Mbega umunezera wa RASA ubwo president wa CEP yari yabasuye!!!
kwihangana no kubabarira ,taliki ya 15 ugushyingo president wa CEP UR HUYE # TURATSINZE RODRIGUE yagiriye uruzinduko rw’ivuga butumwa muri RASA. uwizeye umwana w’Imana naho yaba yarapfuye azongera abeho”… ibyiringiro bidakoza isoni nuko tuzi yuko Yesu kristo yazutse ataheze mugituro,…
260 total views, 2 views today
Ese uri fuza kugira imibereho mishya ?? / Yesu niwe utangiza igisekuru gishya .
“Ubuntu bw’Imana butangaje nibwo bwankuyeho imigozi” .(Indirimbo ya 105mu Gushimisha Imana ) “Imana y’amahoro ibeze rwose, kandi mwebwe ubwanyu n’umwuka wanyu , n’ubugingo n’umubiri byose birarindwe, bitazabaho umugayo ubwo Umwami wacu Yesu Kristo azaza.”(1 Abatesalonike 5:23 ) “Nicyo gituma uhereye…
192 total views, 2 views today
Satani afite uruganda rukora imyanda, ubana nawe arandura
Ijambo ry’Imana na Senior pastor Ndayizeye Isaie, 1 Abatesaronike 5:23 Theme: Yesu Kristo isooko y’ubuzima bwo kwezwa Imana irera mubyo ikora byose, Imana irema umuntu yashaka ko yera nk’uko nayo yera niyo mpamvu yamuhaye umwuka wayo. Umuntu yakoze icyaha yumvira…
60 total views, 2 views today
Igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na cep ur huye kiri kubera muri kaminuza y’u Rwanda huye campus
Igiterane cy’ivugabutumwa cyatangiye kuwa 11 Ugushyingo 2023 ndetse kirakomeje. Kuri uyu munsi bateranye numvugizi mukuru wa ADEPR mu Rwanda Rev. PastorNdayizeye Isaie, hari umushumba w’ururembo rya huye Rev. Ndayishimiye Tharcise na choir Elayo yaturutse muri ADEPR Sumba yo mukarere ka…
280 total views, 4 views today
EL-ELYON WORSHIP TEAM KURI RADIO SALUS
Abaramyi b’itsinda rya El-Elyon Worship Team ikorera umurimo w’Imana muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya huye CEP-UR HUYE bagiriye uruzinduko kuri Radio Salus tariki ya 29/10/2023 saa 7:20 za mu gitondo. Ubwo bakirwaga mu kiganiro nk’abaririmbyi kandi b’abaramyi batangije indirimbo y’ijana…
302 total views, 4 views today
Ese usobanukiwe neza impamvu uri mu itorero ? ninde ukwiriye gutumwa?
AMATERANIRO YA CEP CFMN SPECIAL WEEK THEME: GO YE WITH THE GOSPEL. (Matayo 28:18-20) Mu bibazo turi bubanze kwibaza muri iki kiganiro cyacu tuganira kuri iyi nsanganya matsiko tumaze icyumweru twigana. Koherezwa (Mission): iyo bavuze mission cyangwa mu Kinyarwanda tukavuga…
276 total views, 2 views today