizamo imbaraga, bidukumbuza ijuru duharanira kuragwa iryo kamba…

 1,308 total views,  2 views today

0Shares

Menya bimwe mu bintu bifasha umuntu kuba imbata yo gukiranuka aho kuba imbata y’icyaha

0Shares

Maze mubatuwe ku byaha, muhinduka imbata zo gukiranuka (Abaroma 6:18), aha wakibaza uti ese umuntu aba imbata yo gukiranuka ate? Cyangwa se imbata n’iki? Ntibikabeho! Mbese twebwe abapfuye ku byaha, twakomeza kuramira muri byo dute? Iyo umuntu Ari imbata mu…

 1,696 total views,  4 views today

0Shares

Ese nawe waba uzibanga rihishwe muri Bibiliya? menya byinshi utaruzi

0Shares

Amateraniro yo kuri iki cyumweru tariki ya 17 Ukwakira 2021 akaba yayobowe na Manzi Christian ,yabereye muri Auditorium ya Kaminuza. Muri aya materaniro haririmbye Korali Ibanga ikaba ari Ihuriro ry’amakorari yose abarinzwa muri CEPURHUYE, iyi Korali yaririmbye indirimbo nziza yahembuye…

 1,714 total views,  2 views today

0Shares

Chorale Elayo ya CEP UR Huye yagiriye uruzinduko mu giterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na AJEMEL

0Shares

Chorale Elayo ikorera umurimo w’Imana muri CEP UR Huye yitabiriye igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na AJEMEL (Association Des Jeunes Etudiante Methodist Libre) gifite intego igira iti: “Dushime Imana mu mitima yacu“, Ikaba iboneka mu Gutegeka kwa kabiri 7:7.  Iki giterane kikaba…

 1,720 total views,  4 views today

0Shares

Amateraniro yo ku cyumweru kuwa 03/10/2021

0Shares

Kuri uyu munsi turi kumwe n’umuvugabutumwa Claude uturuka mu Matyazo, dusangiye ijambo ry’Imana rihembura ndetse rikomeza imitima dusanga mu (Kuva 4:2-5.) “Uwiteka aramubaza ati “icyo ufiye mu ntoki ni iki?” Aramusubiza ati “Ni inkoni.” Aramubwira ati “Yijugunye hasi.” Ayijugunya hasi…

 1,426 total views,  2 views today

0Shares

Pastor Mushishi Elisa mu giterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na AJEMEL UR HUYE CAMPUS

0Shares

 Pastor Mushishi mu buhamya bwe yasangije abatari bake mu bitabiriye iki giterane agira ati “ahasaga 1997 nabaye aha mu gihe cy’abakonari abo ntibagenderaga mu gakiza nkuko byagaragariraga mu mirimo n’imyitwarire yabo”. Icyatumye uwiteka adukunda si uko twari beza ahubwo rwari…

 1,040 total views,  2 views today

0Shares

Menya bimwe mu bintu biranga umuntu wera imbuto zigumaho

0Shares

Mugende nk’uko bikwiriye ab’umwami wacu, mu munezeze muri byose, mwere imbuto z’imirimo myiza yose kandi mwunguke kumenya Imana(Abakorosayi1:10), wakibaza ngo uku kwera kuvugwa nibwoko ki, gusobanuye iki? Kwera imbuto ni ukubaho imibereho yerekana ko hari impinduka yaje mu buzima bwawe…

 2,204 total views,  4 views today

0Shares

Kurikirana new melody choir namwe mu mafoto yabo muri iki gitarane cyahinduye imitima ya benshi kuri uyumunsi wa karindwi w’igiterane cy’ivugabutumwa

0Shares

Mu gitondo cyo kuri uyumunsi wo ku cyumweru arinawo munsi wanyuma w’igiterane cy’ivugabutumwa, aho turi kumwe na New melody hamwe n’amakorali akorera umurimo w’Imana muri cep ur huye, n’umwigisha Pastor KARAYENGA Jean Jacques. Dushimiye Imana ikomeje kubana natwe no kutwereka…

 978 total views

0Shares