Ese nge na Yesu tuziranye ute? menya impamvu yatumye yakobo akirana na malayika n’abantu akanesha, kuki yakiranye nawe?
Ese nge na Yesu tuziranye ute? twibaze kuri iki gice cy’igitabo cy’ itangiriro 32:23-30 ese kitwigisha iki? ibi bice bigera ku munani bigaragaza uko yakobo yakiranye na malayika w’Imana n’abantu maze akanesha, kuki yakiranye nawe? Mu mateka ya yakobo yari…
1,442 total views
ese waba uzi igihe uzamara hano ku isi? ese igihe ukiriho ukwiriye gukora gute? gira amatsiko wumve icyo ukwiriye gukora.
dutangiye tubwirwa ko gukorera IMANA ntagihombo kirimo kuko iyo upfuye imirimo yawe iba irangiye, ariko igihe tukiriho dukore, twe gupfusha ubusa ubuntu twagiriwe/twahawe. Umutware w’imfura wari ugiye kwima ingoma mu gihugu cya kure, hanyuma asigira abagaragu be mina icumi ngo…
1,230 total views
Ibi bintu birashimishije, irebere nawe icyo umushumba mukuru Pastor Ndayizeye Isaie yaganirije abari mu gitaramo cyo gusengera abayobozi bashya ba CEP-UR HUYE CAMPUS
Nimwiyuhagire mwiboneze, mukureho ibyaha byo mu murimo yanyu bive imbere yanjye, mureke gukora nabi (Yesaya 1:16), kuri uyumunsi twagiriwe umugisha wo kubana n’umushumba mukuru ariwe Pastor Ndayizeye Isaie muri uyumuhango wo gusengera abayobozi, sibyo gusa ni nawe wari umwigisha w’Ijambo…
1,178 total views
Menya impamvu abantu benshi baharanira guhigura imihigo bahize, ese waba waruzi impamvu yabyo?
Wabimenye soma wumve inkuru nziza! Gira umwete usome, wumve uburyo Imana ishoboye kandi ikunda umuntu yaremye kandi ishaka ko uyamamaza. Mubyo dukora byose nibyiza ko dufata umwanya tugasoma by’umwihariko tugasoma ibihembura ubugingo ibidusubizamo imbaraga, bidukumbuza ijuru duharanira kuragwa iryo kamba…
1,206 total views
Menya bimwe mu bintu bifasha umuntu kuba imbata yo gukiranuka aho kuba imbata y’icyaha
Maze mubatuwe ku byaha, muhinduka imbata zo gukiranuka (Abaroma 6:18), aha wakibaza uti ese umuntu aba imbata yo gukiranuka ate? Cyangwa se imbata n’iki? Ntibikabeho! Mbese twebwe abapfuye ku byaha, twakomeza kuramira muri byo dute? Iyo umuntu Ari imbata mu…
1,542 total views
Ese nawe waba uzibanga rihishwe muri Bibiliya? menya byinshi utaruzi
Amateraniro yo kuri iki cyumweru tariki ya 17 Ukwakira 2021 akaba yayobowe na Manzi Christian ,yabereye muri Auditorium ya Kaminuza. Muri aya materaniro haririmbye Korali Ibanga ikaba ari Ihuriro ry’amakorari yose abarinzwa muri CEPURHUYE, iyi Korali yaririmbye indirimbo nziza yahembuye…
1,546 total views
Pastor Mushishi Elisa mu giterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na AJEMEL UR HUYE CAMPUS
Pastor Mushishi mu buhamya bwe yasangije abatari bake mu bitabiriye iki giterane agira ati “ahasaga 1997 nabaye aha mu gihe cy’abakonari abo ntibagenderaga mu gakiza nkuko byagaragariraga mu mirimo n’imyitwarire yabo”. Icyatumye uwiteka adukunda si uko twari beza ahubwo rwari…
970 total views
Menya bimwe mu bintu biranga umuntu wera imbuto zigumaho
Mugende nk’uko bikwiriye ab’umwami wacu, mu munezeze muri byose, mwere imbuto z’imirimo myiza yose kandi mwunguke kumenya Imana(Abakorosayi1:10), wakibaza ngo uku kwera kuvugwa nibwoko ki, gusobanuye iki? Kwera imbuto ni ukubaho imibereho yerekana ko hari impinduka yaje mu buzima bwawe…
1,992 total views, 4 views today
Kurikirana new melody choir namwe mu mafoto yabo muri iki gitarane cyahinduye imitima ya benshi kuri uyumunsi wa gatandatu w’igiterane cy’ivugabutumwa
Kuri uyu munsi wa gatandatu ubanziriza uwanyuma w’igiterane cy’ivugabutumwa twari kumwe na New Melody Choir na Pst. KARAYENGA Jean Jacques. twatangiye igiterane cyacu dushima ndetse duhimbaza Imana ko yaturinze kandi imbabazi zayo zihoraho iteka ryose. twatangiranye na El- Elyoni Worship…
1,022 total views
Imyifatire iranga urubyiruko rushaka ububyutse ni Umunsi wa gatanu w’igiterane cy’ivugabutumwa na Pastor Desire HABYARIMANA
Pastor Desire HABYARIMANA ari nawe mwigisha kuruyu munsi ugitangira, nyuma aza gufatanya na Pastor hortance MPAZIMAKA ari naho basubirije ibibazo bya benshi mu masaha y’ikigoroba cy’uyumunsi, pastor Desire yatangiye adusomera ijambo ry’Imana riboneka muri 1petero 2:12 (“Mugire ingeso nziza hagati…
874 total views, 2 views today