Month: June 2019

Ese wari uziko hari ingororano ku bakozi?Ev. Alice RUGERINDINDA

0Shares

Amaterniro ya cep ku wa 30 kamena 2019 Umwigisha w’ijnambo: Alice RUGERINDINDA Intego y’ijambo: “hari ingororano ku bakozi” Ibyahishuwe 22:12 “Dore ndaza vuba nzanye ingororano, kugira ngo ngororere umuntu wese ibikwiriye ibyo yakoze”. Ku bakora businesi hari igihe umuntu atangira…

 1,528 total views

0Shares

Dore guhinduka nyakuri icyo ari cyo

0Shares

Igiterane cy’isana mitima, ubumwen’ubwiyunge Nyabihu.gifite intego igira iti”GUHINDUKA, GUKIRA IBIKOMERE, INKINGI Y’URWANDA TWIFUZA”abefeso 2:14 Umwigisha w’Ijambo ry’ Imana: RUZIBIZA Viateur Intego y’Ijambo ry’Imana” Guhinduka rwose “ Yohana4:1-144 yiyumvamo ko akwiriye kunyura i Samariya. 5 Nuko agera mu mudugudu w’i Samariya…

 1,710 total views,  2 views today

0Shares

sobanukirwa “umutima w’ubwiko” Rev. Past. Ephrem KARURANGA

0Shares

Igiterane cy’isana mitima n’ubumwe n’ubwiyunge I NYABIHU intego ” GHUNDIKA, GUKIRA IBIKOMERE, INKINGI Y’URWANDA TWIFUZA” Abefeso 2:14 Intego y’ijambo” umutima w’ubwiko” Iki gihe abantu benshi ushobora kubabona bakora ibintu bitandukanye ariko bafite umutima ufite ubwiko. Kandi umuntu ashobora kugira umutima…

 2,180 total views,  2 views today

0Shares

ni uruhe rugero Imana ishaka ko ugeraho mu gakiza?Rev. Past. Ephrem KARURANGA

0Shares

Nyabihu– igiterane cy’isanamitima, ubumwe n’ubwiyunge gifite intego yo guhinduka gukira ibikomere inking y’u Rwanda twifuza. Abefeso 2:14UMWIGISHA” REV.past. KARURANGA Ephrem Intego y’ijambo: Imana irashaka ko ugera ku kigero gishyitse cy’agakiza Abefeso 2:14 Uwo ni we mahoro yacu, kuko yahinduye twebwe…

 972 total views,  2 views today

0Shares

ubuhamya: amateka yanyuzemo, yamuteye ibikomere ariko Yesu niwe wabimwomoye

0Shares

CEP UR Huye, igiterane cy’ isana mitima,ubumwe n’ubwiyunge NYABIHU Intego” GUHINDUKA, GUKIRA IBIKOMERE, INKINGI Y’URWANDA TWIFUZA” Abefeso 2:14 UBUHAMYA BWATAZWE NA Jose MUHAWENIMANA Intego y’ubu buhamya ni “ukugirango buri wese abashe kubabarira”. Navutse muri 1994, jenoside yabaye nkiri umwana muto….

 1,400 total views

0Shares

Amafoto:korali elayo yatumye imitima ya benshi i Nyabihu ihembuka

0Shares

Ubwashize nibwo twari twabagejejeho ko ko korari Elayo ikorera umurimo w’Imana muri CEP UR HUYE CAMPUS yari ifite igiterane yagombaga kugaragaramo i Nyabihu. icyo giterane kikaba ari igiterane kiba buri mwaka kigategurwa n’rumuryango w’abanyeshuri b’abapantekote ukorera muri kaminuza y’Urwanda ishami…

 1,306 total views

0Shares

Korari Elayo mu myiteguro y’igiterane cy’isana mitima bazakorera i Nyabihu ku wa 22-23 kamena2019

0Shares

Hari kuri iki cyumweru taliki ya 16kamena 2019, ubwo twasuraga korari Elayo ikorera umurimo w’Imana mu muryango w’abanyeshuri ba bapantekonte ukorera muri kaminuza y’Urwanda ishami rya Huye (CEP UR HUYE CAMPUS). korari Elayo ikaba igizwe n’abaririmbyi bakabakaba mu ijana na…

 1,178 total views,  4 views today

0Shares

Ibiti byose si “goferu”. siliveri MUNYESHAKA

0Shares

CEP UR HUYE CAMPUS AMATERANIRO YO KU WA GATANU KU WA 14KAMENA 2019 Umwigisha: MUNYESHYAKA Silvestre  Intego y’umwigisha: Ibiti byose ntabwo ari goferu Itangiriro 6:13 Imana ibwira Noa iti “iherezo ryh’abafite umubiri bose rije mumaso yange, kuko isi yuzuye urugomo…

 1,494 total views

0Shares

Ntutegereze umwuka nk’umwuka wera niba udaha agaciro amabwiriza y’umwuka nk’ijambo. Ev. Clement KARANGAYIRE

0Shares

CEP UR HUYE CAMPUS AMATERANIRIRO YO KU CYUMWERU ku wa 16 kamena 2019 Umwigisha. KARANGAYIRE Clement Intego y’umwigisha.”Nudaha agaciro amabwiriza y’umwuka nk’ijambo, ntaho uzahurira n’umwuka nk’umwuka wera”yohana 6:23 Ikibazo kiriho muri iyi minsi ni uko aba kirisitu bashaka umwuka wera…

 1,506 total views

0Shares

Ese waba uzi Umumaro wo kugeragezwa?JMV Nizeyimana

0Shares

Nizeyimana Jean Marie Vianney ati “Hari umumaro wo kugeragezwa” Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31.Gicuransi.2019 ni bwo uwitwa Nizeyimana Jean Marie Vianney wiga mu mwaka wa kabiri ubuvuzi rusange no kubaga akaba umunyamuryango wa CEP yavuze ko nubwo abantu…

 1,120 total views

0Shares