Menya nibi igice cya 12: Ntabwo ushobora kumva uburibwe bw’urubori utariwe n’uruyuki.
Ntabwo nabihamya neza ijana kw’ijana ariko nshobora kwibwira ko wowe uri gusoma iyi nkuru ushobora kuba uzi uruyuki cyangwa ubuki. Ntabwo nshaka kuvuga ibijyanye n’ubworozi bw’inzuki ahubwo ndashaka kuvuga gato ku gace gato cyane kaba mu ruyuki kitwa “urubori”. Muburyo…
452 total views, 2 views today
NIKI KIKWEMEZAKO WIZEYE INZIRA Y’UKURI YA KRISTO?
Mbere yuko tuvuga ku byerekeranye nibyemeza umuntu ko yizeye by’ukuri, tubanze tuvuge ku inzira yo kuba umwizera n’ibyiringiro by’abizeye. Abizeye ubutumwa bw’iza bw’ubuntu bw’Imana bahorana ibyiringiro byo kuzabo umunezero utavugwa. Bakundwa ubu turi abana b’Imana, ariko uko tuzamera ntikurerekanwa. icyakora…
222 total views
Tumenye amateka: Petero wari umwigishwa wa Yesu yari muntu ki, niki twamwigiraho.
Simoni ubusanzwe bisobanura kumva, naho petero bikavuga (urutare/ibuye), yose ni amazina y’umuntu umwe tugiye kuvugaho. Uyu petero turimo kuvuga yari umugabo wubatse urugo kuko bibiliya ivugako Yesu yakijije nyirabukwe indwara y’ubuganga nk’iyo twakita malaria yubu (luka 4:38). ariko kandi na…
532 total views, 2 views today
Ubutumwa bw’intumwa igice cya 7: byabaye amayobera aho binjirira. Bamwe bafite impapuro zibemerera kwinjira abandi ntazo bafite kandi baratwerereye.
Ndibwirako ijambo ubukwe Atari ubwambere urumvise. Uyu muhango w’abagiye kubana uhabwa agaciro cyane kurwego abantu baturuka imihaanda yose baje muri uyu muhango w’ubukwe. Iri jambo ubukwe cyangwa se uyu muhango ntabwo ari mushya muri iki kinyejana cyacu ahubwo watangiye kera…
474 total views
Ubuzima tubamo: Nubwo yabishyizemwo umuhate n’imbaraga kandi agashimwa, ariko sibyo byari kubanza. Icyo atakoze nicyo cyari ingenzi.
Mubigaragarira amaso, yari umuntu mwiza ariko akibyumva agira agahinda kenshi amarira atemba kumaso yuzura umubabaro mumutima aribwira ati iyonza kubimenya nibyo narikubanza kandi ntayandi mahirwe yari afite ya muhoza ayo marira. Yaramamaye kwisi hose, ibinyamakuru bimuvugaho abanditsi bamwandikaho yahawe ibihembo…
474 total views
Ngiri ibanga twahishwe: muri iyi isi itagira ibyiringo n’ umucyo, umuseke nawo waratambitse, abantu bamwe ntibabimenya. Ngwino nawe wihere ijisho!
Ese wari uzi ko imibare y’ abiyahura mu bana bari munsi y’imyaka y’ubukure n’urubyiruko yiyogereye ku kigera cy’ibihumbi bitanu ku ijana (5000% cg 5000/100) guhera mu mwaka 1950) (Kelly, 2014). Ese na none wari uzi ko abantu binjiye mu myifatire…
832 total views, 2 views today
Ubutumwa bw’intumwa igice cya 6: N’ubwo yari umuhanuzi ukomeye ariko ntiyarafite umutima ubabarira. Ariko yakoreshejwe n’Imana avuga kandi akora iby’agakiza kendaga kuza. Yona umuhanuzi ukomeye.
Ndifuzako iyi nkuru tuyitangirira mu gace kitwa nineve. Mbese aha ni hantu ki umuhanuzi ukomeye w’Imana yatinye kujya igihe Imana yari imutumyeyo? Umuhanuzi yitwa Yona cyangwa yunusu mu rurimi rwi cyarabu (Arabic language). nibyo muri bibiliya ntabwo avugwa mu bahanuzi…
1,066 total views, 2 views today
Menya n’ibi igice cya 10: Niwe mugabo wenyine wabyaye abyariye mu rubavu kandi atabazwe ahubwo atobowe.
Ni igitangaza kumva umugabo wabyaye!ubundi mu buryo bwa siyansi (science) umuntu abyara iyo afite igice cy’umubiri cyitwa nyababyeyi (uterus), iki gice cy’umubiri kigirwa gusa n’igitsina gore hakiyongeraho n’umusemburo witwa “progesterone” ( www.sciencedirect.com). Ese uyu mugabo we turimo kuvuga yaba yarabyaye…
1,048 total views, 2 views today
Ubutumwa bw’Intumwa igice cya 5: Ibitangaza bitagize icyo bifasha ababibonye. Niki gitera abantu benshi kutizera? Ahubwo se bashukwa Niki ko bibeshyako bizeye Kandi batarizera?
Nigake muri ubu buzima uzasanga abantu badakangwa nibyo batari bamenyereye. Ubusanzwe iyo umuntu abonye ikintu kidasanzwe atari amenyereye kiramutangaza kandi akenshi ashobora kugira amarangamutima yamutera kwizera uwomuntu, kumutinya cyangwa se kumwubaha kuko amubonyemo izindi mbaraga zidasanzwe. Ese utekereza iki iyo…
840 total views
El Elyon Worship Team Special Week Recap -Special performance
This Sunday marked the end of a special week led by the El Elyon worship team at CEP UR Huye. The team graced the congregation with a deeply spiritual and resonant performance, complemented by their striking attire. Song Performances Amidst…
1,200 total views