Urwandiko rwandikiwe Ab’itorero igice cya gatanu: Urabeho
Nabababereye ikitegererezo muri byose, yuko ariko namwe mukwiriye gukora imirimo ngo mubone uko mufasha abadakomeye, no kwibuka amagambo Umwami Yesu yavuze ati’Gutanga guhesha umugisha kuruta guhabwa’. Cyane cyane bababajwe n’ijambo yababwiye yababwiye yuko batazongera kumubona. Nuko baramuherekeza bamugeza ku nkuge…
1,466 total views
Dore igituma umuntu ava mu bujiji!
“…Niyo wakwiga ukaminuza, ukagwiza ubumenyi bwose bushoboka, ntabwo wakwitwa umunyabwenge.” Umwigisha yifashishije imirongo iboneka mu Gitabo cya mbere cya Samweli igice cya 25, yasangije abitabiriye iteraniro ryo ku cyumweru kuwa 19 Ukuboza 2021, muri CEP UR HUYE Campus iby’aya magambo….
978 total views
Ibyabahinduye babihinduje abandi: Ibyo Imana ikoresheje Korali Elayo muri Kigali
Korali Elayo mu rugendo rw’Ivugabutumwa I Kigali Muri Kaminuza Y’u Rwanda, Ishami rya Remera kuri uyu munsi tariki ya 12 ukuboza 2021 nibwo habaye Umuhango wo gusengera abayobozi bashya bazayobora Umuryango w’Abanyeshuri b’Abapantekote bakorera Umurimo W’Imana muri iyi Kaminuza mju…
1,806 total views, 4 views today
ese waba uzi igihe uzamara hano ku isi? ese igihe ukiriho ukwiriye gukora gute? gira amatsiko wumve icyo ukwiriye gukora.
dutangiye tubwirwa ko gukorera IMANA ntagihombo kirimo kuko iyo upfuye imirimo yawe iba irangiye, ariko igihe tukiriho dukore, twe gupfusha ubusa ubuntu twagiriwe/twahawe. Umutware w’imfura wari ugiye kwima ingoma mu gihugu cya kure, hanyuma asigira abagaragu be mina icumi ngo…
800 total views, 2 views today
Korali Elayo CEP UR HUYE ihuye n’Umushumba mukuru inshuro eshatu mu mezi atatu,ibi bivuze iki?
Korali elayo ni imwe muri korali enye zikorera Umurimo w’Imana muri kaminuza y’U Rwanda muri CEP UR HUYE.Kuri iki cyumweru tariki ya 12 ukuboza 2021 bitaganyijwe ko izaba iri mu mujyi wa Kigali ikaba ariho izahurira n’Umushumba mukuru w’Itorero rya…
1,492 total views
Ibi bintu birashimishije, irebere nawe icyo umushumba mukuru Pastor Ndayizeye Isaie yaganirije abari mu gitaramo cyo gusengera abayobozi bashya ba CEP-UR HUYE CAMPUS
Nimwiyuhagire mwiboneze, mukureho ibyaha byo mu murimo yanyu bive imbere yanjye, mureke gukora nabi (Yesaya 1:16), kuri uyumunsi twagiriwe umugisha wo kubana n’umushumba mukuru ariwe Pastor Ndayizeye Isaie muri uyumuhango wo gusengera abayobozi, sibyo gusa ni nawe wari umwigisha w’Ijambo…
808 total views
Korali Elayo iri kwitegura kujya I Kigali mu ivugabutumwa.
Korali Elayo imwe muri korali zikorera umurimo w’Imana muri Kaminuza y’U Rwanda,Ishami rya Huye kandi ibarizwa muri CEP UR HUYE,iri gutegura urugendo rw’ivugabutumwa mu mujyi mukuru w’i gihugu cy’u Rwanda ,KIGALI. Umuryango w’abanyeshuri b’abapantekote bakorera umurimo w’Imana muri kaminuza y’u…
1,810 total views