Olivier NSENGIMANA

Amateraniro ya Cep ur huye kuwa 26th gicurasi 2024

0Shares

amateraniro ya cep yo kuwa 26 gicurasi 2024, yabaye mu masaha yikigoroba, ni amateraniro yaririmbyemo chorale ibanga gusa. IJAMBO RY’IMANA Umwigisha wijambo ry’Imana yatangije indirimbo ya 108 Nge ndumukristo. Imirongo ya bible iri gusomwa 1Samuel 13:13 Yobu1:1-8 Ibyakozwe n’intumwa 9:10…

 472 total views

0Shares

Kongera gusanwa no kubakwa n’Imana (Ubuzima tubayemo)

0Shares

Nyuma yuko mwisi duhura nibibazo byinshi bitandukanye, ibi bigaragaza ko nuyu yahuye n’ibihungabanya, ibikomeretsa ndetse bikamusenya mu mutima we. Yabayeho atitabwaho nk’abandi bana ariko mubyukuri ntibyamubujije gukiranuko nubwo bigaragara ko yaba yarahungabanyijwe no kutitabwaho n’umuryango we ibyo bikamusenya muburyo bw’amarangamutima…

 534 total views,  2 views today

0Shares

wowe wasize iki ? ese ufite ingwate?

0Shares

Umuntu wese wasize ibye byose kubw’izina  ryanjye azahabwa ibiruta ishuro ijana, kandi azaragwa n’ubugingo buhoraho ( matayo 19:28-29). Inyungunu zo gukorera Imana, igisubizo yesu yatanze ,ibihembo bizahabwa abakurikiye yesu Inyungu zo gukorera Imana: Hari igihe umuntu yibaza ibibazo byinshi akabura…

 606 total views,  2 views today

0Shares

Umukuru mu bwami bw’Imana !!

0Shares

Azana umwana muto amuhagarika hagati yabo,aramukikira arababwira ati “uwemera umwana umwe mu bana bato nk’uyu mu izina ryange ni jye aba yemeye,kandi unyemera si jye aba yemeye gusa ahubwo aba yemeye n’uwantumye.  (Mariko9:36-37) bibleverse: Itangiriro4:13-15, Yakobo4:5-10 .     byagaragayeko…

 491 total views

0Shares

Ese umuntu wizihiza umunsi wa pasika agomba kuba ameze ate??

0Shares

Pasika ni umunsi  w’uwiteka kandi igomba kwizihizwa nabizera bose ku itegeko ry’Imana .   umuntu wizihiza umunsi wa pasika agomba kuba : Kuba uri mu rugendo rugana aho  Umwami yesu ari. Ugomba kuba uzi aho uva ( philipi 3;20) ugombye…

 400 total views,  2 views today

0Shares

Uwo munsi muzamenya ko ndi muri data namwe mukaba muri njye, nanjye nkaba muri mwe

0Shares

“Uwo munsi muzamenya ko ndi muri data namwe mukaba muri njye, nanjye nkaba muri mwe” (Yohana 14:20) “Ariko Uwiteka yashimye kumushenjagura,yaramubabaje. Ubwo ubugingo bwe buzitamba ho igitambo cyo gukuraho ibyaha,azabona urubyaro,azarama,ibyo Uwiteka ashaka bizasohozwa neza núkuboko kwe”. Yesaya 53:10 Ubutumwa…

 664 total views,  2 views today

0Shares

IGITERANE CYO GUSENGERA ABAYOBOZI BASHYA BA CEP UR HUYE CAMPUS

0Shares

Ku cyumweru cya mbere cy’ukwezi kwa mbere 2024, CEP ur huye yagize igiterane cyo gusengera ku mugaragaro abayobozi bayo bashya batowe ndetse habaho gutanga inshingano kwa Komite yari imaze umwaka iyobora CEP. Ni igiterane kirimo Korari ITABAZA yaturutse ku Itorero…

 1,040 total views,  2 views today

0Shares

yaranzwe n’imirimo myinshi itangaje !!.Ese nanubu aracyakora??

0Shares

Hari uwaje akiza abarwayi ,agahumura impumyi, agaturisha inyanja, ndetse yaranzwe n’imirimo myinshi itangaje gusa!!.Ese nanubu aracyakora?? Aramusubiza ati “Data arakora kugeza n’ubu,nanjye ndakora (yohana 5:17). DUSHIMUMUREMYI Charles, niwe mwigisha wijambo ry’Imana muri CEP UR HUYE,ukuboza 2023 Imana ibasha gukora ibiruta…

 812 total views

0Shares

Umunsi udasanzwe uba rimwe mu mwaka !!!

0Shares

Umunsi udasanzwe uba rimwe mu mwaka, n‘umunsi aba kristo bose ku isi yose bizihiza, uwo munsi wiswe NOHERI bisobanuwe umwami yesu yatuvukiye. Umwami yesu yahanuwe kera n’abahanuzi batandukanye ubwo berekwaga agakiza kabisi bose ko bazahabwa umwana w’umuhungu kandi uwo mwana…

 816 total views

0Shares

NEW CEP EXECUTIVE COMMITTEE FOR 2023/2024 MANDATE

0Shares

PRESIDENT: RUKUNDO Aimable 135 votes VICE PRESIDEENT 1: NSHIMIYIMANA Moses 103 votes VICE PRESIDENT 2: NIYONGIRA Nicole 75 votes SECRETARY: MUNEZERO Blandice 101 votes ACCOUNTANT: IRANESHA Azubah 85 votes 1st ADVISOR: INEZA Esther 94 votes 2nd ADVISOR:  TWIZEYIMANA Eric 60…

 1,944 total views,  2 views today

0Shares