Month: April 2024

wowe wasize iki ? ese ufite ingwate?

0Shares

Umuntu wese wasize ibye byose kubw’izina  ryanjye azahabwa ibiruta ishuro ijana, kandi azaragwa n’ubugingo buhoraho ( matayo 19:28-29). Inyungunu zo gukorera Imana, igisubizo yesu yatanze ,ibihembo bizahabwa abakurikiye yesu Inyungu zo gukorera Imana: Hari igihe umuntu yibaza ibibazo byinshi akabura…

 332 total views,  14 views today

0Shares

No mubigoranye byinshi haracyariho ubuhungiro bwizewe

0Shares

Mu gihe cy’ibibazo n’amatage nk’intambara, inzara, amapfa, n’ibyorezo, ndetse n’ibindi bitandukanye, umuntu ahatirwa guhunga ibyo bibazo aho ashobora kwimuka mu gace kamwe akajya mu kandi, igihugu cyimwe akajya mu kindi gushaka ubuturo bwizewe cyangwa igihugu cyaruta ikindi. Hari naho usanga…

 158 total views

0Shares

Bizaba mu gahe gato. urumva uzaba witeguye?

0Shares

Mbega amatsiko abizera uwiteka bafite! Mbega amahoro n’umutekano! Mbega ibyishimo bahorana kubera ikizere cyo kuzabaho iteka ryose! Ese utekereza ko isi izagumya kubaho? Utekereza ko aya mazu akomeye ujya ubona azakomeza kubaho? Utekereza se ko kurira bizahoraho cyangwa utekereza ko…

 366 total views,  4 views today

0Shares

Ubuzima tubamo: Nubwo yabishyizemwo umuhate n’imbaraga kandi agashimwa, ariko sibyo byari kubanza. Icyo atakoze nicyo cyari ingenzi.

0Shares

Mubigaragarira amaso, yari umuntu mwiza ariko akibyumva agira agahinda kenshi amarira atemba kumaso yuzura umubabaro mumutima aribwira ati iyonza kubimenya nibyo narikubanza kandi ntayandi mahirwe yari afite ya muhoza ayo marira. Yaramamaye kwisi hose, ibinyamakuru bimuvugaho abanditsi bamwandikaho yahawe ibihembo…

 252 total views,  2 views today

0Shares

Umukuru mu bwami bw’Imana !!

0Shares

Azana umwana muto amuhagarika hagati yabo,aramukikira arababwira ati “uwemera umwana umwe mu bana bato nk’uyu mu izina ryange ni jye aba yemeye,kandi unyemera si jye aba yemeye gusa ahubwo aba yemeye n’uwantumye.  (Mariko9:36-37) bibleverse: Itangiriro4:13-15, Yakobo4:5-10 .     byagaragayeko…

 289 total views,  2 views today

0Shares

Ngiri ibanga twahishwe: muri iyi isi itagira ibyiringo n’ umucyo, umuseke nawo waratambitse, abantu bamwe ntibabimenya. Ngwino nawe wihere ijisho!

0Shares

Ese wari uzi ko imibare y’ abiyahura mu bana bari munsi y’imyaka y’ubukure n’urubyiruko yiyogereye ku kigera cy’ibihumbi bitanu ku ijana (5000% cg 5000/100) guhera mu mwaka 1950) (Kelly, 2014). Ese na none wari uzi ko abantu binjiye mu myifatire…

 550 total views,  4 views today

0Shares

Ubuzima buhindutse imitekerereze y’ubwami bw’Imana.

0Shares

AMATERANIRO YA CEP-UR HUYE _____________ IJAMBO RY’IMANA BY Mr. MIZERO Olivier Ubuzima buhindutse imitekerereze y’ubwami bw’Imana Imana imaze kurema isi n’ijuru ndetse n’ibirimo byose, icyakurikiyeho ni ukurema umuntu. Ariko igiye kumurema iravuga iti: “reka tureme umuntu ase natwe”( Itangiriro 1:26)…

 528 total views,  8 views today

0Shares

MFITE INYOTA.

0Shares

Mu busanzwe habaho ubwoko bw’inyota butandukanye; nk’inyota y’amazi,iyo kugera kundoto,iyo kugera kuntsinzi, iy’urukumbuzi ndetse n’izindi zitandukanye ariko n’umwana w’Imana ubwo yarari ku musaraba I gologota nawe yaragize ati “mfite inyota”(yohana19.28) ese utekerezako yaravuze inyota yihe murizi: -iyo kuducungura? -Iy’icyaka cy’amazi?…

 826 total views

0Shares

Ese umuntu wizihiza umunsi wa pasika agomba kuba ameze ate??

0Shares

Pasika ni umunsi  w’uwiteka kandi igomba kwizihizwa nabizera bose ku itegeko ry’Imana .   umuntu wizihiza umunsi wa pasika agomba kuba : Kuba uri mu rugendo rugana aho  Umwami yesu ari. Ugomba kuba uzi aho uva ( philipi 3;20) ugombye…

 302 total views

0Shares