Month: July 2021

Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero Igice cya Gatatu : Nubwo bose barize amarira amwe ariko humviswe Umwe.

0Shares

“Ni bwo bazantakambira nkabihorera, bazanshakana umwete ntibazambona kuko banze kumenya, kandi ntibahisemo kubaha Uwiteka.” ( Imigani 1:26-27).“Nuko barataka ariko ntihagira ubasubiza, bitewe n’ubwibone bw’abanyabyaha.”(Yobu35:12). Mu Ijambo ry’Imana dukunze kumva amagambo atwemeza ko nidutaka tuzasubizwa. Ariko burya Imana iyo yitegereza ireba…

 1,500 total views

0Shares

Kurikirana uko igiterane cya korali vumiliya cyagenze

0Shares

Ubugingo bufite umwuka wera; ufite ubugingo buzima akayoborwa n’umwuka wera aba imbarutso yimpinduka muri byose naho ari hose Korari Vumiriya yari yateguye igirerane kuri uyu munsi muri Cep ur huye campus Korari Vumuliya ikororera umurimo w’Imana muri CEP UR Huye…

 2,228 total views

0Shares

Korali Vumiliya mu myiteguro y’igiterane cyo kuri iki cyumweru.

0Shares

Korali Vumiliya ikorera umurimo w’Imana muri kaminuza y’u Rwanda,ishami rya Huye iritegura igiterane cy’ivugabutumwa gifite intego iboneka muri bibiliya mu gitabo Pawulo yandikiye itorero ry’efeso igice cya mbere,umurongo wa cumi na gatatu(Abafeso 1:13) igira iti”UBUGINGO BUFITE UMWUKA WERA”. Korali Vumiliya…

 1,894 total views

0Shares

Menya Amahame 10 wagenderaho kugira ngo usenge neza ( Ten principles of prayers).

0Shares

Mu iteraniro ryera ryo ku wa 9 Gicurasi 2021 umwigisha w’ijambo ry’Imana akaba n’umuyobozi wa CEP UR Huye campus GASHUGI Yves yagarutse ku mahame 10 wajyenderaho kugira ngo usenge neza ndetse n’imirongo ya Bibiliya iyashyigicyira n’ingero zitandukanye kuri aya mahame.Uko…

 4,400 total views

0Shares

Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero igice cya kabiri: Nubwo yari yarabyize yanze kubyigisha atarabikora (Ezira).

0Shares

“Icyo gihe nari kumwe na yo ndi umukozi w’umuhanga, Kandi nari umunezero wayo iminsi yose, Ngahora nezerewe imbere yayo, (Imigani8:30)”. Uyu yari Yesu Kristu mu gitabo cy’ Imigani, yahamirijwe ko yari umukozi w’umuhanga. Niwe Jambo kandi yahozeho, yaremye ibiriho byose….

 2,769 total views,  6 views today

0Shares

Menya ibintu byagufasha kunesha ibishuko

0Shares

Umwigisha UKUNDWANIWABO Eric yatangije indirimbo ya 107 mu ndirimbo z’agakiza igira iti” Twemezwa n’iki ko tuzagera mwijuru? N’umwuka w’ihoraho. Hano twakibaza ikibazo kigira kiti ubundi twemezwa ko tuzagera mu ijuru ariko igisubizo n’iki ni Umwuka w’ihoraho, Ijambo ry’Imana ryahawe umutwe…

 1,160 total views

0Shares

Kurikirana uko igiterane cyahuje abanyeshuri bose bakorera umurimo w’Imana muri ur-huye campus cyagenze

0Shares

Ibyiza uwiteka yangiriye byose, nabimwitura iki? iyi n’intego yaranze iki igiterane cyo gushima Imana cy’abanyeshuri Bose bakorera umurimo w’Imana muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye aba banyeshuri bakaba bakorera umurimo w’Imana muraya ma korali ariyo Rangurura, Boaz hamwe na…

 1,442 total views

0Shares

Ese umuntu akwiriye kubaho gute mu gakiza yakiriye?

0Shares

ku ruyu wa 4 nyakanga 2021 abanyeshuri dukorera umurimo w’Imana muri CEPUR-HUYE CAMPUS twagiriwe umugisha wo gusurwa n’umubyeyi wacu EV. Daniel SINIGENGA, yatuganirije ijambo ry’Imana ryiza ryahembuye imitima ya benshi mu bateranye, umwigisha yatangiye asoma mu rwandiko rwa yuda 1:3,…

 1,180 total views

0Shares

Korali Vumiliya isohoye Indirimbo yitwa”I Getsemani”

0Shares

Korali Vumiliya ibarizwa mu Muryango w’Abanyeshuri b’Abapantekote muri Kaminuza y’u Rwanda ,Ishami rya Huye, CEPUR-HUYE ,imaze gushyira hanze indirimbo nshya yitwa I Getsemani ikubiyemo gushima Imana kubw’urukundo yadukunze ikemera gutanga umwana wayo w’ikinenge. Indirimbo”I Getsemani” ikaba ari indirimbo ya karindwi kuri album…

 1,776 total views

0Shares