Bizaba mu gahe gato. urumva uzaba witeguye?
Mbega amatsiko abizera uwiteka bafite! Mbega amahoro n’umutekano! Mbega ibyishimo bahorana kubera ikizere cyo kuzabaho iteka ryose! Ese utekereza ko isi izagumya kubaho? Utekereza ko aya mazu akomeye ujya ubona azakomeza kubaho? Utekereza se ko kurira bizahoraho cyangwa utekereza ko…
244 total views, 28 views today
Ubuzima tubamo: Nubwo yabishyizemwo umuhate n’imbaraga kandi agashimwa, ariko sibyo byari kubanza. Icyo atakoze nicyo cyari ingenzi.
Mubigaragarira amaso, yari umuntu mwiza ariko akibyumva agira agahinda kenshi amarira atemba kumaso yuzura umubabaro mumutima aribwira ati iyonza kubimenya nibyo narikubanza kandi ntayandi mahirwe yari afite ya muhoza ayo marira. Yaramamaye kwisi hose, ibinyamakuru bimuvugaho abanditsi bamwandikaho yahawe ibihembo…
212 total views, 6 views today
Umukuru mu bwami bw’Imana !!
Azana umwana muto amuhagarika hagati yabo,aramukikira arababwira ati “uwemera umwana umwe mu bana bato nk’uyu mu izina ryange ni jye aba yemeye,kandi unyemera si jye aba yemeye gusa ahubwo aba yemeye n’uwantumye. (Mariko9:36-37) bibleverse: Itangiriro4:13-15, Yakobo4:5-10 . byagaragayeko…
235 total views, 14 views today
Ngiri ibanga twahishwe: muri iyi isi itagira ibyiringo n’ umucyo, umuseke nawo waratambitse, abantu bamwe ntibabimenya. Ngwino nawe wihere ijisho!
Ese wari uzi ko imibare y’ abiyahura mu bana bari munsi y’imyaka y’ubukure n’urubyiruko yiyogereye ku kigera cy’ibihumbi bitanu ku ijana (5000% cg 5000/100) guhera mu mwaka 1950) (Kelly, 2014). Ese na none wari uzi ko abantu binjiye mu myifatire…
484 total views, 10 views today
Ubuzima buhindutse imitekerereze y’ubwami bw’Imana.
AMATERANIRO YA CEP-UR HUYE _____________ IJAMBO RY’IMANA BY Mr. MIZERO Olivier Ubuzima buhindutse imitekerereze y’ubwami bw’Imana Imana imaze kurema isi n’ijuru ndetse n’ibirimo byose, icyakurikiyeho ni ukurema umuntu. Ariko igiye kumurema iravuga iti: “reka tureme umuntu ase natwe”( Itangiriro 1:26)…
148 total views, 12 views today
MFITE INYOTA.
Mu busanzwe habaho ubwoko bw’inyota butandukanye; nk’inyota y’amazi,iyo kugera kundoto,iyo kugera kuntsinzi, iy’urukumbuzi ndetse n’izindi zitandukanye ariko n’umwana w’Imana ubwo yarari ku musaraba I gologota nawe yaragize ati “mfite inyota”(yohana19.28) ese utekerezako yaravuze inyota yihe murizi: -iyo kuducungura? -Iy’icyaka cy’amazi?…
780 total views, 6 views today
Ese umuntu wizihiza umunsi wa pasika agomba kuba ameze ate??
Pasika ni umunsi w’uwiteka kandi igomba kwizihizwa nabizera bose ku itegeko ry’Imana . umuntu wizihiza umunsi wa pasika agomba kuba : Kuba uri mu rugendo rugana aho Umwami yesu ari. Ugomba kuba uzi aho uva ( philipi 3;20) ugombye…
278 total views, 4 views today
Incamake ya Special Week Yahariwe Social Affairs muri CEP UR Huye
Iki cyumweru dusoje cyari cyahariwe itsinda rya social affairs rikorera umurimo w’imana muri CEP cyaranzwe n ibikorwa by’ urukundo bitandukanye harimo gusura abarwayi ba CHUB na CARAES ndetse no gufasha abari mu nzu y’ imbohe no kubabwiriza ubutumwa bwiza, habonetse…
210 total views
Ubutumwa bw’intumwa igice cya 6: N’ubwo yari umuhanuzi ukomeye ariko ntiyarafite umutima ubabarira. Ariko yakoreshejwe n’Imana avuga kandi akora iby’agakiza kendaga kuza. Yona umuhanuzi ukomeye.
Ndifuzako iyi nkuru tuyitangirira mu gace kitwa nineve. Mbese aha ni hantu ki umuhanuzi ukomeye w’Imana yatinye kujya igihe Imana yari imutumyeyo? Umuhanuzi yitwa Yona cyangwa yunusu mu rurimi rwi cyarabu (Arabic language). nibyo muri bibiliya ntabwo avugwa mu bahanuzi…
664 total views, 2 views today
Menya n’ibi igice cya 10: Niwe mugabo wenyine wabyaye abyariye mu rubavu kandi atabazwe ahubwo atobowe.
Ni igitangaza kumva umugabo wabyaye!ubundi mu buryo bwa siyansi (science) umuntu abyara iyo afite igice cy’umubiri cyitwa nyababyeyi (uterus), iki gice cy’umubiri kigirwa gusa n’igitsina gore hakiyongeraho n’umusemburo witwa “progesterone” ( www.sciencedirect.com). Ese uyu mugabo we turimo kuvuga yaba yarabyaye…
562 total views, 2 views today