igihe.com

Ibi bintu birashimishije, irebere nawe icyo umushumba mukuru Pastor Ndayizeye Isaie yaganirije abari mu gitaramo cyo gusengera abayobozi bashya ba CEP-UR HUYE CAMPUS

0Shares

Nimwiyuhagire mwiboneze, mukureho ibyaha byo mu murimo yanyu bive imbere yanjye, mureke gukora nabi (Yesaya 1:16), kuri uyumunsi twagiriwe umugisha wo kubana n’umushumba mukuru ariwe Pastor Ndayizeye Isaie muri uyumuhango wo gusengera abayobozi, sibyo gusa ni nawe wari umwigisha w’Ijambo…

 1,330 total views,  6 views today

0Shares

Menya impamvu abantu benshi baharanira guhigura imihigo bahize, ese waba waruzi impamvu yabyo?

0Shares

Wabimenye soma wumve inkuru nziza! Gira umwete usome, wumve uburyo Imana ishoboye kandi ikunda umuntu yaremye kandi ishaka ko uyamamaza. Mubyo dukora byose nibyiza ko dufata umwanya tugasoma by’umwihariko tugasoma ibihembura ubugingo ibidusubizamo imbaraga, bidukumbuza ijuru duharanira kuragwa iryo kamba…

 1,326 total views

0Shares

Ese nawe waba uzibanga rihishwe muri Bibiliya? menya byinshi utaruzi

0Shares

Amateraniro yo kuri iki cyumweru tariki ya 17 Ukwakira 2021 akaba yayobowe na Manzi Christian ,yabereye muri Auditorium ya Kaminuza. Muri aya materaniro haririmbye Korali Ibanga ikaba ari Ihuriro ry’amakorari yose abarinzwa muri CEPURHUYE, iyi Korali yaririmbye indirimbo nziza yahembuye…

 1,736 total views,  2 views today

0Shares

Chorale Elayo ya CEP UR Huye yagiriye uruzinduko mu giterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na AJEMEL

0Shares

Chorale Elayo ikorera umurimo w’Imana muri CEP UR Huye yitabiriye igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na AJEMEL (Association Des Jeunes Etudiante Methodist Libre) gifite intego igira iti: “Dushime Imana mu mitima yacu“, Ikaba iboneka mu Gutegeka kwa kabiri 7:7.  Iki giterane kikaba…

 1,762 total views

0Shares

Pastor Mushishi Elisa mu giterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na AJEMEL UR HUYE CAMPUS

0Shares

 Pastor Mushishi mu buhamya bwe yasangije abatari bake mu bitabiriye iki giterane agira ati “ahasaga 1997 nabaye aha mu gihe cy’abakonari abo ntibagenderaga mu gakiza nkuko byagaragariraga mu mirimo n’imyitwarire yabo”. Icyatumye uwiteka adukunda si uko twari beza ahubwo rwari…

 1,056 total views

0Shares

Ese umuntu akwiriye kubaho gute mu gakiza yakiriye?

0Shares

ku ruyu wa 4 nyakanga 2021 abanyeshuri dukorera umurimo w’Imana muri CEPUR-HUYE CAMPUS twagiriwe umugisha wo gusurwa n’umubyeyi wacu EV. Daniel SINIGENGA, yatuganirije ijambo ry’Imana ryiza ryahembuye imitima ya benshi mu bateranye, umwigisha yatangiye asoma mu rwandiko rwa yuda 1:3,…

 1,174 total views,  2 views today

0Shares

Burya nawe washobora ibiguteye ubwoba -Ev Nizeyimana samuel

0Shares

Nkuko Dawidi yibutse iminsi ye yakera akaramburira uwiteka amaboko akamushima Niko natwe uyu munsi twaje imbere y lmana kugirango tumushime. Umwigisha wuyumunsi Ev Nizeyimana Samuel atuganirije ijambo ryiza riri mu gitabo cy’ Abacamanza 6:11-14 havuga ngo 11Nuko marayika w’Uwiteka araza…

 1,322 total views,  4 views today

0Shares

Ibyago biva mukutubaha Imana

0Shares

Shimwa Mana kowongeye kuduha kunezererwa munzu yawe kuruyu munsi wa agaciro , Eli-eliyon worship team yabuze uko ibivuga igiria iti: “niwowe MANA niwowe byose bihanze amaso kandi niwowe twese twegamiyeho watubereye ibyiringiro, imirimo yakoreye I karuvali niyo ndirimbo yuzuye mu…

 1,232 total views

0Shares

Ese urugamba rw’umu kristo rukwiriye kumera rute muri iyi minsi?

0Shares

Igihe cyose umuntu ari mu isi aba afashe igihe muntambara, cyane intambara ziza kumuntu watangiye urugendo rwa gikristo kuko aba yabaye umwanzi wa satani bityo bigatuma amuhiga kuko mu mugambi we ntawe yifuriza ijuru. Iyo ijambo ry’Imana ribivugaho: dusome igitabo…

 1,072 total views,  2 views today

0Shares

Ese niki twakwigira ku gitabo cya Esteri ndetse na Esiteri ubwe?

0Shares

Esiteri yari umukobwa ufite ubwiza butangaje! Byinshi wamenya ku gitabo cya Esiteri kandi bikagufasha mu bihe byose. Inkuru ya Esiteri uyisanga muri kimwe mu bitabo bigize isezerano rya kera kitwa ESITERI. Abantu bose basomye cyangwa bakumva inkuru ya Esiteri barayikunda…

 2,800 total views

0Shares