TURATSINZE Rodrigue

Bizaba mu gahe gato. urumva uzaba witeguye?

0Shares

Mbega amatsiko abizera uwiteka bafite! Mbega amahoro n’umutekano! Mbega ibyishimo bahorana kubera ikizere cyo kuzabaho iteka ryose! Ese utekereza ko isi izagumya kubaho? Utekereza ko aya mazu akomeye ujya ubona azakomeza kubaho? Utekereza se ko kurira bizahoraho cyangwa utekereza ko…

 204 total views,  74 views today

0Shares

Ubuzima tubamo: Nubwo yabishyizemwo umuhate n’imbaraga kandi agashimwa, ariko sibyo byari kubanza. Icyo atakoze nicyo cyari ingenzi.

0Shares

Mubigaragarira amaso, yari umuntu mwiza ariko akibyumva agira agahinda kenshi amarira atemba kumaso yuzura umubabaro mumutima aribwira ati iyonza kubimenya nibyo narikubanza kandi ntayandi mahirwe yari afite ya muhoza ayo marira. Yaramamaye kwisi hose, ibinyamakuru bimuvugaho abanditsi bamwandikaho yahawe ibihembo…

 206 total views,  4 views today

0Shares

Ngiri ibanga twahishwe: muri iyi isi itagira ibyiringo n’ umucyo, umuseke nawo waratambitse, abantu bamwe ntibabimenya. Ngwino nawe wihere ijisho!

0Shares

Ese wari uzi ko imibare y’ abiyahura mu bana bari munsi y’imyaka y’ubukure n’urubyiruko yiyogereye ku kigera cy’ibihumbi bitanu ku ijana (5000% cg 5000/100) guhera mu mwaka 1950) (Kelly, 2014). Ese na none wari uzi ko abantu binjiye mu myifatire…

 474 total views,  8 views today

0Shares

Ubuzima buhindutse imitekerereze y’ubwami bw’Imana.

0Shares

AMATERANIRO YA CEP-UR HUYE _____________ IJAMBO RY’IMANA BY Mr. MIZERO Olivier Ubuzima buhindutse imitekerereze y’ubwami bw’Imana Imana imaze kurema isi n’ijuru ndetse n’ibirimo byose, icyakurikiyeho ni ukurema umuntu. Ariko igiye kumurema iravuga iti: “reka tureme umuntu ase natwe”( Itangiriro 1:26)…

 136 total views

0Shares

MFITE INYOTA.

0Shares

Mu busanzwe habaho ubwoko bw’inyota butandukanye; nk’inyota y’amazi,iyo kugera kundoto,iyo kugera kuntsinzi, iy’urukumbuzi ndetse n’izindi zitandukanye ariko n’umwana w’Imana ubwo yarari ku musaraba I gologota nawe yaragize ati “mfite inyota”(yohana19.28) ese utekerezako yaravuze inyota yihe murizi: -iyo kuducungura? -Iy’icyaka cy’amazi?…

 774 total views,  4 views today

0Shares

Ubutumwa bw’intumwa igice cya 6: N’ubwo yari umuhanuzi ukomeye ariko ntiyarafite umutima ubabarira. Ariko yakoreshejwe n’Imana avuga kandi akora iby’agakiza kendaga kuza. Yona umuhanuzi ukomeye.

0Shares

Ndifuzako iyi nkuru tuyitangirira mu gace kitwa nineve. Mbese aha ni hantu ki umuhanuzi ukomeye w’Imana yatinye kujya igihe Imana yari imutumyeyo? Umuhanuzi yitwa Yona cyangwa yunusu mu rurimi rwi cyarabu (Arabic language). nibyo muri bibiliya ntabwo avugwa mu bahanuzi…

 662 total views

0Shares

Menya n’ibi igice cya 10: Niwe mugabo wenyine wabyaye abyariye mu rubavu kandi atabazwe ahubwo atobowe.

0Shares

Ni igitangaza kumva umugabo wabyaye!ubundi mu buryo bwa siyansi (science) umuntu abyara iyo afite igice cy’umubiri cyitwa nyababyeyi (uterus), iki gice cy’umubiri kigirwa gusa n’igitsina gore hakiyongeraho n’umusemburo witwa “progesterone” ( www.sciencedirect.com). Ese uyu mugabo we turimo kuvuga yaba yarabyaye…

 560 total views,  2 views today

0Shares

Ubutumwa bw’Intumwa igice cya 5: Ibitangaza bitagize icyo bifasha ababibonye. Niki gitera abantu benshi kutizera? Ahubwo se bashukwa Niki ko bibeshyako bizeye Kandi batarizera?

0Shares

Nigake muri ubu buzima uzasanga abantu badakangwa nibyo batari bamenyereye. Ubusanzwe iyo umuntu abonye ikintu kidasanzwe atari amenyereye kiramutangaza kandi akenshi ashobora kugira amarangamutima yamutera kwizera uwomuntu, kumutinya cyangwa se kumwubaha kuko amubonyemo izindi mbaraga zidasanzwe. Ese utekereza iki iyo…

 524 total views

0Shares

UBUTUMWA BW’INTUMWA IGICE CYA 4: Nubwo atabona ububi (inenge) bwe ariko yamugiriye  impuhwe aramukunda.

0Shares

Twese uko turemye, ku bantu bafite amaso mazima tuzi kureba ikintu kiza ndetse n’ikibi, iyo umuntu yambaye neza urabibona. iyo asa neza (uko agaragara) nabyo urabibona. Twese abantu twaremwe kuburyo dukunda kwishimira ibintu byiza. Mu busanzwe umuntu ntabwo ashobora kwemera…

 612 total views

0Shares

Gukizwa by’ukuri si ukuzuza ibyo usabwa n’Idini. CEP UR Huye evangelical campaign Umunsi wa 8

0Shares

ESE UBONA WAMBAYE UMWAMBARO MWIZA? Rev. Pastor NSABIMANA Bershaire. “Nzi Imirimo yawe,yuko udakonje kandi ntubire. Iyaba wari ukonje cyangwa wari ubize! Nuko rero kuko uri akazuyazi, udakonje ntubire, ngiye kukuruka…” (Ibyahishuwe 3:15-21). Turi hafi gutaha iwacu dukwiriye guhinduka ntitube akazuyazi…

 452 total views

0Shares