Month: October 2022

reba igiterane gikomeye cyiswe “garuka ushime” cyateguwe na Cep Ur Huye/cyahembuye imitima ya benshi!!

0Shares

Kuri iki cyumweru kuwa 30.10.2022 CEP UR HUYE ikoze igiterane gikomeye yise garuka ushime kikaba cyaratumiwemo abaposte bose (abanyeshyuri bose barangije basengeraga muri uyu murya ngo) ndetse n’abandi bo mu yandi matorero (UR huye gospels associations) akorera umurimo w’Imana muri…

 1,004 total views

0Shares

kuki tugomba kwambara umwami Yesu kristo nk’umwambaro wacu wa buri munsi? wowe wambaye nde?

0Shares

  Ahubwo mwambare umwami yesu kristo, ese iyo urebye ubona wambaye uwuhe mwambaro? Ibyahishuwe 3:18 atugira Inama ngo tuze tumugureho imyambaro ihisha isoni z’ubwambure bwacu, pawulo yaravuze ngo nyamara singe uriho ahubwo ni kristo uriho muri njye. Ukurimo niwe utuma…

 888 total views

0Shares

Menya impamvu 5 (eshanu) zituma abantu bakomeza kwicwa n’inzara kandi batunze ibyo kurya byinshi.

0Shares

Nikibazo gikomeyecyane gusonza ukicwa n’inzara kandi ibiryo bihari ubireba, Abisirayeli banze kurya bicwa n’inzara kandi bareba ibyo kurya. nk’uko byari byahanuwe n’umuhanuzi Amosi, wari umwe mu bashumba b’i Tekowa, y’ibyo yabonye byerekeye ku Bisirayeli, ku ngoma ya Uziya umwami w’u…

 836 total views

0Shares

MENYA NIBI IGICE CYA KANE: ntabwo yaremewe kurimbuka, Ibyo yahawe nibyo byamuteye gukiranirwa acirwaho iteka.

0Shares

Nigake ushobora gusanga umuntu atekereza impamvu yavutse ari inzobe, igikara, arimunini, muto, mugufi cyangwa muremure. Akenshi abitekerezaho nkiyo bagenzi be babiganiriyeho ariko iyo hashize akanya ntiyongera kubitekereza. Nubwo ntacyo byagufasha cyane kubyibazaho ariko bishobora gutuma wibaza ku umuremyi wawe, bikagutera…

 1,272 total views

0Shares

Jesus said “repent for the kingdom of heaven is at hand” So how to repent?

0Shares

Sunday CEP UR HUYE fellowships on 23 October 2022 were blessed to be with Pastor Anthony Nicolas and his big team from America. In general, service started at 8:00 am by singing a song called “Nahawe Ubugingo”, from the book of…

 984 total views

0Shares

Urwandiko rwandikiwe ab’itorero igice cya cumi: benshi barabisomye(ma) ariko ntibabitekerezaho, burya nta ntwaro yakoresheje ahubwo yakoresheje amagambo (Goliyati).

0Shares

Hari abantu bavuga nabi ukagirango nibyo baremewe gukora kandi bitwa ko bakijijwe (aya magambo nayakuye kurukuta nkoranya mbaga rwa watsapu rw’umushumba wahamagariwe gutoza no kwigisha ku muryango “Pasitoro Desire Habyalimana). Abahanga mubijyanye n’imitekerereze (Psychologist) bavuga yuko kuvuga nabi bikomoka kukuba…

 1,774 total views

0Shares