Ndindiriyimana Abel Prince

Ubutunzi Nyakuri Ukwiriye gushaka

0Shares

Matayo 6:19-21 “Ntimukībikire ubutunzi mu isi, aho inyenzi n’ingese ziburya, kandi abajura bacukura bakabwiba. Ahubwo mwibikire ubutunzi mu ijuru, aho inyenzi n’ingese zitaburya, n’abajura ntibacukure ngo babwibe, kuko aho ubutunzi bwawe buri ari ho n’umutima wawe uzaba” Ubuzima bwa none…

 1,320 total views,  6 views today

0Shares

Urusengero rw’Imana nyakuri

0Shares

Yesu asohoka mu rusengero. Akigenda, abigishwa be baramusanga bashaka kumwereka imyubakire y’urusengero. Arababwira ati “Ntimureba ibi byose? Ndababwira ukuri yuko aha hatazasigara ibuye rigeretse ku rindi ritajugunywe hasi” Mat 24:1-2. Iyi minsi, isi yugarijwe n’icyorezo cya Korona virusi aho kimaze…

 2,345 total views

0Shares

kurikirana LIVE Urugendo rw’ivugabutumwa korare Vumiliya yakoreye mu itorero rya karere ka Nyamagabe, paruwasi Sumba.

0Shares

amateraniro atangiye Umushumba wa paruwasi n’uwitorero rya’ akarere bakira abashyitsi. umushumba wa karere yakira umushumba Lorien na Korari Vumiliya ijambo ryigishijwe na Past. Nsengimana Lorien. kuva 12:25 “Imana ireba Abisirayeli, imenya uko bameze”. Imana izi uko tumeze, ibyo tuvuga n’ibyo…

 1,158 total views

0Shares

Umurage w’abana b’Imana, ntunyagwa kandi ntuboneka mu isi. JMV NIZEYIMANA

0Shares

Intego y’ijambo ry’Imana: Umurage w’abana b’Imana Nkuko umuntu agendera ku ikarita ikamuyobora, Kuko yerekana aho umuntu ageze, ibinogo biri mu nzira arimo, ahari amazi ndetse n’imisozi, Uku niko ijambo ry’Imana riyobora umuntu. Abaheburayo 9:16-17 “Iyo isezerano ryo kuraga ribonetse, hakwiriye…

 1,456 total views,  2 views today

0Shares

Tubigize dute, abagera ikirenge mu cya Yuda Isikarioti bakomeje kwiyongera mu Rwanda

0Shares

Maze Yuda wamugambaniye abonye ko urubanza rutsinze Yesu, aricuza asubiza abatambyi bakuru n’abakuru bya bice by’ifeza mirongo itatu ati “Nakoze icyaha, kuko nagambaniye amaraso atariho urubanza.” Ariko bo baramusubiza bati “Biramaze! Ni ibyawe.” Ifeza azijugunya mu rusengero arasohoka, aragenda arimanika…

 2,442 total views,  3 views today

0Shares

Nta butunzi, nta bwenge nta butware bwabasha kubatura umuntu ku bubata bw’icyaha keretse itegeko ry’umwuka. Francine Duhuzimana

0Shares

Yesu aramfata, akankomeza, kukw’ankunda bihebuje arankomeza. urukundo rwange ruke ntirwamufata , kukw’ankunda bihebuje: Yesu Niwe umfata. kantic 359 2abakorinto 7:10 “Agahinda ko mu buryo bw’Imana gatera kwihana kuticuzwa, na ko kukazana agakiza, ariko agahinda ko mu buryo bw’isi gatera urupfu”….

 1,194 total views

0Shares

Hari ugukiranuka kudaturuka ku Mana, n’ukuri kudaturuka ku Mana. Ariko hari n’ukuva ku Mana, sobanukirwa. MUKIZA Yvan

0Shares

Abefeso 6:10 “Ibisigaye mukomerere mu Mwami no mu mbaraga z’ubushobozi bwe bwinshi. 11Mwambareintwaro zose z’Imana, kugira ngo mubashe guhagarara mudatsinzwe n’uburiganya bwa Satani. 12Kuko tudakīrana n’abafite amaraso n’umubiri, ahubwo dukīrana n’abatware n’abafite ubushobozi n’abategeka iyi si y’umwijima, n’imyuka mibi y’ahantu…

 2,129 total views

0Shares

Igiterane cyahembuye imitima y’abantu, umuyobozi wa korari Yelusaremu impungenge yari afite

0Shares

Presidente ati “abanyesuri ni abantu bagoye, twibwiraga ko bigorana kubwiriza muri kaminuza, ariko impungenge zashize, umwuka w’Imana akorera hose, abanyeshuri barakijijwe” Igiterane cy’ivugabutumwa cya teguwe n’umuryango w’abanyeshuri b’abapantecote bo muri kaminuza y’Urwanda ishami rya Huye (CEP UR Huye Campus), cyirashoje….

 1,162 total views,  2 views today

0Shares

Ikibazo gihari nuko abategereje Yesu batiteguye nyamara Isi yo iriteguye. kurikirana umunsi wo gusoza igiterane cy’ivugabutumwa ” icyaremwe gishya, ubuzima nyakuri 2abak.5:17″ Rev. Past. Jean Jacques KARAYENGA

0Shares

Intego y’ijambo ry”Imana: “kuba maso itabaza ry’ubugingo” Luka 12:35-40 “Muhore mukenyeye kandi amatabaza yanyu yake, 36 mumere nk’abantu bategereza shebuja ahoagarukira ava mu bukwe, kugira ngo ubwo azaza nakomanga bamukingurire vuba. 37Hahirwa abagaragu shebuja azaza agasanga bari maso. Ndababwira ukuri…

 1,598 total views

0Shares

kurikirana umunsi wa cyenda w’igiterane cy’ivugabutumwa live. ntucikwe n’uko ibihe byiza biri kugenda bikurikirana

0Shares

Amateraniro atangiye saa 8:45 dufashwa na korari EL-ELYON worship team. Umuyobozi wa gahunda ni NIYIGENA Edissa, twatangiranye nindirimbo yo mugitabo mugushimisha 189 Hakurikiyeho korari Vumiriya n’indirimbo nziza igira iti’ Yesu araguhamagara ngwino” Hakurikiyeho korari ENHAKOLE mundirimbo nziza igira iti” Kuko…

 1,354 total views

0Shares