Ubuzima buhindutse bukiza nyirabwo, bugakiza n’abandi
. Iteraniro ryera ryo ku wa 18 Nyakanga 2021 muri CEP UR Huye campus umwigisha w’ijambo ry’Imana kuri uwo munsi IRADUKUNDA Carmene yagarutse ku buzima buhindutse bukiza nyirabwo , bugakiza n’abandi ugendeye ku buzima bwa Rahabu byumwihariko ubuzima bwe bumaze…
854 total views, 4 views today
Ukuboko kw’Imana kurakomeye izere byose birashoboka
Ukuboko kw’Imana kurakomeye izete byose birashoboka. Barutimayo arakira, agakobwa ka Yayiyo karabyuka, Lazaro na we arakanguka. Ikigisho cyacu cyo kuri uyu munsi turagaruka ku bushobozi bw’ukuboko kw’Imana nicyo bidusaba kugira ngo natwe tubone imbaraga zuko kuboko aricyo kwizera. Iyo usomye…
1,048 total views
Urwandiko rwandikiwe ab’Itorero Igice cya kane: Nubwo bamugaya ariko nabo bifitemo uwo mwuka/bameze nkawe (Tobiya).
Mu buzima bwa bamwe mu bizera, barigukuza ibyo kugenzura icyo abandi babakorera kuruta kugenzura ibyo bo bakorera abandi. Nyamara ubuzima bw’urubanza ntibuzashingira kubyo abandi badukorera ahubwo buzashingira kubyo tubakorera. Aramubwira ati “Namwe abigishamategeko muzabona ishyano, kuko mwikoreza abantu imitwaro idaterurwa,…
982 total views, 2 views today
Menya bimwe mu bintu biranga umuntu wera imbuto zigumaho
Mugende nk’uko bikwiriye ab’umwami wacu, mu munezeze muri byose, mwere imbuto z’imirimo myiza yose kandi mwunguke kumenya Imana(Abakorosayi1:10), wakibaza ngo uku kwera kuvugwa nibwoko ki, gusobanuye iki? Kwera imbuto ni ukubaho imibereho yerekana ko hari impinduka yaje mu buzima bwawe…
1,440 total views
Abayobozi bashya ba CEP UR HUYE
Kuri uyu wa Gatandatu, Tariki ya 18 Nzeli 2021,nibwo amatora yari yitezwe muri CEP UR HUYE,Ubwo hari hagiye gutorwa Komite nyobozi nshya isimbuye iyari isanzweho yayoborwaga na Gashugi Yves. ni igikorwa cyatangiye ku isaha ya saa munani zuzuye. Iki gikorwa…
1,350 total views
Ninde ugiye gusimbura GASHUGI YVES ku mwanya wa Prezida wa CEP UR HUYE?
Kuri uyu wa Gatandatu hararara hamenyekana Perezida wa CEP UR HUYE,akaba agiye gusimbura Gashugi Yves wari Umaze Igihe cy’Imyaka ibiri ayobora Umuryango w’abanyeshuri b’abapantekote bakorera umurimo w’Imana mu kaminuza y’U Rwanda,Ishami rya Huye. CEP UR HUYE igira amatora buri mwaka…
1,205 total views
Kurikirana new melody choir namwe mu mafoto yabo muri iki gitarane cyahinduye imitima ya benshi kuri uyumunsi wa karindwi w’igiterane cy’ivugabutumwa
Mu gitondo cyo kuri uyumunsi wo ku cyumweru arinawo munsi wanyuma w’igiterane cy’ivugabutumwa, aho turi kumwe na New melody hamwe n’amakorali akorera umurimo w’Imana muri cep ur huye, n’umwigisha Pastor KARAYENGA Jean Jacques. Dushimiye Imana ikomeje kubana natwe no kutwereka…
624 total views, 2 views today
ubuturo bw’abera banesheje umunsi wa nyuma w’igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na CEP-UR HUYE kuwa 12 Nzeli 2021
Turi kumwe na Pastor KARAYENGA Jean Jacques, twigiye hamwe ijambo rivuga ngo ubuturo bw’abera banesheje. Dusome Ibyahishuwe 21:1-7. Uko turemwe twifuza kumenya iby’ahazaza hacu, rero tugire n’amatsiko y’ubuzima tuzabamo nyuma y’ubu buzima turimo, iyo twirengagiza gutekereza kubuzima tuzabamo nyuma yubu…
620 total views
Uburyo twagira ubuzima bunesha icyaha umunsi wa gatandatu w’igiterane cy’ivugabutumwa cyateguwe na CEP-UR HUYE kuwa 11 Nzeli 2021
Pastor KARAYENGA Jean Jacques ari nawe mwigisha wo kuri uyu mugoroba wa gatandatu, yatuganirije ijambo ry’Imana ryiza ryakose ku mutima waburi umwe wese, Ese nawe witeguye kugira byinshi ukura muri irijambo? yatangiye atuganiriza ijambo ry’Imana mu Ibyahishuwe3:5“Unesha ni we uzambikwa…
1,350 total views
Kurikirana new melody choir namwe mu mafoto yabo muri iki gitarane cyahinduye imitima ya benshi kuri uyumunsi wa gatandatu w’igiterane cy’ivugabutumwa
Kuri uyu munsi wa gatandatu ubanziriza uwanyuma w’igiterane cy’ivugabutumwa twari kumwe na New Melody Choir na Pst. KARAYENGA Jean Jacques. twatangiye igiterane cyacu dushima ndetse duhimbaza Imana ko yaturinze kandi imbabazi zayo zihoraho iteka ryose. twatangiranye na El- Elyoni Worship…
814 total views, 2 views today