Ibyigisho

“tube maso” Maombe Barnabe

0Shares

Yohana10;11

Matayo 25:11

Matayo 7:22-23

Umwigisha: Maombe barnabe

Intego: kuba maso

Impamvu tuba maso ni iyihe?

Aha usanga abantu benshi birinda mu bund iburyo akenshi usanga abantu birinda bakoresheje imbwaariko ijambory’ Imana ridusaba kuba maso iyo dusomye umugani waciwe na yesu wa bakobwa icumi ari batanu babapfu bivuze usanga hari abaririmbyi cg abanyamasengesho babapfapfa bari mu itorero hari nirindi jambo rivuga ngo umujura nazanywa nikindi uretse kwiba, kwica no kurimbura nukorero mube maso umwigisha yakomeje avuga ko iyo satani aje kukwiba ntabwo azamuyindi sura ariko afite amayoberane menshi nkuko yaziye adamu muri edeni ariko tukamuseka ibaze wowe Imana ikubwira kangahe ngo wirinde ukabirengaho yakomeze avuga hari ahantu dawidi atabaye maso ubwo yangaga kujya ku rugamba akaza gusambanya umugore wa bandi hamwe na samusoni kuko atabaye maso bituma bamunogoramo amaso yavuga ko uru rugendo turimo rwo kujya mu ijuru arimo ivumbi ryinshi harimo abenshi bawuguyemo akenshi abantu bavuga bati njyewe naririmbye hanon abansigaye hari nabandi baririmba tugafashwa, hari n abahanuzi bahanura bikaba ariko Imana itabazi ariko hari igihe Imana izerura akenshi usanga abakristu benshi basenga ariko bakavuga ko bagomba kugendana n igihe usanga baravanga iby ‘Imana n iby isi avuga ko twigenzure turebe ko twanditse mu gitabo cyo mu ijuru naho kumenywa na bantu ntacyo bimaze kuko mu ijuru nta muntu uzavuga icyo yaricyo mu isi nukorero mu bihe turimo tugomba kuba maso kuko ari ibihe bigoranye kuko twananiwe kuba maso amadini arazamuka ariko n ibyaha bizamuka, kera waruraga n umuntu mukuzura umwuka wera ariko ubu murahura, umwuka wirari ukaba ariwo uzamuka cyangwa umwuka w ishyari mbese twaribwe

Twogere twigenzure kurebe ko amazina yacu yanditswe mu gitabo cy ubugingonuko dusenge, turirimba tuyubaha tutazabura ijuru

 1,140 total views,  2 views today

0Shares

LEAVE A RESPONSE

Your email address will not be published.

%d bloggers like this: