Ubuhamya

Urwandiko rwandikiwe ab’itorero igice cya cumi: benshi barabisomye(ma) ariko ntibabitekerezaho, burya nta ntwaro yakoresheje ahubwo yakoresheje amagambo (Goliyati).

0Shares

Hari abantu bavuga nabi ukagirango nibyo baremewe gukora kandi bitwa ko bakijijwe (aya magambo nayakuye kurukuta nkoranya mbaga rwa watsapu rw’umushumba wahamagariwe gutoza no kwigisha ku muryango “Pasitoro Desire Habyalimana). Abahanga mubijyanye n’imitekerereze (Psychologist) bavuga yuko kuvuga nabi bikomoka kukuba…

 1,706 total views,  4 views today

0Shares

Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero igice cya kabiri: Nubwo yari yarabyize yanze kubyigisha atarabikora (Ezira).

0Shares

“Icyo gihe nari kumwe na yo ndi umukozi w’umuhanga, Kandi nari umunezero wayo iminsi yose, Ngahora nezerewe imbere yayo, (Imigani8:30)”. Uyu yari Yesu Kristu mu gitabo cy’ Imigani, yahamirijwe ko yari umukozi w’umuhanga. Niwe Jambo kandi yahozeho, yaremye ibiriho byose….

 2,772 total views,  9 views today

0Shares

Korali Vumiliya iritegura gusohora indirimbo”I Getsemani” ibumbatiye Gushima Imana kubw’urukundo yakunze abari mu isi.

0Shares

Korali Vumiliya ibarizwa mu Muryango w’Abanyeshuri b’Abapantekote muri Kaminuza y’u Rwanda ,Ishami rya Huye, CEPUR-HUYE ,iritegura gushyira hanze indirimbo nshya yitwa I Getsemani ikubiyemo gushima Imana kubw’urukundo yadukunze ikemera gutanga umwana wayo w’ikinenge. Korali Vumiliya  ni korali yatangiye muri 2001…

 2,354 total views,  2 views today

0Shares

Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero Igice cya mbere: Nyuma yibyo wakoze n’ingeso zawe zizavugwa.

0Shares

Ariko twakwisuzuma ntitwagibwaho n’urubanza (1Abakorinto11:31). Mubuzima bwa buri munsi hari ishusho umukirisito aba afite mubo abana nabo, ndetse muhuye bwa mbere hari ingeso umuntu yabonekwaho akaba yacirwa urubanza n’abandi ko yaba akijijwe by’ukuri. Akenshi iyo twisuzumye neza, Umwuka wera akaturondora,ntiducurirwa…

 2,264 total views,  4 views today

0Shares

Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha igice cya gatatu: Icyatumye yiyahura nuko banze kumutega amatwi.

0Shares

Uramutse uhuye n’ikibazo cyangwa ukagwa mucyaha runaka, ukirukankira gushaka uwakwakira ngo yumve icyo kibazo cyangwa icyo cyaha ariko wamugeraho ntagutege amatwi. Wakwiyumva ute? (Fata akanya gato ubaze umutima maze usubize). Ntekereza ko umutima  wawe wagira agahinda kenshi  ndetse rimwe na…

 2,411 total views,  4 views today

0Shares

Siniyumvisha uburyo Imana yabikozemo “Alex NSHIMIYIMANA”

0Shares

Ubuhamya Amazina ni Alex NSHIMIYIMANA Nageze Huye naratinze, kubera ibyiciro by’ubudehe, kandi narindi mu kiciro kitanyemereraga kwiga kaminuza mfashwa, gusa Imana yaramfashije, sinasibiye. Nari nariyakiriye mvuga ko ntazaza kwiga kaminuza, kuko bari barampaye ikiciro cya gatatu. Ibyiciro byari byarakozwe turi…

 1,900 total views,  6 views today

0Shares

ubuhamya: amateka yanyuzemo, yamuteye ibikomere ariko Yesu niwe wabimwomoye

0Shares

CEP UR Huye, igiterane cy’ isana mitima,ubumwe n’ubwiyunge NYABIHU Intego” GUHINDUKA, GUKIRA IBIKOMERE, INKINGI Y’URWANDA TWIFUZA” Abefeso 2:14 UBUHAMYA BWATAZWE NA Jose MUHAWENIMANA Intego y’ubu buhamya ni “ukugirango buri wese abashe kubabarira”. Navutse muri 1994, jenoside yabaye nkiri umwana muto….

 1,424 total views

0Shares

Pastor Niyonshuti Theogene yaduhaye ubuhamya bw’uburyo yari inzahare y’urumogi anatubwira uburyo abantu ari abarakare

0Shares

Pastor Niyonshuti Theogene ukorera umurimo w’Imana mw’itorero rya ADEPR mu karere ka Nyarugenge muri Paruwasi ya Kimisagara k’umudugudu wa Katabaro ,uzwiho ubuhamya bw’uburyo yahoze ari umunywi ukomeye w’ibiyobyabwenge ari naho hakomoka imvugo yuko yari inzahare yazahutse . Uyu mukozi w’Imana…

 1,992 total views

0Shares

Mukankuranga Jacqueline wari indaya, no kunywa urumogi arashima Imana

0Shares

Mu buhamya uyu mugore avuga ko yakoze uburaya kuva afite imyaka mike cyane,akajya anywa n’urumogi abitewe n’uko yabonaga abandi bakobwa babikora nawe abijyamo ariko nyuma yo kuba mu buzima bugoye kandi agasanga nta mahoro yo mu byaha ubu yamaze gukizwa…

 1,728 total views,  2 views today

0Shares

Ubuhamya: Mama Lionel, yategereje imyaka 11 umugabo wari waramukoye, ntiyinuba ,

13Shares

Nitwa NYIRABAGENZI Alice, mvuka I butare mu ntara y’amajyepfo, nakijijwe mu mwaka w’1992, nkurira mu gakiza gutyo, mu mwaka w’1995 narambagijwe n’umusore tumara imyaka itanu dukundana, ankwa mu mwaka w’2000, ubukwe busohora mu mwaka w’2006 NYIRABAGENZI Alice ( Mama Lionel)…

 1,440 total views,  2 views today

13Shares