Batubereye akabarore igice cya kabiri:Inzara yatumye barya umwana umwe, bageze ku wa kabiri nyina aba ibamba.
Ni inde utaziko inzara iryana? Inzara yatumye Esawu agurisha ubutware! Inzara yatumye Eliya acogora, yisabira Imana gupfa! (1Abami 19:1-18). yewe abanyarwanda bo banavuga ko yatumye umugabo arya imbwa ayita ikimasa! ntakigeragezo kitaryana, ariko nanone ntamvura idahita kandi ntangorane zitagira iherezo….
259 total views
INSHINGANO Z’ABAYOBOZI MURI COMMISION YA EVANGELIZATION CEP UR HUYE
EVENGELISATION COMMISSION: ni umuryango w’ivugabutumwa ukorera umurimo w’Imana muri kaminuza y’Urwanda ishami rya Huye. Iyi commsion ikora ivugabutumwa muburyo bubiri (2) butandukanye, ubwambere ni ubutumwa bwiza butangwa mu buryo bw’Ijambo ry’Imana, ubwa kabiri ni muburyo bw’ibikorwa (i.e gusura abarwayi, imfungwa…
199 total views
Yesu yabwiye intumwa ze ngo “mugire ubwenge nk’ubw’inzoka”: niki twakwigira ku bwenge 8 bw’inzoka?
Amateraniro yo kucumweru tariki 5 Gashyantare yayobowe na Ahishakiye Eustache, aho twigishijwe ijambo ry’Imana rikomeye twigishijwe na Jean de Dieu UWIZEYE atwigisha ubwenge umunani inzoka igira ikoresha mu mibereho yayo. Atubwirako nkatwe aba kristo dukwiriye kubwigiraho kuko ninako Yesu yabwiye…
940 total views
Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha igice cya cumi na rimwe: bibagiwe/batinze gutoza aba ahazaza none Isi yarabatwaye. niba bishyura Abacuranzi tubyitege mu minsi iza naba Perezida baraza kwishyurwa.
Bibagiwe/Batinze gutoza aba ahazaza “Hari umwe mu bakomeye muri iki gihugu ukora mu nzego z’umutekano kuganira nawe imonota 10 uhakura ibitekerezo wakandikamo igitabo. Ikibazo ni uko itorero ritamubyaje umusaruro ariko ubuyobozi (political leaders) bukimubona bwahise bumutwara.” Aya magambo nayabwiwe mu…
798 total views, 2 views today
Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha igice cya cumi: bitiranije inyama zo murusengero nizo mungo zabo, nicyo cyatumye Imana ibarimbura.
Mumwaka wa 2015 ubwo nigaga mu mwaka wa kane wa mashuri y’isumbuye, uwari uhagarariye isomero ry’ishuri (Academic Librarian) yaranganirije ambwirako ubwo babaga mu gihugu cya kongo (DRC) yahoze ari Zaire hari itsinda ry’abasore babiri basengeraga umurimo w’Imana mu ihuriro ryaba…
796 total views, 2 views today
Ikibazo Imana ifitanye n’abigisha igice cya cyenda: yamubwiyeko amaze imyaka ine yiga ibyanditswe byera, amusubiza ko amaze imyaka mirongo ine abigenderamo.
Umuvuduko w’urumuri ni metero miliyoni eshatu mu isegonda rimwe (speed of light, 3*106m/sec). Umuntu ushobora kugendera kuri uyu muvuduko yabona isi ihagaze/itariho, uwabasha kugendera ku muvuduko urenze uyu yabasha gusubira inyuma mu mateka yahahise akamenya ibyabaye, aya ni amagambo yavuzwe…
696 total views, 2 views today
Urwandiko rwandikiwe ab’itorero igice cya cumi: benshi barabisomye(ma) ariko ntibabitekerezaho, burya nta ntwaro yakoresheje ahubwo yakoresheje amagambo (Goliyati).
Hari abantu bavuga nabi ukagirango nibyo baremewe gukora kandi bitwa ko bakijijwe (aya magambo nayakuye kurukuta nkoranya mbaga rwa watsapu rw’umushumba wahamagariwe gutoza no kwigisha ku muryango “Pasitoro Desire Habyalimana). Abahanga mubijyanye n’imitekerereze (Psychologist) bavuga yuko kuvuga nabi bikomoka kukuba…
1,008 total views
MENYA NIBI (igice cya mbere) : Yari umutunzi, ashaka kugerayo ariko ntiyari azi inzira!
Mu myaka yashije nigeze gutekereza ku bantu ba batunzi (abakire), muri icyo gihe rero nibwiragako abatunzi batajya bagira icyo bakena cyangwa ngo bagire icyo bifuza cyane ko nabonaga babayeho mu buzima bwiza. Hashize igihe naje kwegera umubyeyi ukuze, mubaza iby’icyo…
658 total views
Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha Igice cya munani: Bihutiye kubabatiza bibagirwa/batinda kubigisha nicyo cyatumye badakura.
Mbese ibyo usoma ibyo urabyumva (Ibyakozwe n’Intumwa 8:30B). Aya ni amagambo yavuzwe n’umugabo witwa Filipo ayabaza inkone y’umugabekazi Kandake w’abanyetiyopiya kuko yari yarasobanukiwe ko ishingiro ryo kumenya atari ugufata mu mutwe ibyo dusoma ahubwo ishingiro ryo kumenya ari ukumva no…
858 total views
Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero igice cya cyenda: Bamwe ni kumanywa abandi ni nijoro, barabashatse baburirwa irengero, abandi bari kuboroga mu marira menshi, polisi mpuzamahanga irahamagaranye, nyuma babonye icyabiteye
Umunsi umwe nigeze kwibaza mu mutima nti: kubera iki abahanuzi, abaririmbyi iyo bahanura cyangwa bari kuririmba bavuga bati: umunsi umwe tuzirirwa mu isi ariko ntituyiraremo ubundi bakavuga ko tuzarara mu isi ariko ntituyirirwemo? Ese kubera iki batavuga kimwe muribyo? Naje…
928 total views, 2 views today