Ubuzima tubamo: Nubwo yabishyizemwo umuhate n’imbaraga kandi agashimwa, ariko sibyo byari kubanza. Icyo atakoze nicyo cyari ingenzi.
Mubigaragarira amaso, yari umuntu mwiza ariko akibyumva agira agahinda kenshi amarira atemba kumaso yuzura umubabaro mumutima aribwira ati iyonza kubimenya nibyo narikubanza kandi ntayandi mahirwe yari afite ya muhoza ayo marira. Yaramamaye kwisi hose, ibinyamakuru bimuvugaho abanditsi bamwandikaho yahawe ibihembo…
212 total views, 6 views today
Ngiri ibanga twahishwe: muri iyi isi itagira ibyiringo n’ umucyo, umuseke nawo waratambitse, abantu bamwe ntibabimenya. Ngwino nawe wihere ijisho!
Ese wari uzi ko imibare y’ abiyahura mu bana bari munsi y’imyaka y’ubukure n’urubyiruko yiyogereye ku kigera cy’ibihumbi bitanu ku ijana (5000% cg 5000/100) guhera mu mwaka 1950) (Kelly, 2014). Ese na none wari uzi ko abantu binjiye mu myifatire…
482 total views, 8 views today
Ubutumwa bw’intumwa igice cya 6: N’ubwo yari umuhanuzi ukomeye ariko ntiyarafite umutima ubabarira. Ariko yakoreshejwe n’Imana avuga kandi akora iby’agakiza kendaga kuza. Yona umuhanuzi ukomeye.
Ndifuzako iyi nkuru tuyitangirira mu gace kitwa nineve. Mbese aha ni hantu ki umuhanuzi ukomeye w’Imana yatinye kujya igihe Imana yari imutumyeyo? Umuhanuzi yitwa Yona cyangwa yunusu mu rurimi rwi cyarabu (Arabic language). nibyo muri bibiliya ntabwo avugwa mu bahanuzi…
664 total views, 2 views today
Menya n’ibi igice cya 10: Niwe mugabo wenyine wabyaye abyariye mu rubavu kandi atabazwe ahubwo atobowe.
Ni igitangaza kumva umugabo wabyaye!ubundi mu buryo bwa siyansi (science) umuntu abyara iyo afite igice cy’umubiri cyitwa nyababyeyi (uterus), iki gice cy’umubiri kigirwa gusa n’igitsina gore hakiyongeraho n’umusemburo witwa “progesterone” ( www.sciencedirect.com). Ese uyu mugabo we turimo kuvuga yaba yarabyaye…
562 total views, 2 views today
Ubutumwa bw’Intumwa igice cya 5: Ibitangaza bitagize icyo bifasha ababibonye. Niki gitera abantu benshi kutizera? Ahubwo se bashukwa Niki ko bibeshyako bizeye Kandi batarizera?
Nigake muri ubu buzima uzasanga abantu badakangwa nibyo batari bamenyereye. Ubusanzwe iyo umuntu abonye ikintu kidasanzwe atari amenyereye kiramutangaza kandi akenshi ashobora kugira amarangamutima yamutera kwizera uwomuntu, kumutinya cyangwa se kumwubaha kuko amubonyemo izindi mbaraga zidasanzwe. Ese utekereza iki iyo…
528 total views, 4 views today
El Elyon Worship Team Special Week Recap -Special performance
This Sunday marked the end of a special week led by the El Elyon worship team at CEP UR Huye. The team graced the congregation with a deeply spiritual and resonant performance, complemented by their striking attire. Song Performances Amidst…
778 total views, 2 views today
UBUTUMWA BW’INTUMWA IGICE CYA 4: Nubwo atabona ububi (inenge) bwe ariko yamugiriye impuhwe aramukunda.
Twese uko turemye, ku bantu bafite amaso mazima tuzi kureba ikintu kiza ndetse n’ikibi, iyo umuntu yambaye neza urabibona. iyo asa neza (uko agaragara) nabyo urabibona. Twese abantu twaremwe kuburyo dukunda kwishimira ibintu byiza. Mu busanzwe umuntu ntabwo ashobora kwemera…
614 total views, 2 views today
ABAKANDIDA B’ AMATORA YA CEP 2023/2024
Komite ishinzwe gutegura no kugenzura amatora muri CEP UR Huye ihagarariwe na KWIHANGANA Steven yasobanuriye aba cepien ibigendwaho mumatora. Ibi ni bimwe mubigenderwaho hatorwa abakandida: Amatora akorwa mu ibanga Hagomba kubahirizwa ihame ry’ uburinganire (gender balance) Utorerwa gucunga umutungo wa…
838 total views
Amatora y’abayobozi ba CEP UR Huye 2023-2024
Kuri uyu wa gatandatu tariki 16 Ukuboza 2023, muri Cep ur huye abakristo b’abacepien (ne) bateraniye hamwe mu gikorwa cy’amatora y’abayobozi bazayobora CEP mu mwaka wa 2024. Mbere y’amatora habanje iteraniro risanzwe. Ni amatora agiye kuba mu gihe hari muri…
550 total views
Ukeneye Yesu
Incamake y’ ijambo ry’Imana ryo kuwa 28, Ugushyingo muri CEP, Kaminuza y’ u Rwanda ishami rya Huye. Umwigisha: Rukundo Aimable Ibyanditswe byasomwe: Luka 1:78-79 Kuki dukeneye Yesu? Itangiriro Abafeso 2:3 Imigani 4:23 Abaroma 4:4 Yohana 1:12 Imana yanejejwe no…
598 total views, 2 views today