ubuturo bw’abera banesheje umunsi wa nyuma w’igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na CEP-UR HUYE kuwa 12 Nzeli 2021
Turi kumwe na Pastor KARAYENGA Jean Jacques, twigiye hamwe ijambo rivuga ngo ubuturo bw’abera banesheje. Dusome Ibyahishuwe 21:1-7. Uko turemwe twifuza kumenya iby’ahazaza hacu, rero tugire n’amatsiko y’ubuzima tuzabamo nyuma y’ubu buzima turimo, iyo twirengagiza gutekereza kubuzima tuzabamo nyuma yubu…
872 total views
Uburyo twagira ubuzima bunesha icyaha umunsi wa gatandatu w’igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na CEP-UR HUYE kuwa 11 Nzeli 2021
Pastor KARAYENGA Jean Jacques ari nawe mwigisha wo kuri uyu mugoroba wa gatandatu, yatuganirije ijambo ry’Imana ryiza ryakose ku mutima waburi umwe wese, Ese nawe witeguye kugira byinshi ukura muri irijambo? yatangiye atuganiriza ijambo ry’Imana mu Ibyahishuwe3:5“Unesha ni we uzambikwa…
1,938 total views
Kurikirana new melody choir namwe mu mafoto yabo muri iki gitarane cyahinduye imitima ya benshi kuri uyumunsi wa gatandatu w’igiterane cy’ivugabutumwa
Kuri uyu munsi wa gatandatu ubanziriza uwanyuma w’igiterane cy’ivugabutumwa twari kumwe na New Melody Choir na Pst. KARAYENGA Jean Jacques. twatangiye igiterane cyacu dushima ndetse duhimbaza Imana ko yaturinze kandi imbabazi zayo zihoraho iteka ryose. twatangiranye na El- Elyoni Worship…
1,190 total views
Imyifatire iranga urubyiruko rushaka ububyutse ni Umunsi wa gatanu w’igiterane cy’ivugabutumwa na Pastor Desire HABYARIMANA
Pastor Desire HABYARIMANA ari nawe mwigisha kuruyu munsi ugitangira, nyuma aza gufatanya na Pastor hortance MPAZIMAKA ari naho basubirije ibibazo bya benshi mu masaha y’ikigoroba cy’uyumunsi, pastor Desire yatangiye adusomera ijambo ry’Imana riboneka muri 1petero 2:12 (“Mugire ingeso nziza hagati…
960 total views
Imyifatire iranga urubyiruko rushaka ububyutse ni umunsi wa gatanu w’igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na CEP-UR HUYE ku mugoroba hamwe na Pastor Hortense Mazimpaka
K’umunsi wa gatandatu w’iki giterane cy’ivugabutumwa kiri guhembura imitima ya benshi bagiye baturuka impande zitandukanye, kuruyu munsi twagiriwe umugisha wo kubana n’ababyeyi bacu aribo Pastor Desire HABYARIMANA hamwe na Pastor Hortence Mazimpaka, basubije byinshi mu bibazo abenshi bibazaga bigiye bitandukanye,…
1,860 total views, 4 views today
Kurikira uko umunsi wa kane w’igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na CEP-UR HUYE uko cyagenze uyu munsi
Kurikira uko umunsi wa kane w’igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na cep ur Huye campus wajyenze kuri uyu wa Gatatu tariki 8 Nzeri 2021 Muru iki giterane cy’ivugabutumwa gifite intego iri muri Ezekiyeri 37:5 aho cyibanda ku mabaraga z’ubyutse mu murimo w’Imana…
1,077 total views
Ukutumvira ubuzima bwigomeka ku Mana igice cya kabiri, Kuruyu munsi wa gatatu w’igiterane cy’ivugabutumwa na KARANGAYIRE Clement, cyateguwe na CEP UR HUYE Campus
Hari ibyo wibazaga ukumva utarasobanukirwa neza kwigomeka ku Mana icyaricyo, ariko uyu niwo mwanya ngo dufatanye gusobanukirwa. Umuntu wigometse ku Mana akura urupfu ku cyaha, Imana irashaka ko usobanukirwa ukuri ukamenya ahujya, niba ushaka kugendana ni Imana ukayubaha ugomba gutandukanya…
994 total views
Kurikirana umunsi wa kabiri w’igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na CEP-UR HUYE CAMPUS
K’umunsi wa kabiri mugikorwa ngarukamwaka kizwi nka Annual Evangelical Campaign gitegurwa na CEP UR Huye iyuyu mwaka ifite intego iboneka muri Ezekiel 37:5 n’umutwe uvuga ngo “Imbaraga z’ububyutse” Ku isaha ya saa moya zuzuye El-Elyon worship Team yari yatangiye guhimbaza…
1,386 total views
Niki gituma dukenera ububyutse?
Kuruyu munsi wa kane w’icyumweru kibanziriza igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe n’abanyeshuri babapantekote bakorera umurimo w’Imana muri kaminuza yu RWANDA ishami rya huye, Turi kurushaho kugenda dusobanukirwa byinshi muriki cyumweru kibanziriza igiterane nyamukuru wakibaza ngo kumunsi nyirizina bizaba bimeze gute? Ese nawe…
1,940 total views, 2 views today
” Dore ngiye kubashyiramo umwuka ngo mubeho ” Igiterane cy’ivuga butumwa cyateguwe na cep ur Huye campus
Wamunsi twari dutegereranyije amatsiko menshi wageze. Wakwibaza ngo ni uwuhe? Ni igiterane cy’ivuga butumwa cyateguwe n’umuryango w’abanyeshuri b’ abapantekote bakorera umurimo w’Imana muri kaminuza y’ u Rwanda ishami rya Huye (CEP UR HUYE EVANGELICAL CAMPAIGN). Intego nyamukuru izaranga iki giterane…
1,728 total views, 4 views today