Hari ugukiranuka kudaturuka ku Mana, n’ukuri kudaturuka ku Mana. Ariko hari n’ukuva ku Mana, sobanukirwa. MUKIZA Yvan
Abefeso 6:10 “Ibisigaye mukomerere mu Mwami no mu mbaraga z’ubushobozi bwe bwinshi. 11Mwambareintwaro zose z’Imana, kugira ngo mubashe guhagarara mudatsinzwe n’uburiganya bwa Satani. 12Kuko tudakīrana n’abafite amaraso n’umubiri, ahubwo dukīrana n’abatware n’abafite ubushobozi n’abategeka iyi si y’umwijima, n’imyuka mibi y’ahantu…
1,906 total views
Hari ubuzima bushya bubonerwa muri Kirisitu Yesu. J Claude DUKUZUMUREMYI
Amateraniro ya CEP kuwa 5 mutarama 2020 Umwigisha: J Claude DUKUZUMUREMYI Intego y’ijambo: “ubuzima bushya bwo muri Kirisitu Yesu” Abefeso 2:3- 6 “ 1 Namwe yarabazuye, mwebwe abari bapfuye muzize ibicumuro n’ibyaha byanyu, 2ibyo mwagenderagamo kera mukurikiza imigenzo y’iyi si,…
1,472 total views
Ntawakwicuza ko yakijijwe akiri muto. Theogene RIZINDE
Amateraniro ya CEP ku wa 27ukuboza 2019 Umwigisha: Theogene RIZINDE Intego y’ijambo ry’Imana: “Kugira umwete”. Abaheburayo12:14 “Mugire umwete wo kubana n’abantu bose amahoro n’uwo kwezwa, kuko utejejwe atazareba Umwami Imana”. Hari ibintu abantu dukwiriye gushima Imana, tudakwiriye kureba ngo tuvuge…
1,360 total views