Ruhukira mu mahoro kuko Amahoro aruhukirwamo nabaruhutse icyaha ndetse Ubuzima bwawe bwarabigaragaje, Urabeho: Pasitoro Canisius NZABONIMPA.
Kuwa gatandatu w’iminsi irindwi ubwo yavaga mu ivugabutumwa n’abandi bashumba mu karere ka Rubavu yaratashye ajya kuruhura umubiri aho yari yateganyirijwe. Mu gitondo bakomanze urugi rwaho yaraye ntiyafungura bazana abafite mu nshingano umutekano (Police) bafungura urugi uko babitojwe basanga aryamye…
1,668 total views
Urwandiko rwandikiwe Ab’itorero igice cya gatanu: Urabeho
Nabababereye ikitegererezo muri byose, yuko ariko namwe mukwiriye gukora imirimo ngo mubone uko mufasha abadakomeye, no kwibuka amagambo Umwami Yesu yavuze ati’Gutanga guhesha umugisha kuruta guhabwa’. Cyane cyane bababajwe n’ijambo yababwiye yababwiye yuko batazongera kumubona. Nuko baramuherekeza bamugeza ku nkuge…
1,954 total views
Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero Igice cya kane: Nubwo bamugaya ariko nabo bifitemo uwo mwuka/bameze nkawe (Tobiya).
Mu buzima bwa bamwe mu bizera, barigukuza ibyo kugenzura icyo abandi babakorera kuruta kugenzura ibyo bo bakorera abandi. Nyamara ubuzima bw’urubanza ntibuzashingira kubyo abandi badukorera ahubwo buzashingira kubyo tubakorera. Aramubwira ati “Namwe abigishamategeko muzabona ishyano, kuko mwikoreza abantu imitwaro idaterurwa,…
1,314 total views
Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero Igice cya Gatatu : Nubwo bose barize amarira amwe ariko humviswe Umwe.
“Ni bwo bazantakambira nkabihorera, bazanshakana umwete ntibazambona kuko banze kumenya, kandi ntibahisemo kubaha Uwiteka.” ( Imigani 1:26-27).“Nuko barataka ariko ntihagira ubasubiza, bitewe n’ubwibone bw’abanyabyaha.”(Yobu35:12). Mu Ijambo ry’Imana dukunze kumva amagambo atwemeza ko nidutaka tuzasubizwa. Ariko burya Imana iyo yitegereza ireba…
1,500 total views
Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero igice cya kabiri: Nubwo yari yarabyize yanze kubyigisha atarabikora (Ezira).
“Icyo gihe nari kumwe na yo ndi umukozi w’umuhanga, Kandi nari umunezero wayo iminsi yose, Ngahora nezerewe imbere yayo, (Imigani8:30)”. Uyu yari Yesu Kristu mu gitabo cy’ Imigani, yahamirijwe ko yari umukozi w’umuhanga. Niwe Jambo kandi yahozeho, yaremye ibiriho byose….
2,769 total views, 6 views today
Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero Igice cya mbere: Nyuma yibyo wakoze n’ingeso zawe zizavugwa.
Ariko twakwisuzuma ntitwagibwaho n’urubanza (1Abakorinto11:31). Mubuzima bwa buri munsi hari ishusho umukirisito aba afite mubo abana nabo, ndetse muhuye bwa mbere hari ingeso umuntu yabonekwaho akaba yacirwa urubanza n’abandi ko yaba akijijwe by’ukuri. Akenshi iyo twisuzumye neza, Umwuka wera akaturondora,ntiducurirwa…
2,264 total views, 4 views today
Benshi babyibajijeho: Ntawabitekerezaga ko byabaho-Bill Gates na Melinda Gates
Urukundo rw’abashakanye akenshi muguhura kwabo bagira intego zo kuzagira urugo rw’cyitegererezo: kuzashakira hamwe amaronko, kubona abana bakinira mu mbuga ndetse n’umunezero mwinshi watuma bafatirwaho urugero muri rubanda. Gusa akenshi urwo ruba ari urugo ruri mu bitekerezo. Bake bashobora gufata ingamba…
968 total views
Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha igice cya kane: babyibeshyeho ububyutse si ukugira abantu benshi mumakoraniro (insengero)
Mu mwaka wa 2015 nigeze nyura kuri benedata baganira, numva bavuga bati: “muri uyu mujyi hari ahantu hasigaye hari ububyutse bwinshi cyane.” Umwe avuga urugero ati: “uzi urusengero rwo kwa runaka ukuntu rurimo ububyutse! ,rusigaye rwuzuye abantu benshi. Avugana umubabaro…
936 total views
Ikibazo Imana ifitanye n’Abigisha igice cya gatatu: Icyatumye yiyahura nuko banze kumutega amatwi.
Uramutse uhuye n’ikibazo cyangwa ukagwa mucyaha runaka, ukirukankira gushaka uwakwakira ngo yumve icyo kibazo cyangwa icyo cyaha ariko wamugeraho ntagutege amatwi. Wakwiyumva ute? (Fata akanya gato ubaze umutima maze usubize). Ntekereza ko umutima wawe wagira agahinda kenshi ndetse rimwe na…
2,409 total views, 2 views today
Ikibazo Imana ifitanye n’abigisha Igice cya kabiri: Nubwo yari umuhanga yemeye kongera kwigishwa.
Mbese uhuye n’umuntu runaka akakwemeza ko ari nta kintu uzi, wakwiyumva ute? (mbere yo gukomeza inkuru banza utekereze unisubize mu mutima). Akenshi wamureba nabi ndetse hari ubwo wakibwira mu mutima yuko agusuzuguye. Abahanga muby’imitekerereze ndetse n’ubumenyamuntu mumuco (Psychologist and Anthropologist),…
1,300 total views