wowe wasize iki ? ese ufite ingwate?
Umuntu wese wasize ibye byose kubw’izina ryanjye azahabwa ibiruta ishuro ijana, kandi azaragwa n’ubugingo buhoraho ( matayo 19:28-29). Inyungunu zo gukorera Imana, igisubizo yesu yatanze ,ibihembo bizahabwa abakurikiye yesu Inyungu zo gukorera Imana: Hari igihe umuntu yibaza ibibazo byinshi akabura…
332 total views, 14 views today
No mubigoranye byinshi haracyariho ubuhungiro bwizewe
Mu gihe cy’ibibazo n’amatage nk’intambara, inzara, amapfa, n’ibyorezo, ndetse n’ibindi bitandukanye, umuntu ahatirwa guhunga ibyo bibazo aho ashobora kwimuka mu gace kamwe akajya mu kandi, igihugu cyimwe akajya mu kindi gushaka ubuturo bwizewe cyangwa igihugu cyaruta ikindi. Hari naho usanga…
158 total views
Bizaba mu gahe gato. urumva uzaba witeguye?
Mbega amatsiko abizera uwiteka bafite! Mbega amahoro n’umutekano! Mbega ibyishimo bahorana kubera ikizere cyo kuzabaho iteka ryose! Ese utekereza ko isi izagumya kubaho? Utekereza ko aya mazu akomeye ujya ubona azakomeza kubaho? Utekereza se ko kurira bizahoraho cyangwa utekereza ko…
366 total views, 4 views today
Ubuzima tubamo: Nubwo yabishyizemwo umuhate n’imbaraga kandi agashimwa, ariko sibyo byari kubanza. Icyo atakoze nicyo cyari ingenzi.
Mubigaragarira amaso, yari umuntu mwiza ariko akibyumva agira agahinda kenshi amarira atemba kumaso yuzura umubabaro mumutima aribwira ati iyonza kubimenya nibyo narikubanza kandi ntayandi mahirwe yari afite ya muhoza ayo marira. Yaramamaye kwisi hose, ibinyamakuru bimuvugaho abanditsi bamwandikaho yahawe ibihembo…
252 total views, 2 views today
Umukuru mu bwami bw’Imana !!
Azana umwana muto amuhagarika hagati yabo,aramukikira arababwira ati “uwemera umwana umwe mu bana bato nk’uyu mu izina ryange ni jye aba yemeye,kandi unyemera si jye aba yemeye gusa ahubwo aba yemeye n’uwantumye. (Mariko9:36-37) bibleverse: Itangiriro4:13-15, Yakobo4:5-10 . byagaragayeko…
289 total views, 2 views today
Ngiri ibanga twahishwe: muri iyi isi itagira ibyiringo n’ umucyo, umuseke nawo waratambitse, abantu bamwe ntibabimenya. Ngwino nawe wihere ijisho!
Ese wari uzi ko imibare y’ abiyahura mu bana bari munsi y’imyaka y’ubukure n’urubyiruko yiyogereye ku kigera cy’ibihumbi bitanu ku ijana (5000% cg 5000/100) guhera mu mwaka 1950) (Kelly, 2014). Ese na none wari uzi ko abantu binjiye mu myifatire…
550 total views, 4 views today
Ubuzima buhindutse imitekerereze y’ubwami bw’Imana.
AMATERANIRO YA CEP-UR HUYE _____________ IJAMBO RY’IMANA BY Mr. MIZERO Olivier Ubuzima buhindutse imitekerereze y’ubwami bw’Imana Imana imaze kurema isi n’ijuru ndetse n’ibirimo byose, icyakurikiyeho ni ukurema umuntu. Ariko igiye kumurema iravuga iti: “reka tureme umuntu ase natwe”( Itangiriro 1:26)…
528 total views, 8 views today
MFITE INYOTA.
Mu busanzwe habaho ubwoko bw’inyota butandukanye; nk’inyota y’amazi,iyo kugera kundoto,iyo kugera kuntsinzi, iy’urukumbuzi ndetse n’izindi zitandukanye ariko n’umwana w’Imana ubwo yarari ku musaraba I gologota nawe yaragize ati “mfite inyota”(yohana19.28) ese utekerezako yaravuze inyota yihe murizi: -iyo kuducungura? -Iy’icyaka cy’amazi?…
826 total views
Ese umuntu wizihiza umunsi wa pasika agomba kuba ameze ate??
Pasika ni umunsi w’uwiteka kandi igomba kwizihizwa nabizera bose ku itegeko ry’Imana . umuntu wizihiza umunsi wa pasika agomba kuba : Kuba uri mu rugendo rugana aho Umwami yesu ari. Ugomba kuba uzi aho uva ( philipi 3;20) ugombye…
302 total views