Yves GASHUGI

Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha igice cya cumi na rimwe: bibagiwe/batinze gutoza aba ahazaza none Isi yarabatwaye. niba bishyura Abacuranzi tubyitege mu minsi iza naba Perezida baraza kwishyurwa.

0Shares

Bibagiwe/Batinze gutoza aba ahazaza “Hari umwe mu bakomeye muri iki gihugu ukora mu nzego z’umutekano kuganira nawe imonota 10 uhakura ibitekerezo wakandikamo igitabo. Ikibazo ni uko itorero ritamubyaje umusaruro ariko ubuyobozi (political leaders) bukimubona bwahise bumutwara.”  Aya magambo nayabwiwe mu…

 1,364 total views

0Shares

Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha igice cya cumi: bitiranije inyama zo murusengero nizo mungo zabo, nicyo cyatumye Imana ibarimbura.

0Shares

Mumwaka wa 2015 ubwo nigaga mu mwaka wa kane wa mashuri y’isumbuye, uwari uhagarariye isomero ry’ishuri (Academic Librarian) yaranganirije ambwirako ubwo babaga mu gihugu cya kongo (DRC) yahoze ari Zaire hari itsinda ry’abasore babiri basengeraga umurimo w’Imana mu ihuriro ryaba…

 1,416 total views

0Shares

Ikibazo Imana ifitanye n’abigisha igice cya cyenda: yamubwiyeko amaze imyaka ine yiga ibyanditswe byera, amusubiza ko amaze imyaka mirongo ine abigenderamo.

0Shares

Umuvuduko w’urumuri ni metero miliyoni eshatu mu isegonda rimwe (speed of light, 3*106m/sec). Umuntu ushobora kugendera kuri uyu muvuduko yabona isi ihagaze/itariho, uwabasha kugendera ku muvuduko urenze uyu yabasha gusubira inyuma mu mateka yahahise akamenya ibyabaye, aya ni amagambo yavuzwe…

 1,318 total views

0Shares

Urwandiko rwandikiwe ab’itorero igice cya cumi: benshi barabisomye(ma) ariko ntibabitekerezaho, burya nta ntwaro yakoresheje ahubwo yakoresheje amagambo (Goliyati).

0Shares

Hari abantu bavuga nabi ukagirango nibyo baremewe gukora kandi bitwa ko bakijijwe (aya magambo nayakuye kurukuta nkoranya mbaga rwa watsapu rw’umushumba wahamagariwe gutoza no kwigisha ku muryango “Pasitoro Desire Habyalimana). Abahanga mubijyanye n’imitekerereze (Psychologist) bavuga yuko kuvuga nabi bikomoka kukuba…

 1,702 total views

0Shares

Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha Igice cya munani: Bihutiye kubabatiza bibagirwa/batinda kubigisha nicyo cyatumye badakura.

0Shares

Mbese ibyo usoma ibyo urabyumva (Ibyakozwe n’Intumwa 8:30B). Aya ni amagambo yavuzwe n’umugabo witwa Filipo ayabaza inkone y’umugabekazi Kandake w’abanyetiyopiya kuko yari yarasobanukiwe ko ishingiro ryo kumenya atari ugufata mu mutwe ibyo dusoma ahubwo ishingiro ryo kumenya ari ukumva no…

 1,378 total views

0Shares

Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero igice cya cyenda: Bamwe ni kumanywa abandi ni nijoro, barabashatse baburirwa irengero, abandi bari kuboroga mu marira menshi, polisi mpuzamahanga irahamagaranye, nyuma babonye icyabiteye

0Shares

Umunsi umwe nigeze kwibaza mu mutima nti: kubera iki abahanuzi, abaririmbyi iyo bahanura cyangwa bari kuririmba bavuga bati: umunsi umwe tuzirirwa mu isi ariko ntituyiraremo ubundi bakavuga ko tuzarara mu isi ariko ntituyirirwemo? Ese kubera iki batavuga kimwe muribyo? Naje…

 1,400 total views

0Shares

Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha Igice cya karindwi: banze gusabana nabo bayobora ngo baba bisuzuguza/je.

0Shares

Mumyaka itanu ishize nigaga mu ishuri ry’igishaga ubuyobozi no guhindurira abantu kuba abigishwa ba Yesu, ubwo twigaga isomo ry’ubuyobozi twabajijwe n’umwarimu uko umuyobozi agaragara bamwe muritwe ndibuka ko basubije ko ari umuntu munini ugaragiwe n’abarinzi bafite intwaro mu ntoki zabo,…

 4,179 total views

0Shares

Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero Igice cya munani: yababajije ikibazo cy’ubumenyi (Satani), ababwirako bazasa n’Imana bibagirwa ko baremwe mu ishusho yayo (Adamu na Eva).

0Shares

Satani si umuswa nkuko bamwe bashobora kuba babyibwira, ahubwo ni umuhanga mu bice bitandukanye by’ubuzima, ariko turagaruka ku gice cy’iyobokamana. Satani ni umuhanga wazobereye mukubaza ibibazo-suzuma bumenyi ryerekeye iyobokamana agamije kujora (criticism) amahame n’amategeko y’umuremyi ngo acogoze abizera binyuze mu…

 2,110 total views,  2 views today

0Shares

Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero Igice cya Karindwi: Nubu baracyabijyaho impaka ibirenge bye bireba imbere ariko amaso ye arareba inyuma (Mukaroti).

0Shares

Mu mutima w’umuntu niho hacurirwa imigambi myiza cyangwa mibi kandi icyihuzuye amaherezo, nicyo kimutera imbaraga zo gusohoza iyo migambi. Hahirwa umuntu ugufitemo imbaraga, Hahirwa abafite mu mitima inzira zijya i Siyoni (Zaburi 84:6). Kuzuza umutima ibiwuhesha imbaraga ndetse n’ubundi butunzi…

 1,744 total views

0Shares

Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha Igice cya Gatandatu: kubera Ubucuti yarafitanye n’Umutambyi byatumye amushyira mu nzu y’Imana (Eliyashibu).

0Shares

Umwigishwa asa n’umwigisha ndetse ntawaba umwigisha adafite icyo ahuriyeho n’uwamwigishije bityo ushobora kubona umwe yigisha ukamenya uwamwigishije uwo ariwe. Igitangaje singano yibyo yize afite ahubwo igifite icyo kimaze ni isooko yavomeyeho iyo ngano. Mu isezerano rya kera Imana yahisemo ubwoko…

 1,262 total views

0Shares