Olivier NSENGIMANA

Umukuru mu bwami bw’Imana !!

0Shares

Azana umwana muto amuhagarika hagati yabo,aramukikira arababwira ati “uwemera umwana umwe mu bana bato nk’uyu mu izina ryange ni jye aba yemeye,kandi unyemera si jye aba yemeye gusa ahubwo aba yemeye n’uwantumye.  (Mariko9:36-37) bibleverse: Itangiriro4:13-15, Yakobo4:5-10 .     byagaragayeko…

 237 total views

0Shares

Ese umuntu wizihiza umunsi wa pasika agomba kuba ameze ate??

0Shares

Pasika ni umunsi  w’uwiteka kandi igomba kwizihizwa nabizera bose ku itegeko ry’Imana .   umuntu wizihiza umunsi wa pasika agomba kuba : Kuba uri mu rugendo rugana aho  Umwami yesu ari. Ugomba kuba uzi aho uva ( philipi 3;20) ugombye…

 284 total views

0Shares

Uwo munsi muzamenya ko ndi muri data namwe mukaba muri njye, nanjye nkaba muri mwe

0Shares

“Uwo munsi muzamenya ko ndi muri data namwe mukaba muri njye, nanjye nkaba muri mwe” (Yohana 14:20) “Ariko Uwiteka yashimye kumushenjagura,yaramubabaje. Ubwo ubugingo bwe buzitamba ho igitambo cyo gukuraho ibyaha,azabona urubyaro,azarama,ibyo Uwiteka ashaka bizasohozwa neza núkuboko kwe”. Yesaya 53:10 Ubutumwa…

 540 total views

0Shares

IGITERANE CYO GUSENGERA ABAYOBOZI BASHYA BA CEP UR HUYE CAMPUS

0Shares

Ku cyumweru cya mbere cy’ukwezi kwa mbere 2024, CEP ur huye yagize igiterane cyo gusengera ku mugaragaro abayobozi bayo bashya batowe ndetse habaho gutanga inshingano kwa Komite yari imaze umwaka iyobora CEP. Ni igiterane kirimo Korari ITABAZA yaturutse ku Itorero…

 854 total views

0Shares

yaranzwe n’imirimo myinshi itangaje !!.Ese nanubu aracyakora??

0Shares

Hari uwaje akiza abarwayi ,agahumura impumyi, agaturisha inyanja, ndetse yaranzwe n’imirimo myinshi itangaje gusa!!.Ese nanubu aracyakora?? Aramusubiza ati “Data arakora kugeza n’ubu,nanjye ndakora (yohana 5:17). DUSHIMUMUREMYI Charles, niwe mwigisha wijambo ry’Imana muri CEP UR HUYE,ukuboza 2023 Imana ibasha gukora ibiruta…

 610 total views,  2 views today

0Shares

Umunsi udasanzwe uba rimwe mu mwaka !!!

0Shares

Umunsi udasanzwe uba rimwe mu mwaka, n‘umunsi aba kristo bose ku isi yose bizihiza, uwo munsi wiswe NOHERI bisobanuwe umwami yesu yatuvukiye. Umwami yesu yahanuwe kera n’abahanuzi batandukanye ubwo berekwaga agakiza kabisi bose ko bazahabwa umwana w’umuhungu kandi uwo mwana…

 572 total views

0Shares

NEW CEP EXECUTIVE COMMITTEE FOR 2023/2024 MANDATE

0Shares

PRESIDENT: RUKUNDO Aimable 135 votes VICE PRESIDEENT 1: NSHIMIYIMANA Moses 103 votes VICE PRESIDENT 2: NIYONGIRA Nicole 75 votes SECRETARY: MUNEZERO Blandice 101 votes ACCOUNTANT: IRANESHA Azubah 85 votes 1st ADVISOR: INEZA Esther 94 votes 2nd ADVISOR:  TWIZEYIMANA Eric 60…

 1,728 total views

0Shares

ABAKANDIDA B’ AMATORA YA CEP 2023/2024

0Shares

Komite ishinzwe gutegura no kugenzura amatora muri CEP UR Huye ihagarariwe na KWIHANGANA Steven yasobanuriye aba cepien ibigendwaho mumatora. Ibi ni bimwe mubigenderwaho hatorwa abakandida: Amatora akorwa mu ibanga Hagomba kubahirizwa ihame ry’ uburinganire (gender balance) Utorerwa gucunga umutungo wa…

 840 total views,  2 views today

0Shares

“Ikoreze Uwiteka urugendo rwawe rwose, abe ariwe wiringira nawe azabisohoza” Ubutumwa bugenewe abayobozi bashya ba CEP

0Shares

Ijambo ry’Imana Abicishije mu ijambo dusanga muri Zaburi ya 37:1-7, Umwigisha CYUBAHIRO Charles yahumurije imitima yabari butorwe ababwira ko guhamagarwa kwakozwe n’ Imana, ibi bikaba byerekana ikizere gikomeye Imana ibagiriye ibatoranyije mu magana menshi y’abari muri Kaminuza kugira ngo babe…

 300 total views

0Shares

Amatora y’abayobozi ba CEP UR Huye 2023-2024

0Shares

Kuri uyu wa gatandatu tariki 16 Ukuboza 2023, muri Cep ur huye abakristo b’abacepien (ne) bateraniye hamwe mu gikorwa cy’amatora y’abayobozi bazayobora CEP mu mwaka wa 2024. Mbere y’amatora habanje iteraniro risanzwe. Ni amatora agiye kuba mu gihe hari muri…

 552 total views

0Shares