NIYIRERA Yannick

Kurikirana Amateraniro yo kucyemweru tariki 27/12/2020 Cep Ur Huye

0Shares

Iteraniro rya tangiye saa mbili nigice, turamya no guhimbaza Imana dufashijwe na Eli elyon woshipteam . Umuyobozi witeraniro ni Francine iteraniro yatangije dushima imana ko yabanye natwe ikaturinda nindirimbo ebyiri zo mugitabo 111 gushimisha (yesu ndagukunda)  ndetse ni 102 mugakiza…

 1,366 total views,  4 views today

0Shares

“Abiringiye Uwiteka ntibazakorwa n’isoni” NIYOKWIZERWA Obed

0Shares

Dukwiye kwiringira Imana tukava kubantu  kuko ababyeyi bagutererana ariko Uwiteka niwe wenyine wokwiringirwa, abantu bafite byinshi  biringira ubwenge, imiryango,amafaranga,ubwiza ndetse ni inshuti ariko dukure amaso kubantu Twasomye ijambo ry’Imana ritubwira ngo ugushikamishijeho umutima uzamurinda abe amahoro masa ndetse Daniyeli n’abagenzibe…

 2,270 total views,  8 views today

0Shares

Ukuri ku nzoga, Bibiliya ibivugaho iki?

0Shares

Benshi mubakristo usanga batanywa inzoga ariko wamubaza impamvu rimwe na rimwe kubisobanura bikamubera ihurizo rikomeye,imbere yabatizera cyangwa abo badahuje kwemera. Reka twibaze ibi bibazo: Ese koko INZOGA n’icyaha? Bibiliya ibivugaho iki? Twifashishije bibiliya yera reka tubashe gusubiza biriya bibazo twibajije…

 3,689 total views,  4 views today

0Shares

Kurikirana Amateraniro yo kuwa gatanu tariki 14 Gashyantare 2020 muri CEP

0Shares

Amateraniro yatangiye woshipteam idufsha kuramya no guhimbaza Imana indirimbo zahembuye imitima y’abenshi Umuyobozi wagahunda yitwa RUKUNDO Achille. Twatangiranye n’indirimbo ya 99 mugakiza ivuga “Nshatse kugukurikira buri munsi mwami Yesu” Isomo twakura muri iyi ndirimbo ni uko ntahandi twajya ndetse ntayindi…

 1,755 total views,  4 views today

0Shares