Yesu yaje gukosora amakosa yakozwe n’abana b’abantu kandi yayakosoreraga aho yakorewe
Taliki 24 kamena 2023, muri kaminuza y’urwanda ishami ryahuye habaye igiterane mpuza matorero yose akorera muri kaminuza(FAE) ,kubufatanye na AEER(Africa Evangelistic Enterprise Rwanda). Muricyo giterane kandi harimo abakozi b’Imana benshi, cyari igiterane cyagutse ubona ko abantu mumatorero yose yari…
800 total views