Ubutumwa bw’Intumwa igice cya kabiri: abantu babyigishije uko bitari ariko yazize kwiyiringira.
Birashoboka ko mbere wigishijwe yuko umuntu avuka ari malayika, umuziranenge imbere y’Imana. ndatekereza kandi yuko wanabwiweko iyo umuntu abatijwe mu mazi menshi cyangwa kugahanga aramutse apfuye akiva mu mazi ko yahita ajya mu ijuru. Hari naho basabira uwapfuye ngo Imana…
412 total views
Batubereye akabarore igice cya kabiri:Inzara yatumye barya umwana umwe, bageze ku wa kabiri nyina aba ibamba.
Ni inde utaziko inzara iryana? Inzara yatumye Esawu agurisha ubutware! Inzara yatumye Eliya acogora, yisabira Imana gupfa! (1Abami 19:1-18). yewe abanyarwanda bo banavuga ko yatumye umugabo arya imbwa ayita ikimasa! ntakigeragezo kitaryana, ariko nanone ntamvura idahita kandi ntangorane zitagira iherezo….
259 total views
Menya nibi igice cya munani: Binyura mu byo yaremye
Ntabwo ushobora kubaho neza ngo wuzuze ubusahake bw’Imana muri iy’isi utabifashijwemo na mwuka wera, abantu ndetse nibyo Imana yaremye. Ese utekeza ute iyo umuntu avugako yihagije we ubwe ko adakeneye ubundi bufasha bw’abantu? Uyu munsi ndashakako tuganira ku ngingo ijyanye…
346 total views
Batubereye akabarore igice cya mbere: Kwitiranya urukundo n’irari, byatumye ahindurwa igicibwa mu muryango w’ibwami.
Mu buzima bwa muntu igihe kiragera, umusore akagira umukobwa akunda, umukobwa kandi na we nuko. Yewe n’abakristo nabo bibabaho rwose ndetse ni umuntu utari muri byo bihe uyu munsi kubera impamvu zitandukanye, aba abizi neza ko mu gihe runaka na…
842 total views
Ubutumwa bw’Intumwa Igice cya mbere: Bizeyeko bafite igihe, abahugura ababwirako batinze.
Ese hari igihe wigeze guhabwa cyangwa kugira inshingano runaka? Icyo gihe hari uburyo wiyumvise kandi wumva uhinduye uburyo bwo kubaho. (ndatekerezako ariko byagenze). Hari igihe umuntu atekererezako ntanshingano runaka afite igihe ntaho bamutoreye guhagararira abandi cyangwa atahawe amabwiriza n’umukoresha we….
1,012 total views
Yesu yabwiye intumwa ze ngo “mugire ubwenge nk’ubw’inzoka”: niki twakwigira ku bwenge 8 bw’inzoka?
Amateraniro yo kucumweru tariki 5 Gashyantare yayobowe na Ahishakiye Eustache, aho twigishijwe ijambo ry’Imana rikomeye twigishijwe na Jean de Dieu UWIZEYE atwigisha ubwenge umunani inzoka igira ikoresha mu mibereho yayo. Atubwirako nkatwe aba kristo dukwiriye kubwigiraho kuko ninako Yesu yabwiye…
940 total views
Menya nibi igice cya karindwi: Yabimenye nyuma yicuza impamvu yabikoze.
Umuhanga mubijyanye nogutanga imbwirwa ruhame akaba n’umunyapolutike w’umunyamelika “leslie calivin” uzwi nka les brown (usome lezi burawuni) yagize ati” ugomba kongera ubumenyi mugutanga no kwakira amakuru kuko iyo ubumbuye umumwa uba ubwiye isi uwuriwe” Si igitangaza ko umuntu ashobora kwicuza…
1,146 total views
menya uko amateraniro yuyu munsi yasojwe hasengerwa abayobozi bashya ba CEP 2022-2023
Amateraniro y’uyu munsi atangijwe na NIYOKWIZERWA Obed n’indirimbo y’ 194 ati dusabe Imana itwuburire amaso kumisozi kuko gutabarwa kwacu ntahandi kwava uretse ku’ Uwiteka Muri iki giterane kandi turi kumwe n’umushumba mukuru wa ADEPR kurwego rw’igihugu NDAYIZEYE Isaiah ndetse na…
480 total views, 4 views today
ese ubwami bw’Imana bugenewe bande? Dore ba nyir’ubwami bw’Imana abo ari bo!
Ijambo ry’Imana rigiye kwigishwa n’umushumba mukuru wa ADEPR kurwego rw’igihugu agiye kugezaho ijambo ry’Imana itorero rya CEP, atangiye yivuga, avuga ko yabaye hano muri campus ya Huye, akorera umurimo w’Imana muri cep ndetse ari na dirgent wa korali vumiliya ndetse…
470 total views
Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha igice cya cumi na rimwe: bibagiwe/batinze gutoza aba ahazaza none Isi yarabatwaye. niba bishyura Abacuranzi tubyitege mu minsi iza naba Perezida baraza kwishyurwa.
Bibagiwe/Batinze gutoza aba ahazaza “Hari umwe mu bakomeye muri iki gihugu ukora mu nzego z’umutekano kuganira nawe imonota 10 uhakura ibitekerezo wakandikamo igitabo. Ikibazo ni uko itorero ritamubyaje umusaruro ariko ubuyobozi (political leaders) bukimubona bwahise bumutwara.” Aya magambo nayabwiwe mu…
798 total views, 2 views today