Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero Igice cya Karindwi: Nubu baracyabijyaho impaka ibirenge bye bireba imbere ariko amaso ye arareba inyuma (Mukaroti).
Mu mutima w’umuntu niho hacurirwa imigambi myiza cyangwa mibi kandi icyihuzuye amaherezo, nicyo kimutera imbaraga zo gusohoza iyo migambi. Hahirwa umuntu ugufitemo imbaraga, Hahirwa abafite mu mitima inzira zijya i Siyoni (Zaburi 84:6). Kuzuza umutima ibiwuhesha imbaraga ndetse n’ubundi butunzi…
382 total views
Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha Igice cya Gatandatu: kubera Ubucuti yarafitanye n’Umutambyi byatumye amushyira mu nzu y’Imana (Eliyashibu).
Umwigishwa asa n’umwigisha ndetse ntawaba umwigisha adafite icyo ahuriyeho n’uwamwigishije bityo ushobora kubona umwe yigisha ukamenya uwamwigishije uwo ariwe. Igitangaje singano yibyo yize afite ahubwo igifite icyo kimaze ni isooko yavomeyeho iyo ngano. Mu isezerano rya kera Imana yahisemo ubwoko…
296 total views
Urwandiko rwandikiwe ab’itorero igice cya Gatandatu: Nubwo yari mugufi ndetse akitwa n’Igisambo ariko dufite Abakiristo nkawe byahanagura amarira ya benshi (Zakayo).
Iyo uri mu ikoraniro uteraniramo ukumva umwigisha avuze izina Zakayo ni iki kiza mubitekerezo byawe bwambere? Ntekerezako uhita ubona umugabo mugufi, ndetse hari nabahita bumva umukire wisuzuguje akurira igiti ashaka kureba Yesu. Ndetse harinirindi tsinda ry’abantu bavuga ko yari umujura,…
655 total views, 16 views today
Yesu yigisha abigishwa be gusenga, ati “musenge ubudasiba” kuki yababwiye aya magambo?/niki cyari kibyihishe inyuma?
Yesu yajyaga aganira n’abigishwa be abahugura, abigisha gusenga ati: “musenge mutajya mu moshya, musengeshe umwuka iteka muburyose bwose bwo gusenga kandi ngo musenge ubudasiba“. Imana yaremye umuntu imukunze kugirango basabane kugirango imubere isoko avoma mo ubuzima bwe bwose. (Abaroma 12:12)….
257 total views, 4 views today
ni uwuhe mugambi Imana ifite ku muntu?/ese umugambi w’Imana kuri wowe urawuzi?/ujya wibaza ngo njye nakorera Imana iki? menya byinshi muri iyi nkuru
Theophile HABIYAREMYE atubwiye umugambi w’Imana kumuntu Umugambi w’Imana kuri wowe ni uwuhe? tekereza impamvu Imana yagushyize aho uri (position), Urupfu haribyo rutinya rutinya umugambi w’Imana ku muntu niyo mpamvu uhamagarirwa gukorera Imana kugirango usohoze uwo mugambi. Nyina wa mose akibyara…
244 total views
Ibintu bitanu bishoboza umu kristo gukura muburyo bw’umwuka/kwegezwa imbere aho atunganirizwa
MANZI Christian avuze ibintu bishobora gutuma umu kristo akura mu buryo bw’umwuka akegera imbere aho atunganirizwa rwose, wakwibaza ngo Akura ate? “Nicyo gituma dukwiriye kuba turetse guhora mu bya mbere bya Kristo, tukigira imbere ngo tugere aho dutunganirizwa rwose, twe…
422 total views
Byari agahinda kenshi cyane gusezera kubafinaliste bakoreye umurimo w’Imana muri CEP UR Huye campus/korari y’abafinaliste ubuhamya bwiza isigiye abasigaye umurage ukomeye
Abafinaliste bakoreye umurimo w’Imana muri CEP UR Huye Campus batubwiye Imirimo y’Imana yabakoreye, uko ybanye nabo mu masomo, mu mibereho ya hano muri kaminuza, mu buzima bw’umwuka, bashimiye Imana uko yabakujije muburyo bw’umwuka n’umubiri kandi bahumuriza n’abasigaye. bababwiye ko bishoboka…
730 total views
Ese nge na Yesu tuziranye ute? menya impamvu yatumye yakobo akirana na malayika n’abantu akanesha, kuki yakiranye nawe?
Ese nge na Yesu tuziranye ute? twibaze kuri iki gice cy’igitabo cy’ itangiriro 32:23-30 ese kitwigisha iki? ibi bice bigera ku munani bigaragaza uko yakobo yakiranye na malayika w’Imana n’abantu maze akanesha, kuki yakiranye nawe? Mu mateka ya yakobo yari…
404 total views
Ni iki kihishe Inyuma y’ Urugendo rwa Korali Vumiliya?
Korali Vumiliya ikorera umurimo w’Imana muri Kaminuza y’U Rwanda,Ishami rya Huye iri kwitegura kujya mu rugendo rw’Ivugabutumwa I Musanze, uru rugendo ruzamara Iminsi ibiri. CEP-UR HUYE ni Umuryango w’abanyeshuri b’abapantekote ukorera umurimo w’Imana,kaminuza y’u Rwanda,Ishami rya Huye.Uyu muryango ugira korari…
738 total views
Korali Enihakole ikoza amateka ihuze CEP-UR HUYE yose basangira Inka.
Korali Enihakole ni imwe mu zikorera Umurimo w’Imana muri kaminuza y’U Rwanda,ishami rya Huye Muri CEP UR HUYE. Kuri iki cyumweru iyi korali yateguye umunsi wo gushimira Imana yabanye nabo mu gihe gitambutse, akaba ari Umuhango wabereye hanze ya kaminuza…
678 total views