Ibyigisho

Umurimo wakorera Imana ikakwemera

0Shares

Umwigisha: nzaramba JEAN PAUL
Yosuwa 24:15
Abaroma12:1
Intego: umurimow’Imana ni uwuhe?
Iyo nje kwigisha hano buri gihe nezezwa nuko mu kiri bato bituma mwumva vuba
Twibaze ibibazo bibiri 1. Ni iki wakora kugira ngo ikwemere( kugira ngo Imana ikwemera ni iki uba wakoze? Nkunda kwibaza akenshi iyo ngiye kubwiriza abantu baba baziko ndi umukozi kuko adepr ishobora kunyemera nk umukozi ark Imana itanyemera tuze gutekereza iki kibazo ataba ari ukuba twarahinduye amadini gusa ark Imana itatwemera aha yosuwa we yemeje ko we n inzu ye ko atakorera Imana ntabwo ko azabayobora/azakorere idini kuko hari abari mu madini batayubahisha ahubo yashaka kuvuga ko aho we na abana be aho azaba bari ko Imana izabura icyubahiro
Yakomeje asesengura umurongo uri mu baroma 12:1 aho bavuga ko imibiri yacu ibe ibitambo byera bishimwa n Imana yatanze urugero avuga batazamuvuga ku maradiyo akagira niwo murimo w’Imana oya, ntabwo ari umurimo w’imana ni ukwera abwira abaririmbyi batazabona baririmba bakagira ngo bagezeyo oya, ahubwo bagomba kwera akomeze uvuga ku gitambo bavuga muri uno murongo abaraba mbese kera igisambo batangaga cyabaga kimeze gite? Iki gitambo cyabaga gifite amabwiriza abiri
1.Abanzaga igapfa

  1. Nta nenge gifite
    Rero nuko Yesu atugejwe kuko yabajwe abatwica akomeje avuga ko tugomba kubabara tugagira ni shyaka ryo guhindura ibyo tubona mu murimo w’Imana urugero ugasaga umuntu ahindura amakorari ibi ntabwo ari byo bikomeye ahubwo igikomeye ni nuko nawe uhinduka neza akavuga tugomba gukora kugira ngo Imana itwemere Atari kufasha kwemerwa n’abantu kuko Atari bo baduhamagaye twahamagawe n Imana tureke ibyo kuvuga ko tuzavuga ubutumwa ahantu hatandukanye ahubwo tekereza ukuntu uzaba igitambo cyera gishimwa n Imana
    Ikibazo cya kabiri :ni iki dutanga gihwanye n umurimo w’Imana? Tuve mu buyobe bwo kuvuga ko uzaza ibikoresho byo mu nzu y’ Imana kuko udakijijwe ntabwo Imana yakwemeye kuko Imana idashukwa n amafaranga kuko bibiliya iravuga ngo ibiri mu isi ko ari ibyayo
    Ariko hari ikintu cyatuma Imana ikwemera nuko warekura kamere Imwe yakubase kuko Imana idashiturwa nuko wazanye ibikoresho runaka urugero hariho umugabo wamaze imyaka cumi n itanu abwiriza abantu bamwemera ariko Imana iza kumugayira mu bera Imubwira ko itaramubona icyo Imana ishaka rekura kamere
    Abagalatiya 5:19 harimo ibintu tugomba kurekura
    Gusambana
    Gukora iby isoni nke
    Gusenga ibishushanyo
    Kuroga
    Kwangana
    Gutongana
    Kugirira abandi Ishyari
    Kugira Amahane
    Kwitandukanya n abandi
    Kwirema ibice
    Kugumanywa
    Gusinda
    Ibiganiro bibi
    Ibindi bisa bityo
    Nuko rero ukora bimwe muri ibi ntabwo rwose azaragwa ubwami bw’Imana pe nuko rero rwana intambara ubisubize se wabyo Satani
    Abagalatiya 5:22 rero iyo urekuye kamere zawe hari ibyo YESU aguha akakuguranira
    1.aguha kugira urukundo rw’ imana nkuko bibiliya itivuguruza iki nikintu mose yavuze
    2.aguha ibyishimo Atari ibimeze nk ikinya abakristo bino minsi baje gufata mu rusengero ariko bava mu iteraniro bakongera bakabibura
  2. aguha Amahoro
  3. aguha Kwihangana tugomba kugira kamere nkiya Yesu yo kwihangana
    5.kugira neza
    6.gukiranuka iyi ni intwaro y umwuka irinda igituza
    7.kugira ingeso nziza, hano reba ibwo bakuziho niba ari byiza
    8.kugwa neza ni imbusano y umushiha
    9.kwirinda ni ingenzi muri uno murimo yatanze urugero rw umugore wasenganye n umusore amasengesho y iminsi irindwi ark barangiza basambaye
    Ibi byo atanga nta mategeko abihana ariko bimwe tuzahindura amategeko arabihana
    shalommmmmmmmm
Evang. Jean Paul Nzaramba

 1,760 total views,  2 views today

0Shares

LEAVE A RESPONSE

Your email address will not be published.

%d bloggers like this: